• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, April 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Byavuzwe ko leta ya Repubulika y’u Rwanda, yakijijwe mbere y’abakozi b’Imana.

minebwenews by minebwenews
April 13, 2024
in Religion
0
Byavuzwe ko leta ya Repubulika y’u Rwanda, yakijijwe mbere y’abakozi b’Imana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bakozi b’Imana bo mu gihugu cy’u Rwanda, Reverend pasitoli Alain Numa, yatangaje ko leta y’u Rwanda yakijijwe mbere yabo.

You might also like

True Prayer: An In-Depth Analysis of Christian and Islamic Understandings of Prayer and Their Differences

Gusenga nyakuri: Isesengura ryimbitse ku myumvire y’Ubukristu n’iya Isilamu ku isengesho n’itandukaniro ryabyo

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

Ni bikubiye mu butumwa Reverend pasitoli Alain Numa, yageneye Abanyarwanda, muri ibi bihe barimo kwibuka ku ncuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda, mu mwaka w’ 1994.

Nk’uko bigaragara ubutumwa umukozi w’Imana yatanze buri munyandiko, bugira buti: “Leta yakijijwe mbere yacu ni ukuri, yatangije gahunda ya ndi umunyarwanda kandi twe nk’abakristo bityo ntihagire umukristo wisangamo Hutu/Tutsi/ Twa.

Abashumba bafate iya mbere babicengeze mu bakristo tuzumve ndi umukristo iganje.”

U Rwanda rukaba rwari rusanzwe rwarakoze ikindi kintu cyiza, nyuma y’uko leta iciye akajagari ko gufungura amatorero uko wishakiye.

Mu bihe bitambutse perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatanze ibwiriza ku byerekeye gufungura itorero rigena ko mbere y’uko ufungura itorero, ugomba kuba ufite lisansi (degree) muri Theology kuri buri dini waba uri umuyisilamu, umukatolika cyangwa umukristo.

Ibi byanatumye muri icyo gihe hafungwa amatorero asaga 6000. Bikaba bisanzwe bivugwa ko bamwe bafungura amatorero bagamije gukora business ariko na none hari abandi bafungura kubera umuhamagaro uba ubarimo w’Imana.

            MCN.
Tags: KigaliLeta yakijijwe mbere yacuRwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

True Prayer: An In-Depth Analysis of Christian and Islamic Understandings of Prayer and Their Differences

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
True Prayer: An In-Depth Analysis of Christian and Islamic Understandings of Prayer and Their Differences

True Prayer: An In-Depth Analysis of Christian and Islamic Understandings of Prayer and Their Differences Prayer is one of the most important practices in the life of a...

Read moreDetails

Gusenga nyakuri: Isesengura ryimbitse ku myumvire y’Ubukristu n’iya Isilamu ku isengesho n’itandukaniro ryabyo

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
Gusenga nyakuri: Isesengura ryimbitse ku myumvire y’Ubukristu n’iya Isilamu ku isengesho n’itandukaniro ryabyo

Gusenga nyakuri: Isesengura ryimbitse ku myumvire y’Ubukristu n’iya Isilamu ku isengesho n’itandukaniro ryabyo Gusenga ni kimwe mu bikorwa by’ingenzi mu buzima bw’umuntu wiyegereza Imana. Ni uburyo bwo kuganira...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse Guverinoma gutangira bidatinze inzira zose zigamije kwemeza...

Read moreDetails

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu Ku munsi nk’uyu w’icyubahiro wa Pasika, abakirisitu hirya no hino ku isi bibuka urupfu...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bushinja abashoza intambara, agaragaza ko ibikorwa...

Read moreDetails
Next Post
Hatoraguwe undi murambo w’u mugore, kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Hatoraguwe undi murambo w'u mugore, kuri uyu wa Gatandatu, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?