• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, March 15, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Byavuzwe ko leta ya Repubulika y’u Rwanda, yakijijwe mbere y’abakozi b’Imana.

minebwenews by minebwenews
April 13, 2024
in Religion
0
Byavuzwe ko leta ya Repubulika y’u Rwanda, yakijijwe mbere y’abakozi b’Imana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bakozi b’Imana bo mu gihugu cy’u Rwanda, Reverend pasitoli Alain Numa, yatangaje ko leta y’u Rwanda yakijijwe mbere yabo.

You might also like

Umuvugabutumwa Wakiriwe mu Rurambo Yahumurije Abanyamulenge, Abizeza Iherezo ry’Intambara imaze Igihe Ibashegesha

Ubuhanuzi bwa Pasiteri Kavoma ku Mijyi Ikomeye Ivugwa ko Igiye Gufatwa: Isesengura ry’Amakuru Yatanzwe

Imana Iyaremye Ijuru n’Isi: Amateka, Ibimenyetso n’Ubuhamya bwa Bibiliya ku Kubaho Kwayo

Ni bikubiye mu butumwa Reverend pasitoli Alain Numa, yageneye Abanyarwanda, muri ibi bihe barimo kwibuka ku ncuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, mu mwaka w’ 1994.

Nk’uko bigaragara ubutumwa umukozi w’Imana yatanze buri munyandiko, bugira buti: “Leta yakijijwe mbere yacu ni ukuri, yatangije gahunda ya ndi umunyarwanda kandi twe nk’abakristo bityo ntihagire umukristo wisangamo Hutu/Tutsi/ Twa.

Abashumba bafate iya mbere babicengeze mu bakristo tuzumve ndi umukristo iganje.”

U Rwanda rukaba rwari rusanzwe rwarakoze ikindi kintu cyiza, nyuma y’uko leta iciye akajagari ko gufungura amatorero uko wishakiye.

Mu bihe bitambutse perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze ibwiriza ku byerekeye gufungura itorero rigena ko mbere y’uko ufungura itorero, ugomba kuba ufite lisansi (degree) muri Theology kuri buri dini waba uri umuyisilamu, umukatolika cyangwa umukristo.

Ibi byanatumye muri icyo gihe hafungwa amatorero asaga 6000. Bikaba bisanzwe bivugwa ko bamwe bafungura amatorero bagamije gukora business ariko na none hari abandi bafungura kubera umuhamagaro uba ubarimo w’Imana.

            MCN.
Tags: KigaliLeta yakijijwe mbere yacuRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umuvugabutumwa Wakiriwe mu Rurambo Yahumurije Abanyamulenge, Abizeza Iherezo ry’Intambara imaze Igihe Ibashegesha

by Bahanda Bruce
March 14, 2026
0
Umuvugabutumwa Wakiriwe mu Rurambo Yahumurije Abanyamulenge, Abizeza Iherezo ry’Intambara imaze Igihe Ibashegesha

Umuvugabutumwa Wakiriwe mu Rurambo Yahumurije Abanyamulenge, Abizeza Iherezo ry’Intambara imaze Igihe Ibashegesha Mu gihe umutekano ukomeje kuba muke mu misozi miremire y’i Mulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo...

Read moreDetails

Ubuhanuzi bwa Pasiteri Kavoma ku Mijyi Ikomeye Ivugwa ko Igiye Gufatwa: Isesengura ry’Amakuru Yatanzwe

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Ubuhanuzi bwa Pasiteri Kavoma ku Mijyi Ikomeye Ivugwa ko Igiye Gufatwa: Isesengura ry’Amakuru Yatanzwe

Ubuhanuzi bwa Pasiteri Kavoma ku Mijyi Ikomeye Ivugwa ko Igiye Gufatwa: Isesengura ry’Amakuru Yatanzwe Ubuhanuzi bwatanzwe n’umukozi w’Imana, Pasiteri Sodoki Kavoma, ku byerekeye ibigiye kuba mu Burasirazuba bwa...

Read moreDetails

Imana Iyaremye Ijuru n’Isi: Amateka, Ibimenyetso n’Ubuhamya bwa Bibiliya ku Kubaho Kwayo

by Bahanda Bruce
March 3, 2026
0
Imana Iyaremye Ijuru n’Isi: Amateka, Ibimenyetso n’Ubuhamya bwa Bibiliya ku Kubaho Kwayo

Imana Iyaremye Ijuru n’Isi: Amateka, Ibimenyetso n’Ubuhamya bwa Bibiliya ku Kubaho Kwayo Amateka y’isi n’ijuru si inkuru zisanzwe, ahubwo ni ubutumwa bwimbitse buvuga ku Mana, Umuremyi w’ibiriho byose....

Read moreDetails

Mbarara: Abanyamulenge Barasoza mu Cyubahiro Ikiriyo cya Rev. Mudagiri, Inkingi y’Ivugabutumwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari – Menya Uwo Ari We

by Bahanda Bruce
February 26, 2026
0
Mbarara: Abanyamulenge Barasoza mu Cyubahiro Ikiriyo cya Rev. Mudagiri, Inkingi y’Ivugabutumwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari – Menya Uwo Ari We

Mbarara: Abanyamulenge Barasoza mu Cyubahiro Ikiriyo cya Rev. Mudagiri, Inkingi y’Ivugabutumwa mu Karere k’Ibiyaga Bigari – Menya Uwo Ari We Abanyamulenge batuye mu mujyi wa Mbarara muri Uganda,...

Read moreDetails

Impinduka z’Imyumvire mu Mateka y’Iyobokamana n’Iremwa ry’Umuntu wa Mbere

by Bahanda Bruce
February 22, 2026
0
Impinduka z’Imyumvire mu Mateka y’Iyobokamana n’Iremwa ry’Umuntu wa Mbere

Impinduka z’Imyumvire mu Mateka y’Iyobokamana n’Iremwa ry’Umuntu wa Mbere Mu mateka y’iyobokamana, izina rya Eva ryabaye ishingiro ry’impaka ndende ku ruhare rw’umugore mu iremwa n’agakiza. Mu gitabo cy’Itanguriro,...

Read moreDetails
Next Post
Hatoraguwe undi murambo w’u mugore, kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Hatoraguwe undi murambo w'u mugore, kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?