• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, August 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

President Félix Tshisekedi, Asigaranye Amezi 6 Gusa, Manda Ye Yambere Ikirangira, Muriyi Manda Igihugu Cyabaye Mubihe Birushya.

minebwenews by minebwenews
May 23, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihererekanyabubasha ryubutegetsi, muri RDC hagati ya President Joseph Kabira na Félix Tshisekedi ryabaye mu mahoro, tariki 09.01.2019, President Joseph Kabila warucyuye igihe na President Félix Tshisekedi, waje yishimiwe.

You might also like

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Abarihirya nohino kw’Isi bose bashimiye iki gihugu ndetse na President Joseph Kabira warumaze imyaka 18 ari umukuru wiki gihugu mbese harihaje andi maraso mashya President Félix Tshisekedi Antoine Tshilombo, wavutse mumwaka wa 1963/13/06.

Byagaragaye nkinkintu gituritse muri RDC, kuko kuva kera guhera mumwaka wa 1963, iki gihugu cyaranzwe no guhirika ubutegetsi ndetse n’igisirikare gikomeza kurangwa n’a ruswa, imiyoborere mibi nibyo byakomeje kuranga RDC .

Kuza kwa Tshisekedi, murubwo buryo, Abanyecongo benshi babibonye ko byari intangiriro yo gushimangira Demokarasi ya RDC no kubaka umubano wa leta na sosiyete. N’ubwo hari ibitari byagenze neza Mumatora yatumye Felix Tshisekedi yinjira ku butegetsi, abaturage ba Kongo bizeye impinduka nziza mu mibereho yabo yarimbere.

Tshisekedi amaze imyaka ine(4), ku butegetsi kandi yiteguriye amatora mashya yomuri uyu mwaka wa 2023.

Ni izihe ngaruka zatewe n’ibyo Abanyekongo bakunze kubona ko ari ihererekanyabubasha ry’ubutegetsi kuva Joseph Kabila avuye kungoma agatsimburwa na President Félix Tshisekedi ?

Ibyabaye kuri DRC kuva icyo gihe ni uko imibereho yabaturage biki gihugu yarushijeho kuba mibi muburyo budasanzwe mu mijyi itandukanye kandi ituwe nabantu benshi.

Kuva Félix Tshisekedi yajya ku butegetsi, ibintu byarushijeho kuyangara muri RDC, ubwicanyi bwakorwaga amanywa n’ijoro bwikuba inshuro nyinshi, ndetse iterambere ryifuzwaga rikomeza kuba mu ndoto.

Tshisekedi ubwo yiyamamazaga, yasezeranyije abaturage ba Congo ko azaharanira ko iki gihugu cya kabiri mu bunini muri Afrika kizazamura ubutunzi bwacyo ku buryo kizahinduka u Budage bwa Afrika.

Kugeza magingo aya, byabaye nkinzozi zaninjoro, iterambere ryagumye mu byifuzo ku buryo n’ibikorwa remezo by’ibanze bitaraboneka mu gihe manda ye iri kugana ku musozo.

Nyuma y’iminsi mike atangiye kuyobora, yasezeranyije abaturage ko agiye gukemura ikibazo cy’umutekano muke. Mu ngamba zihuse yashize mu bikorwa, harimo gushyiraho ibihe bidasanzwe mu Burasirazuba bw’igihugu.

Ni gahunda yajyanye no gukuraho ubuyobozi bwa gisivile bugasimbuzwa ubwa gisirikare. Aho kugira ngo amahoro aboneke, ibintu byarushijeho kuja idobwe, imitwe yitwaje intwaro ivuka ubutitsa kandi imwe iterwa inkunga na leta.

Tshisekedi amaze kubona kobyanze nibwo yatangiye kwereka abaturage bigihugu cye abumvisha ko ibibazo byose igihugu gifite bituruka ku Rwanda, ko arirwo ruri inyuma ya M23 n’ibindi nk’ibyo.

