Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Byamaze kumenyekana Ko RDC Yaguze Indege Zintambara Mubushinwa Zizayifasha Guhangana N’a M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 22, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yaguze Drones z’intambara izikuye mugihugu cu Bushinwa ngo zifashe igisirikare cabo guhangana n’inyeshyamba zo mu mutwe wa M23.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na: Bruce Bahanda, k’witariki ya 22.05.2023, saa 7:10 pm, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Drone zigera kuri Zitatu(3), zomubwoko bwa CH-4, zageze mucumweru gishize i Kinshasa kumurwa mukuru waho, ziguzwe nigisirikare cyiki gihugu nkuko ayamakuru tuyasanga kurubuga rwa
Africa Intelligence.

Izo drone zikaba zaraguriwe mugihugu cu Bushinwa mukigo cya China Aerospace Science and Technology Corporation(CASC).

Leta ya Président Félix Antoine Tshisekedi, iguze izi Drone kugira bazazifashije muguhangana ninyeshamba za M23, nkuko Africa Intelligence, ikomeza ibitangaza.

Byanatangajwe ko kandi ukwezi kwa 9 uyu mwaka 2023, bazakira izindi drone zitatu ndetse nomumpera z’uyu mwaka mukwezi kwa 12 bazoherezwa izindi nazo zitatu.

Gusa kurubu haragahengwe kamahoro Muburasirazuba bw’iki gihugu kumpande zombi, ariko hari amakuru avuga ko FARDC cyangwa M23 bakomeje kwisuganya ku buryo hari ubwoba bw’uko imirwano ikomeye ishobora kubura.

Mucumweru gishize, byatangajwe ko ingabo za Republika ya Democrasi Congo (Fardc), zakomeje kohereza ibibunde bikaze muri Teritware ya Masisi ndetse no muri Kibumba iherereye muri Teritware ya Nyiragongo.

Ni nyuma y’uko impande zombi zinaniwe gushyira iherezo ku makimbirane zifitanye biciye mu nzira ya dipolomasi.

Usibye izi drones, iki gihugu kinamaze iminsi mu biganiro n’u Bushinwa bwifuza kukigurisha indege z’intambara zo mu bwoko bwa Chengdu FC-1 Xialong ndetse n’izindi zo mu bwoko bwa Chengdu J-10.

Byitezwe ko iby’izi ndege bishobora kuganirwaho mu mpera z’uku kwezi hagati ya Président Félix Antoine Tshisekedi na mugenzi we Xi Jinping, ubwo uyu Perezida wa Congo Kinshasa azaba yasuye u Bushinwa.

Drones zo mu bwoko bwa CH-4 Congo yakiriye byitezwe ko zigomba kwiyongeraho izindi zo mu bwoko bwa MQ-9 Reaper z’Inyamerika, zikazaba zifite ibirindiro ku kibuga cy’indege cya gisirikare cya Kavumu giherereye mu bilometero bibarirwa muri 30 ugana mu majyaruguru y’umujyi wa Bukavu.

Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

President Félix Tshisekedi, Asigaranye Amezi 6 Gusa, Manda Ye Yambere Ikirangira, Muriyi Manda Igihugu Cyabaye Mubihe Birushya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?