• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bwa mbere, umukuru w’igihugu c’u Burundi, yashinje umutwe wa Red Tabara, gufashwa n’u Rwanda.

minebwenews by minebwenews
December 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatanu, tariki 29/12/2023, yashinje leta ya Kigali, gufasha u mutwe wa Red Tabara.

You might also like

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ni mu kiganiro yahaye itangaza Makuru ubwo yari muri Komine ya Kigamba, mu Ntara ya Cankuzo, mu gihugu c’u Burundi.

Nk’uko umukuru w’igihugu c’u Burundi, ya bivuze yagaragaje ko igihugu c’u Rwanda, cyagiye gicumbikira umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya leta y’u Burundi.

Yagize ati: “U Rwanda, rwari ru kwiye kureka gufasha u mutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, bitazaja guteranya abaturage b’i bihugu byombi.”

Perezida Evariste Ndayishimiye, ya navuze ko hoba hari abarundi, bifatanije n’umutwe wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ati: “Hoba hari abarundi bagiye gufatanya na M23, mu guhungabanya umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.Iperereza ry’u Burundi, rifite amakuru ahagije ko abo Barundi, arabo mu mutwe w’Inyeshamba wa Red Tabara, abo leta ya Bujumbura yitako ari umutwe w’iterabwoba.”

Evariste Ndayishimiye, yaje kubazwa ikibazo kigira kiti: kugeza ubu leta y’u Burundi, isabwa iki na Red Tabara?

Perezida yasubije ati: ” Ese ubundi boza gusaba iki? Ntacyo boza gusaba kuko bariya n’abicanyi! birirwa bica impinja.”

Yakomeje agira ati: “Botubwira ngo kugira tureke kwica impinja nimukore ibi.”

Ubushize Umutwe wa Red Tabara, wagabye igitero, mu Gatumba, mu gihugu c’u Burundi, cyasize gihitanye abarimo abasirikare n’abasivile bagera kuri 20, b’u Burundi.

Perezida Evariste Ndahishimiye, yavuze biriya mu gihe umuryango w’Abibumbye, wasohoye icyegeranyo gishinja Ingabo z’u Burundi, kwa mbara umwambaro w’igisirikare ca FARDC, no kwifatanya na Wazalendo ndetse na FDLR, yasize ikoze Genocide mu Rwanda, mu mwaka w’1994.

N’imugihe kandi Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri Kivu y’Amajy’epfo, zishinjwa gusambanya abagore kungufu no guhotera abaturage.

Ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi (10), u mutwe wa M23, werekanye Abasirikare barenga 5, b’u Burundi, bafatiwe k’urugamba, bahanganyemo na FDLR na Wazalendo. Ni mu mirwano yagiye ibera muri teritware ya Nyiragongo na Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda

Tags: Bwa mbere umukuru w'igihugu c'u BurundiEvariste NdayishimiyeYashinje umutwe wa Red Tabara gufashwa n'u Rwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya

Jean Maurice Uwera Yagizwe Umuvugizi Wungirije wa Leta y’u Rwanda: Ibyo Ukeneye Kumenya ku Muvugizi Mushya Ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, Perezida w’u Rwanda,...

Read moreDetails

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda

Perezida Museveni yibutsa Amateka y’Urugamba rwo mu Mashyamba, Anenga Igitutu cy’Amahanga ku Miyoborere ya Uganda Mu ijambo rikomeye ryagarutse ku mateka n’icyerekezo cya politiki ya Uganda, Perezida Yoweri...

Read moreDetails

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make

Ishimutwa ry’Imishahara mu Gisirikare cy’u Burundi: Harasabwa Umucyo ku Mafaranga Yaburiwe Irengero mu Masaha Make Mu gihe igihugu cy’u Burundi gikomeje guhura n’imbogamizi z’ubukungu n’imibereho igoye ku baturage...

Read moreDetails

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026

RDC Yashizwe mu bihugu bya Afurika bifite igisirikare gikomeye kurusha ibindi muri 2026 Mu mwaka wa 2026, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yongeye kugaragara ku rutonde rw’ibihugu...

Read moreDetails

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana

Uko Igeragezwa ry’Intwaro za Kirimbuzi Rigenda Risigira Isi Ibikomere Bitazibagirana Raporo nshya yashyizwe ahagaragara n’umuryango Norwegian People’s Aid (NPA) igaragaza ishusho iteje impungenge ku ngaruka ndende z’igeragezwa ry’intwaro...

Read moreDetails
Next Post

Umutwe wa Red Tabara, bidasubirwaho, wanyomoje ibya tangajwe na perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko bafashwa na leta ya Kigali.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?