Ariko nambere yuko M23 yubura imirwano, ibintu byari akajagari mu gihugu(hagati muriyi myaka 2017-2020), ahanini mumisozi miremire y’Imulenge(High Land Of Mulenge), harintambara zabicaga bigacika nimugihe imitwe irimo Maï Maï na Red Tabara zarimo zisenyera Abanyamulenge, muri Rurambo, Minembwe, Bibogobogo, Mibunda ndetse n’indondo ya Bijombo aha akaba ari muri Kivu yamajy’Epfo.

Nyuma yumwaka umwe gusa President Félix Tshisekedi, arahiriye kuba President wicyo gihugu, Ishirahamwe mpuzamahanga rya Amnesty international, kuya 24.01.2020, ryatangaje ko “RDC irimo umutekano mubi kandi ko no kudahana abakoze ibibi biri mubituma iki gihugu gikomeza kuja mukaga kintambara zurudaca.”

Mwiryo tangazo ryavuze ko kandi “kudahana bikomeje kubangamira uburenganzira bwamuntu no kudindiza iterambere ry’iki gihugu.”

Gusa bikavugwa ko Félix Tshisekedi, akigera ku ngoma yakoze igikorwa cashimishije amahanga aho bivugwa ko yababariye infungwa za Politike ndetse murico gihe yemereye abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa bari mumahanga abasaba gutahuka bakubaka Igihugu cyabo.

Umuyobozi mukuru wa Amnesty international muri Afrika y’Epfo niburasirazuba, yagize ati: “President Félix Tshisekedi, yateye intambwe nziza mukubabarira infungwa ndetse nokwemerera abatavuga rumwe n’ubutegetsi baba mumahanga gutahuka.”

Ariko muricogihe muri RDC, harimyigaragambyo yamaganaga uburyo President Félix Tshisekedi, yagiye kungoma, twavuga nkimyigaragambyo yabaye Tariki 17.01.2020, iyi yari yateguwe nuwitwa Martin Fayulu, murikigihe abarenga 10 biciwe muriyo myigaragambyo nkuko tubikesha Inkuru ya BBC yatariki 24.01.2020.

Ikindi nuko nyuma yamezi gusa icumi nabiri 12, President Félix Tshisekedi atowe kuba umukuru wigihugu, inyeshamba zo mumutwe wa ADF zagabye igitero gikomeye muri Beni bica abaturage bagera kuri 206 hagati ya tariki 30.10.2019 na tariki 16.12.2019.

Manda ye isa nihayisatira umusozo dore ko asigaranye amezi agera kuratandatu(6) gusa nubwo nawe ari muba kandinda baziyamamariza kuba umukuru wigihugu, ariko muriyi manda ye yambere ya Félix Tshisekedi yaranzwe nintambara zabaye hirya nohino mugihugu, ubwicanyi ndetse nabaturage benshi guhunga bata izabo.

Tags: Félix TshisekediIbihe birusha by'intambara.Manda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

by Bahanda Bruce
July 29, 2026
0
RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho

RDC: Impaka kuri Manda ya Gatatu ya Perezida Tshisekedi Zirushaho Gukaza Umurego mu Gihe Isesengura Rishya Riburira ku Ngaruka Zishobora Gukurikiraho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe impaka...

Read moreDetails

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

Loni Yagaragaje Ikibazo Cy'Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n'Ikoreshwa Ry'Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu ijambo yagejeje ku ruhando mpuzamahanga, Umunyamabanga Mukuru w'Umuryango w'Abibumbye...

Read moreDetails

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego

Impagarara mu Burasirazuba bwa RDC: Raporo ivuga ko Ingabo z’u Burundi zikomeje kwinjira muri Kivu y’Amajyepfo mu gihe imirwano hagati ya FARDC na AFC/M23 ikomeje gukaza umurego MINEMBWE...

Read moreDetails

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées

by Bahanda Bruce
July 20, 2026
0
Tshisekedi Yatangaje Ikiganiro Cyagutse Kizahuza Abanyekongo Bose: Dore Ibyamaze Kwemezwa, Ibigiye Gukorwa n’Ibizagenderwaho

Les raisons du report de la visite du Président Tshisekedi à New York ont été révélées MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Le Président de la République démocratique du Congo...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails
Next Post

Abapolisi 20, Bakomerekeye Mumyigaragambyo I Kinshasa, Basuwe Na Président Félix Tshisekedi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?