• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

BYAMAZE KUMENYEKANA KO L’ETA Y’IKINSHASA TARIKI 07.02.2023, YINJIJE ABANDI BACANSHURO 130, MURI GOMA.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abacanshuro hafi 130 bashya binjiye muri RDC

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Muri gahunda yo gukomeza kwitegura intambara aho guha agaciro inzira y’amahoro, leta y’Ikinshasa, yongeye kw’injiza Abacanshuro bashya bagera ku 130, basanga abandi barimo gufatanya n’ingabo za Leta(FARDC), mu guhangana n’umutwe wa M23.

Ni abacanshuro ba gisirikare baturutse i Bucharest muri Romania bo muri Bulgaria, bageze mu mujyi wa Goma ku wa Kabiri tariki 07.02.2023.

Amakuru aturuka mu gisirikare ca FARDC yemeje ko “bacumbikiwe muri La Joie Plazza Hotel.”

Aya makuru avuga ko uyu mubare uratuma abacanshuro bose hamwe bagera muri 340, bari mu ntambara muri Eastern ya RDC.

Ni ikimenyetso gishimangira ko Leta ya RDC ikomeje inzira yo gushaka intambara, aho kubahiriza ibiteganywa mu nzira y’amahoro irangajwe imbere n’ibihugu by’akarere k’ibiyaga bigari (ICGLR) binyuze mu biganiro byabereye i Luanda, ndetse n’ubuhuza buyobowe n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, mu biganiro bya Nairobi.

Ministre w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta, mu kwezi gushize yabwiye abadepite ko umubano na RDC atari mwiza, nubwo hari uburyo Akarere kashyizeho ko gukemura ikibazo.

Yavuze ko hari imikoranire yeruye ya FARDC na FDLR, ndetse bakomeje gufatanya mu kugaba ibitero kuri M23, ndetse ngo “ntibasiba no kuvuga ko ubundi bazagera no mu Rwanda”.

Yakomeje ati “Nabibabwiye ibyabaye mu minsi yashize birimo n’izi ndege zimaze iminsi zinjira mu kirere c’u Rwanda, nakongeraho ko mwabonye mu minsi yashize ko hari abacanshuro leta ya Congo yazanye, ngo baba Goma hariya, bajya bavuga ko bageze kuri 300, ni ibintu biriho ku mugaragaro.”

Yavuze ko hari amasezerano y’Ubumwe bwa Afurika yasinywe ku wa 3.5.1977, agamije kuvanaho ubucanshuro ku mugabane wa Afurika.

Yakomeje ati “Harimo inshingano za buri gihugu ziri muri ayo masezerano, ntabwo uyu munsi hari hakwiye kuba hari abacanshuro baza ku mugaragaro ngo bagenze kuriya, ntihagire ababyamagana.”

Nyamara ngo bikorwa muri RDC ku mugaragaro, kandi bigakorwa hagamijwe “kuzatera u Rwanda.”

Ni ibintu yavuze ko biriho, ariko ashimangira ko aba basirikare ba FARDC n’abacanshuro nibatera u Rwanda, “bazakirwa uko baje”.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

MWISOKO YAGANU MU MINEMBWE, IBICIRO BYARI HEJURU BIDASANZWE! CANE KUBIRIBWA.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?