• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Byinshi wa menya ku mugore muto cyane wagizwe minisitiri w’urubyiruko muri RDC.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2025
in sport & entertainment
0
Byinshi wa menya ku mugore muto cyane wagizwe minisitiri w’urubyiruko muri RDC.
84
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byinshi wa menya ku mugore muto cyane wagizwe minisitiri w’urubyiruko muri RDC.

You might also like

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Grace Kutino Emie, ni we wagizwe minisitiri w’urubyiruko rwo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo muri guverinoma nshya yashyizweho na perezida Felix Tshisekedi.

Uyu ni umugore uri mu kigero cy’imyaka 26, akaba yarasanzwe ari umupasiteri mu rusengero rwa Armee de la Victoire.

Izina rya Kutino rirazwi cyane muri iki gihugu, kuko ni rya se(umubyeyi wa Grace Emie Kutino), ni mu gihe yakoze ivugabutumwa muri RDC no hanze yayo, ariko mu mwaka wa 2006 arafungwa.

Uyu mubyeyi we yaje no gukatirwa gufungwa imyaka 10 kubyaha birimo kugira uruhare mu bwicanyi, gufatanwa imbunda, kandi anakekwaho gukorana n’inyeshyamba zari ziyobowe na Jean Pierre Bemba uri muri Leta nshya. Ibi byaha byose ashinjwa Kutino yavuze ko ari ibihimbano.

Umwana we rero, wagizwe minisitiri yavukiye i Kinshasa. Nyina na se bombi ni abakozi b’Imana(abapasiteri), bakaba banakuriye urusengero rwa Armee de la Victoire. Urusengero rwabo ruri i Kinshasa ni Paris mu Bufaransa.

Grace ni we bucura mubana bane ba Kutino, avuga ko yagiye kuba i Paris we n’abavandimwe afite imyaka itanu gusa, niho yakuriye ahiga amashuri mbere yuko atangira gukora mu itorero ry’ababyeyi be.

Azwi kandi mu kwandika ibitabo, icyo yamenyekanishije cyane ni icyo yise: “On m’a vole quelque chose” kivuga uburyo afite imyaka 7 se yafashwe i Kinshasa agafungwa, inkuru mbi n’ibyakurikiyeho.

Mu 2017, Grace Emie Kutino yagizwe pasiteri mu itorero rya se Armee de la Victoire.

Yarasanzwe kandi akora ibikorwa by’ubucuruzi, kwigisha no gukoresha imbugankoranyambaga agaragaza ko ashyigikiye ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi.

Mu 2022 yatangaje kuri izo mbuga ko atuye i Kinshasa bihoraho, nyuma y’imyaka myinshi aba hagati ya Kinshasa n’i Paris mu Bufaransa.

Ahanini avuga ko ubuzima bwe bwaranzwe n’ibyabaye kuri se, yita akarengane yakorewe n’ubutegetsi bwa Joseph Kabila wayoboye RDC impaka 18.

Mu kwezi kwa kane uyu mwaka ubwo havugwaga inkuru ko Joseph Kabila yagarutse muri RDC. Icyo gihe Kutino Emie yanditse ku rubuga rwa x, agaragaza ko batazigera bibagirwa ibyo yakoreye se.
Avuga ko ubutegetsi bwe bwa mukoreye iyicarubuzo.

Papa we Fernando Kutino yaje gufungurwa mu mwaka wa 2014, yaramaze imyaka 8 muri gereza i Kinshasa.

Kuza kwa Grace Kutino Emie muri guverinoma nshya, bamwe babyishimiye kubera ko akiri umugore muto, kandi ufite urubyiruko rwinshi rumukurikira ku mbugankoranyambaga.

Ababinenze n’abo bavuga ko yazanwe muri guverinoma nshya kubera amarangamutima ya perezida Felix Tshisekedi, ngo kubera akunze kumuvugaho neza.

Ariko nyiribwite akimara guhabwa uyu mwanya muri guverinoma nshya, yabwiye urubyiruko ati: “Iyi ni intangiriro y’urugendo tuzagendana, dushize amanga, mu kwemera, ikinyabufura n’urukundo dukunda igihugu cyacu.”

Tags: Grace Kutino EmieMinisitiriRdc
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend Weekend y’iki cyumweru yari yuzuyemo ibihe bishimishije muri shampiyona ya Premier League, aho amakipe menshi yakinnye imikino ishimishije, abakinnyi...

Read moreDetails
Next Post
Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?