• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bwa mbere, umukuru w’igihugu c’u Burundi, yashinje umutwe wa Red Tabara, gufashwa n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
December 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatanu, tariki 29/12/2023, yashinje leta ya Kigali, gufasha u mutwe wa Red Tabara.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni mu kiganiro yahaye itangaza Makuru ubwo yari muri Komine ya Kigamba, mu Ntara ya Cankuzo, mu gihugu c’u Burundi.

Nk’uko umukuru w’igihugu c’u Burundi, ya bivuze yagaragaje ko igihugu c’u Rwanda, cyagiye gicumbikira umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya leta y’u Burundi.

Yagize ati: “U Rwanda, rwari ru kwiye kureka gufasha u mutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, bitazaja guteranya abaturage b’i bihugu byombi.”

Perezida Evariste Ndayishimiye, ya navuze ko hoba hari abarundi, bifatanije n’umutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ati: “Hoba hari abarundi bagiye gufatanya na M23, mu guhungabanya umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.Iperereza ry’u Burundi, rifite amakuru ahagije ko abo Barundi, arabo mu mutwe w’Inyeshamba wa Red Tabara, abo leta ya Bujumbura yitako ari umutwe w’iterabwoba.”

Evariste Ndayishimiye, yaje kubazwa ikibazo kigira kiti: kugeza ubu leta y’u Burundi, isabwa iki na Red Tabara?

Perezida yasubije ati: ” Ese ubundi boza gusaba iki? Ntacyo boza gusaba kuko bariya n’abicanyi! birirwa bica impinja.”

Yakomeje agira ati: “Botubwira ngo kugira tureke kwica impinja nimukore ibi.”

Ubushize Umutwe wa Red Tabara, wagabye igitero, mu Gatumba, mu gihugu c’u Burundi, cyasize gihitanye abarimo abasirikare n’abasivile bagera kuri 20, b’u Burundi.

Perezida Evariste Ndahishimiye, yavuze biriya mu gihe umuryango w’Abibumbye, wasohoye icyegeranyo gishinja Ingabo z’u Burundi, kwa mbara umwambaro w’igisirikare ca FARDC, no kwifatanya na Wazalendo ndetse na FDLR, yasize ikoze Genocide mu Rwanda, mu mwaka w’1994.

N’imugihe kandi Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri Kivu y’Amajy’epfo, zishinjwa gusambanya abagore kungufu no guhotera abaturage.

Ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi (10), u mutwe wa M23, werekanye Abasirikare barenga 5, b’u Burundi, bafatiwe k’urugamba, bahanganyemo na FDLR na Wazalendo. Ni mu mirwano yagiye ibera muri teritware ya Nyiragongo na Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda

Tags: Bwa mbere umukuru w'igihugu c'u BurundiEvariste NdayishimiyeYashinje umutwe wa Red Tabara gufashwa n'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa Red Tabara, bidasubirwaho, wanyomoje ibya tangajwe na perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko bafashwa na leta ya Kigali.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?