Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Byavuzwe ko leta ya Repubulika y’u Rwanda, yakijijwe mbere y’abakozi b’Imana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 13, 2024
in Religion
0
Byavuzwe ko leta ya Repubulika y’u Rwanda, yakijijwe mbere y’abakozi b’Imana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bakozi b’Imana bo mu gihugu cy’u Rwanda, Reverend pasitoli Alain Numa, yatangaje ko leta y’u Rwanda yakijijwe mbere yabo.

You might also like

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze.

Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Ni bikubiye mu butumwa Reverend pasitoli Alain Numa, yageneye Abanyarwanda, muri ibi bihe barimo kwibuka ku ncuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, mu mwaka w’ 1994.

Nk’uko bigaragara ubutumwa umukozi w’Imana yatanze buri munyandiko, bugira buti: “Leta yakijijwe mbere yacu ni ukuri, yatangije gahunda ya ndi umunyarwanda kandi twe nk’abakristo bityo ntihagire umukristo wisangamo Hutu/Tutsi/ Twa.

Abashumba bafate iya mbere babicengeze mu bakristo tuzumve ndi umukristo iganje.”

U Rwanda rukaba rwari rusanzwe rwarakoze ikindi kintu cyiza, nyuma y’uko leta iciye akajagari ko gufungura amatorero uko wishakiye.

Mu bihe bitambutse perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze ibwiriza ku byerekeye gufungura itorero rigena ko mbere y’uko ufungura itorero, ugomba kuba ufite lisansi (degree) muri Theology kuri buri dini waba uri umuyisilamu, umukatolika cyangwa umukristo.

Ibi byanatumye muri icyo gihe hafungwa amatorero asaga 6000. Bikaba bisanzwe bivugwa ko bamwe bafungura amatorero bagamije gukora business ariko na none hari abandi bafungura kubera umuhamagaro uba ubarimo w’Imana.

            MCN.
Tags: KigaliLeta yakijijwe mbere yacuRwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Uwarokotse mu mpanuka y’indege ya Air India.

Mbere yuko Air India ikora impanuka ikomeye, umuhanuzi yari yabivuze. Astro Sharmish, umuhanuzi w'Imana wo mu gihugu cy'u Buhinde, byatangajwe ko yari amaze igihe ahanuye ibyago bizaba muri...

Read moreDetails

Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

by Bruce Bahanda
June 8, 2025
0
Inshingano z’Umwuka wera mu itorero n’izihe?

Inshingano z'Umwuka wera mu itorero n'izihe? Umukozi w'Imana, Reverend Bizimana Misigaro, uyoboye itorero rya All National Assembly of God rizwi cyane nka Philadelphia, mu giterane cyahuje amatorero umunani...

Read moreDetails

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails
Next Post
Hatoraguwe undi murambo w’u mugore, kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Hatoraguwe undi murambo w'u mugore, kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?