• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bwa mbere, umukuru w’igihugu c’u Burundi, yashinje umutwe wa Red Tabara, gufashwa n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
December 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatanu, tariki 29/12/2023, yashinje leta ya Kigali, gufasha u mutwe wa Red Tabara.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ni mu kiganiro yahaye itangaza Makuru ubwo yari muri Komine ya Kigamba, mu Ntara ya Cankuzo, mu gihugu c’u Burundi.

Nk’uko umukuru w’igihugu c’u Burundi, ya bivuze yagaragaje ko igihugu c’u Rwanda, cyagiye gicumbikira umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya leta y’u Burundi.

Yagize ati: “U Rwanda, rwari ru kwiye kureka gufasha u mutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, bitazaja guteranya abaturage b’i bihugu byombi.”

Perezida Evariste Ndayishimiye, ya navuze ko hoba hari abarundi, bifatanije n’umutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ati: “Hoba hari abarundi bagiye gufatanya na M23, mu guhungabanya umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.Iperereza ry’u Burundi, rifite amakuru ahagije ko abo Barundi, arabo mu mutwe w’Inyeshamba wa Red Tabara, abo leta ya Bujumbura yitako ari umutwe w’iterabwoba.”

Evariste Ndayishimiye, yaje kubazwa ikibazo kigira kiti: kugeza ubu leta y’u Burundi, isabwa iki na Red Tabara?

Perezida yasubije ati: ” Ese ubundi boza gusaba iki? Ntacyo boza gusaba kuko bariya n’abicanyi! birirwa bica impinja.”

Yakomeje agira ati: “Botubwira ngo kugira tureke kwica impinja nimukore ibi.”

Ubushize Umutwe wa Red Tabara, wagabye igitero, mu Gatumba, mu gihugu c’u Burundi, cyasize gihitanye abarimo abasirikare n’abasivile bagera kuri 20, b’u Burundi.

Perezida Evariste Ndahishimiye, yavuze biriya mu gihe umuryango w’Abibumbye, wasohoye icyegeranyo gishinja Ingabo z’u Burundi, kwa mbara umwambaro w’igisirikare ca FARDC, no kwifatanya na Wazalendo ndetse na FDLR, yasize ikoze Genocide mu Rwanda, mu mwaka w’1994.

N’imugihe kandi Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri Kivu y’Amajy’epfo, zishinjwa gusambanya abagore kungufu no guhotera abaturage.

Ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi (10), u mutwe wa M23, werekanye Abasirikare barenga 5, b’u Burundi, bafatiwe k’urugamba, bahanganyemo na FDLR na Wazalendo. Ni mu mirwano yagiye ibera muri teritware ya Nyiragongo na Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda

Tags: Bwa mbere umukuru w'igihugu c'u BurundiEvariste NdayishimiyeYashinje umutwe wa Red Tabara gufashwa n'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa Red Tabara, bidasubirwaho, wanyomoje ibya tangajwe na perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko bafashwa na leta ya Kigali.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?