• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 30, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byinshi wa menya ku gitero cyagabwe na Israel kuri Iran.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2024
in World News
0
Byinshi wa menya ku gitero cyagabwe na Israel kuri Iran.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi wa menya ku gitero cyagabwe na Israel kuri Iran.

You might also like

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

Urubanza rwa MetaAI Ruri Kuvugurura Imyumvire y’Isi ku Mutekano w’Amakuru

Amerika Yohereje Ubwato Bukomeye bw’Intambara hafi ya Iran, Umwuka wa Politiki n’Umutekano Urushaho Kumera Nabi

Ni amakuru yatangajwe na Israel aho yavuze ko ibyo bitero byari bigamije gusenya ibigo bikora misile n’ahari intwaro zirinda ikirere cy’igihugu cya Iran.

Iyi ntambara buri ruhande rugambirira kuzasiba urundi ku ikarita y’isi.
Israel yo inavuga ko Iran ishaka ku yisenya ikoresheje imitwe y’itwaje imbunda irimo Hezbollah ikorera muri Libani na Hamas yo muri Palestine mu Ntara ya Gaza

Iran nayo ivuga ko itakwicara ngo irebere ibikorwa bya Israel bigamije kurimbura Abarabu mu Burasirazuba bwo hagati.
Ingabo zibi bihugu byombi zirasana zikoresheje misile na Drones.

Iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26/10/2024, Israel yarashe ibisasu muri Iran, bigwa ku bigo bikora misile n’ubwirinzi bw’ikirere.

Abayobozi ba Iran bavuze ko ibyo bitero byagabwe mu duce dutatu two muri Tehran, aka IIam na Khuzestan, ngo biza kwangiza ibintu bike.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika isanzwe ari inshuti n’umufatanyabikorwa wa Israel zavuze ko ibyo bitero byari iby’imyitozo yo kwirengera.

Ikindi kandi Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bwongereza byasabye Israel na Iran gucisha make nyuma yuko Israel igabye ibitero by’indege ku bigo bya gisirikare bya Iran mu bice bitandukanye.

Iran yanavuze ko ibyo bitero byahitanye abasirikare bayo babiri. Mu gihe Israel yo yavuze ko byakozwe mu rwego rwo kwihimura kuri Iran nyuma yuko icyo gihugu nacyo kigabye ibitero ku butaka bwa Israel mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi uyu mwaka.

U Burusiya n’ibihugu byo mu Burasirazuba bwo hagati byo birashinja Israel gukomeza amakimbirane mu karere.

Amerika yasabye Iran guhagarika gutera no gushyigikira imitwe y’itwaje imbunda itera Israel no guca ukubiri n’urugomo nta yandi mananiza abayeho.

Sean Savatt, uvugira akanama gashinzwe umutekano muri perezidansi y’Amerika yabwiye itangazamakuru ko ibyo Israel yakoze biri mu Burengerazuba bwayo bwo kwirwanaho bitandukanye n’ibitero Iran yagabye ku butaka bwa Israel byibasiye cyane imijyi ituwe cyane.

Yagize ati: “Ni intego yacu kwihutisha inzira ya dipolomasi no gukuraho icyatuma intambara ifata indi ntera mu karere ko mu Burengerazuba bwo hagati.”

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Keir Starmer na we yasabye impande zombi gutuza ahamagarira Iran kutihimura.

U Burusiya bubinyujije mu muvugizi wa minisitiri y’ubanye n’amahanga Maria Zakharova nabwo bwahamagariye impande zombi gucisha make no kwirinda ko ibintu bija irudubi bigakwirakwira akarere kose.

Ibindi bihugu byamaganye ibitero Israel yaraye igabye muri Iran birimo Arabiya Sawudite yaburiye ko batarebye neza akarere kose gashobora kwisanga muri ayo makimbirane.

Tags: AmerikaIranIsrael
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran

Umwuka w’Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: U Bushinwa Bwahaye Amerika Umuburo Ukomeye ku Bijyanye na Iran U Bushinwa bwahaye Leta Zunze Ubumwe za Amerika umuburo ukomeye kandi udasanzwe,...

Read moreDetails

Urubanza rwa MetaAI Ruri Kuvugurura Imyumvire y’Isi ku Mutekano w’Amakuru

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Urubanza rwa MetaAI Ruri Kuvugurura Imyumvire y’Isi ku Mutekano w’Amakuru

Urubanza rwa MetaAI Ruri Kuvugurura Imyumvire y’Isi ku Mutekano w’Amakuru Mu mahanga, haravugwa inkuru ikomeje gukurura impaka ndende ku rwego mpuzamahanga ku mutekano w’amakuru y’ibanga ku mbuga nkoranyambaga....

Read moreDetails

Amerika Yohereje Ubwato Bukomeye bw’Intambara hafi ya Iran, Umwuka wa Politiki n’Umutekano Urushaho Kumera Nabi

by Bahanda Bruce
January 27, 2026
0
Amerika Yohereje Ubwato Bukomeye bw’Intambara hafi ya Iran, Umwuka wa Politiki n’Umutekano Urushaho Kumera Nabi

Amerika Yohereje Ubwato Bukomeye bw’Intambara hafi ya Iran, Umwuka wa Politiki n’Umutekano Urushaho Kumera Nabi Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakajije ingamba z’umutekano mu Burasirazuba bwo Hagati, zohereza...

Read moreDetails

Ukuri ku Bukungu bwa Amerika Cyangwa Imibare Itavugwaho Rumwe?

by Bahanda Bruce
January 26, 2026
0
Ukuri ku Bukungu bwa Amerika Cyangwa Imibare Itavugwaho Rumwe?

Ukuri ku Bukungu bwa Amerika Cyangwa Imibare Itavugwaho Rumwe? Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald J. Trump, yatangaje ko mu mwaka wa mbere w’igihembwe cye cya...

Read moreDetails

Amerika mu Ijambo Rikaze: Trump Yatunguye Canada Ayiburira Umusoro wa 100% ku Bicuruzwa

by Bahanda Bruce
January 26, 2026
0
Amerika mu Ijambo Rikaze: Trump Yatunguye Canada Ayiburira Umusoro wa 100% ku Bicuruzwa

Amerika mu Ijambo Rikaze: Trump Yatunguye Canada Ayiburira Umusoro wa 100% ku Bicuruzwa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakije umuriro ku gihugu cya Canada...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru yukuri ku mujyi wa Kalembe ingabo za FARDC zivuga ko zisubije.

Muri Walikale, M23 yigaruriye uduce turenga dutanu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?