• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byavuzwe ko FDLR ikorera Guverinoma ya Kinshasa kurusha uko igisirikare cy’iki gihugu kiyikorera.

minebwenews by minebwenews
September 9, 2024
in Regional Politics
0
Byavuzwe ko FDLR ikorera Guverinoma ya Kinshasa kurusha uko igisirikare cy’iki gihugu kiyikorera.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byavuzwe ko FDLR ikorera Guverinoma ya Kinshasa kurusha uko igisirikare cy’iki gihugu kiyikorera.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni amakuru yashyizwe hanze n’igitangaza makuru cya Igihe nyuma y’uko cyari cyahawe aya makuru na Rwangabo uheruka gutoroka abarwanyi ba FDLR.

Rwangabo yari afite ipeti rya Sergeant mu barwanyi ba FDLR, mu minsi mike ishize yatorotse aba barwanyi acyurwa mu gihugu cy’u Rwanda, aho yahise yoherezwa mu kigo cya Mutobo, kugirango ahabwe amahugurwa amufasha kwinjira mu muryango nyarwanda, kimwe n’abandi bahoze ari abarwanyi mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu mashyamba ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Byavuzwe ko Rwangabo yahunze u Rwanda mu 1994, kandi ko ubwo yari afite imyaka icumi y’amavuko, avuga ko abavuga ko FDLR idahari, aba ari kwigiza nkana cyangwa akaba ari intamenya, imwe ngo ijya irira ku muziro.

Ahamya neza ko FDLR ihari kurusha n’uko igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC) gihari, kuko no mu bikorwa byinshi icyo gisirikare ntigishobora guhaguruka kitagiwe imbere na FDLR.

Yanashimangiye ko FDLR ihari kandi ko igifite ingengabitekerezo ya jenoside.

Yagize ati: “Njyewe uherukayo vuba nahamya ko FDLR iriyo, kandi ingengabitekerezo yayo iracyayifite ntabwo yayishyize hasi, inafite umugambi wo kuzanatera igihugu cy’u Rwanda, usibye wenda ko itabishobora, ariko ibyo bitekerezo irabifite mu mitima yabo. Kwirirwa rero bavuga ngo ntayo ihari, ni ukubeshya, ni ni gipindi cy’abanyapolitiki.”

Uyu mutwe wa FDLR ukomeza kwiyubaka, kandi ubifashwamo na Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Mu buryo uyu mutwe wiyubakamo burimo ko ifatiranya abasore bakirangiza amashuri y’isumbuye n’abakiri bato bakabashyira muri uyu mutwe ku ngufu, bakabajyana mu makosi, aho batozwa kurwana bakanacengezwamo ingengabitekerezo ya jenoside.

Uwitwa Irakoze Martin, nawe ari mubatanze ubuhamya aho yavuze ko FDLR, yavuze ko ubwo yari arangije kwiga ayisumbuye, FDLR yaje mu gace k’i wabo itwara ku ngufu, abana bose bari barangije ayisumbuye, bajanwa gucengezwamo ibyo gutera u Rwanda.

Ati: “Twagezeyo baratwigisha tujya muri sei, 2019 turangije dutangira akazi, batubwira ko turi kurwanira kuzataha mu Rwanda, tukazarwana tukavanaho ubutegetsi bw’igihugu buriho mu Rwanda tukigarurira u Rwanda nk’urwa mbere.”

Nubwo bivugwa gutyo, ariko Kinshasa yo ihakana ibi, kuko minisitiri w’ubucuruzi wayo, Julien Paluku, aheruka kubwira itangaza makuru ryo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ko abagize umutwe witwaje imbunda wa FDLR ari abasaza barimo abafite imyaka 70 y’amavuko, agamije kwerekana ko utagifite imbaraga zahungabanya umutekano.

Ati: “FDLR ni abarwanyi bari mu Rwanda mu 1994, hashize imyaka 30. Uwari ufite imyaka 30 ubu afite 60, uwari ufite 40 ubu afite 70. Abenshi mu bayobozi bayo bafite imyaka 70. Ni ikihe kibazo bateje ku mutekano w’u Rwanda?”

Amagambo ya Paluku kuri FDLR asa n’ayo perezida Félix Tshisekedi wa RDC, minisitiri w’ubabanye n’amahanga n’umuvugizi wa Guverinoma yabo bigeze kuvuga, bagamije kwerekana ko uyu mutwe wa witwaje imbunda udateye ikibazo.

U Rwanda rwo ntiruhwema kwerekana ko FDLR iri mu mwanya wo gukomeza gukwirakwiza ingengabitekerezo ya jenoside mu karere. No guteza imvururu mu Banye-kongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda.

           MCN.
Tags: FDLRKinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Umugabo w’umuherwe yahishuye igihe azajyana abantu ku mu bumbe wa Mars.

Umugabo w'umuherwe yahishuye igihe azajyana abantu ku mu bumbe wa Mars.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?