• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, May 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Byinshi wa menya ku gitero cyagabwe na Israel kuri Iran.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2024
in World News
0
Byinshi wa menya ku gitero cyagabwe na Israel kuri Iran.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi wa menya ku gitero cyagabwe na Israel kuri Iran.

You might also like

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

Ni amakuru yatangajwe na Israel aho yavuze ko ibyo bitero byari bigamije gusenya ibigo bikora misile n’ahari intwaro zirinda ikirere cy’igihugu cya Iran.

Iyi ntambara buri ruhande rugambirira kuzasiba urundi ku ikarita y’isi.
Israel yo inavuga ko Iran ishaka ku yisenya ikoresheje imitwe y’itwaje imbunda irimo Hezbollah ikorera muri Libani na Hamas yo muri Palestine mu Ntara ya Gaza

Iran nayo ivuga ko itakwicara ngo irebere ibikorwa bya Israel bigamije kurimbura Abarabu mu Burasirazuba bwo hagati.
Ingabo zibi bihugu byombi zirasana zikoresheje misile na Drones.

Iri joro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 26/10/2024, Israel yarashe ibisasu muri Iran, bigwa ku bigo bikora misile n’ubwirinzi bw’ikirere.

Abayobozi ba Iran bavuze ko ibyo bitero byagabwe mu duce dutatu two muri Tehran, aka IIam na Khuzestan, ngo biza kwangiza ibintu bike.

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika isanzwe ari inshuti n’umufatanyabikorwa wa Israel zavuze ko ibyo bitero byari iby’imyitozo yo kwirengera.

Ikindi kandi Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’u Bwongereza byasabye Israel na Iran gucisha make nyuma yuko Israel igabye ibitero by’indege ku bigo bya gisirikare bya Iran mu bice bitandukanye.

Iran yanavuze ko ibyo bitero byahitanye abasirikare bayo babiri. Mu gihe Israel yo yavuze ko byakozwe mu rwego rwo kwihimura kuri Iran nyuma yuko icyo gihugu nacyo kigabye ibitero ku butaka bwa Israel mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi uyu mwaka.

U Burusiya n’ibihugu byo mu Burasirazuba bwo hagati byo birashinja Israel gukomeza amakimbirane mu karere.

Amerika yasabye Iran guhagarika gutera no gushyigikira imitwe y’itwaje imbunda itera Israel no guca ukubiri n’urugomo nta yandi mananiza abayeho.

Sean Savatt, uvugira akanama gashinzwe umutekano muri perezidansi y’Amerika yabwiye itangazamakuru ko ibyo Israel yakoze biri mu Burengerazuba bwayo bwo kwirwanaho bitandukanye n’ibitero Iran yagabye ku butaka bwa Israel byibasiye cyane imijyi ituwe cyane.

Yagize ati: “Ni intego yacu kwihutisha inzira ya dipolomasi no gukuraho icyatuma intambara ifata indi ntera mu karere ko mu Burengerazuba bwo hagati.”

Minisitiri w’intebe w’u Bwongereza Keir Starmer na we yasabye impande zombi gutuza ahamagarira Iran kutihimura.

U Burusiya bubinyujije mu muvugizi wa minisitiri y’ubanye n’amahanga Maria Zakharova nabwo bwahamagariye impande zombi gucisha make no kwirinda ko ibintu bija irudubi bigakwirakwira akarere kose.

Ibindi bihugu byamaganye ibitero Israel yaraye igabye muri Iran birimo Arabiya Sawudite yaburiye ko batarebye neza akarere kose gashobora kwisanga muri ayo makimbirane.

Tags: AmerikaIranIsrael
Share36Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

President Trump and Pope Leo XIV Renew Sharp War of Words, Sparking Global Debate As the world continues to closely follow the relationship between international politics and the...

Read moreDetails

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

by Bahanda Bruce
May 7, 2026
0
Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi

Perezida Trump na Pope Leo XIV Bongeye Guterana Amagambo Akomeye, Bikomeza Guteza Impaka ku Isi Mu gihe isi ikomeje gukurikiranira hafi umubano hagati ya politiki mpuzamahanga n’ubuyobozi bwa...

Read moreDetails

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
May 5, 2026
0
Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera

Umwuka Mubi hagati ya Amerika na Iran Wongeye Gufata Indi Ntera Amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran akomeje gufata indi ntera, aho ibikorwa bya...

Read moreDetails

Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya

by Bahanda Bruce
May 4, 2026
0
Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya

Iran na Amerika bongeye gukozanyaho mu Muhora wa Hormuz, ariko ibyatangajwe n’impande zombi biravuguruzanya Umwuka w’ubushyamirane hagati ya Repubulika ya Kisilamu ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails

Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

by Bahanda Bruce
May 4, 2026
0
Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika

Ibikorwa bya Gisirikare Bikomeje Gukaza Umurego Hagati ya Iran na Amerika Mu gihe umwuka mubi ukomeje gututumba mu Burasirazuba bwo Hagati, umubano hagati ya Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru yukuri ku mujyi wa Kalembe ingabo za FARDC zivuga ko zisubije.

Muri Walikale, M23 yigaruriye uduce turenga dutanu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?