• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

minebwenews by minebwenews
August 9, 2025
in Conflict & Security
0
Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.
109
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ni ki kirimo ku vugwa kuri Kiyana uwo bivugwa ko yageze ku Ndondo ya Bijombo.

You might also like

COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

Seba Kiyana wamenyekanye cyane ku izina rya Munigantama, amakuru amuvugaho agaragaza neza ko kuri ubu ari ku Murambya ho ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu mugambi mubisha wo kurwanya benewabo.

Bikubiye mu nyandiko zashyizwe hanze n’umwe mu barwanyi ba Gumino uherereye mu bice by’i Ndondo, aho zigira ziti: “Munigantama yamaze kugera ku Murambya, kandi acyumbikiwe mu ika y’abasirikare b’u Burundi bari muri ibyo bice.”

Zirongera ziti: “Ari kumwe n’abandi babiri bavanye i Burundi.”

Abo ziriya nyandiko zivuga ko bazananye na Munigantama , hari uwitwa Shikiro ndetse na Byuzuye Christian uzwi cyane ku mbugankoranyambaga, aho akunze kwandika agaragaza ibitekerezo bye bishigikira ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi n’umutwe wa Gumino uwo benewabo bashinja gukorana byahafi n’imitwe ya Mai Mai izwiho kubica, kubanyaga Inka zabo no kubasenyera.

Hagati muri iki cyumweru turimo ni bwo bageze muri iriya misozi y’i Ndondo ya Bijombo, iherereye muri teritware ya Uvira, nyuma yokuva i Bujumbura mu Burundi mu mpera zakiriya cyumweru gishize.

Ni mu gihe mu ntangiriro z’ukwezi kwa gatandatu uyu mwaka, Munigantama yageze i Bujumbura avuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, aho amaze imyaka nka 14 atuye. Iyi minsi akaba yarayimaze akorana ibiganiro n’abasirikare b’u Burundi, nk’uko ziriya nyandiko zikomeza zibivuga.

Zivuga kandi ko yazanywe no gushyigikira igisirikare cya RDC n’icy’u Burundi mu rugamba birimo rwo kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, iyo ahora avuga ko ifashwa n’ibihugu by’amahanga, n’ubwo bizwi ko iyi mitwe yombi yirwanaho mu rwego rwo kugira ngo irengere ubuzima bw’Abatutsi bicwa n’ubutegetsi bwa RDC, bubaziza ubwoko bwabo.

Gusa, izi nyandiko zikavuga kandi ko yaje gusenya umutwe wabo wa Gumino akarema undi mutwe ukora nk’ayo, kuko hari aho zigira ziti: “Munigantama yazanye umugambi mubisha wo gusenya Gumino.”

Zinemeza kandi ko uyu mugabo mbere yuko azamuka imisozi y’i Ndondo ya Bijombo, yabanje guhura na Mai Mai Yakutumba bakorana ibiganiro i Uvira, ndetse no mu kuzamuka amuha aba Mai Mai baramuherekeza.

Zisoza zivuga ko kuri ubu ari gukoresha ibiganiro, kandi ko abihuriramo n’Ingabo z’u Burundi iza RDC, Gumino, FDLR na Mai Mai ari nayo yahindutse Wazalendo.

Kimwecyo, ntacyo sosiyete sivili y’i Ndondo ya Bijombo iravuga kuri ibi, ngwibe yabihakana cyangwa ngwibyemeze.

Munigantama uvugwa yahoze ari umusirikare wa RDC, nyuma aza ku gitoroka hagati mu myaka ya 2002 na 2005, ari nabwo yahise yerekeza mu buhungiro ku bw’amahirwe HCR imuha ubuhungiro bwa gatatu muri Amerika.

Tags: MuningatamaMurambya
Share44Tweet27Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE

COL. MAYELE NYUMA YO KUGERAGEZA KWIYICA BASANZE AGIHUMEKA NUBWO AREMBYE Mu gihe amakuru yatangajwe ku wa Kabiri yavugaga ko Colonel Mayele, uzwi cyane ku izina rya Makelele, yitabye...

Read moreDetails

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées

Forces burundaises présentes à Bibogobogo et mouvement vers Minembwe : des opérations offensives signalées Des informations en provenance de la zone de Minembwe et de ses environs indiquent...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje

Ingabo z’u Burundi Zari mu Bibogobogo Zerekeje mu Minembwe: Haravugwa Ibikorwa by’Ibitero Bikomeje Amakuru akomeje guturuka mu gace ka Minembwe no mu nkengero zako avuga ko hakomeje kugaragara...

Read moreDetails

Les attaques se poursuivent dans les villages habités par les Banyamulenge alors que Kinshasa se concentre sur la révision de la Constitution

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
BREAKING NEWS:FARDC n’abo bafatanyije bagabye ibitero mu duce dutuwe n’Abanyamulenge mu misozi y’i Mulenge – imirwano ikomeye iracyakomeje

Les attaques se poursuivent dans les villages habités par les Banyamulenge alors que Kinshasa se concentre sur la révision de la Constitution Alors que la République démocratique du...

Read moreDetails

Ibitero Bikomeje Kugabwa mu Mihana y’Abanyamulenge mu Gihe Kinshasa Ihugiye mu Mpaka zo Guhindura Itegeko Nshinga

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
BREAKING NEWS: Imirwano Ikaze i Mulenge Yafashe Indi Ntera – Mikenke Mu Maboko ya MRDP-Twirwaneho, Ibitero bya FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Byongeye Kuburizwamo

Ibitero Bikomeje Kugabwa mu Mihana y'Abanyamulenge mu Gihe Kinshasa Ihugiye mu Mpaka zo Guhindura Itegeko Nshinga Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kujya impaka ku mushinga...

Read moreDetails
Next Post
Ibisobanuro byatanzwe na perezida Bisimwa wa M23 ku bwicanyi bashinjwa.

AFC/M23 yavuze ko nta abasirikare b'u Burundi yarekuye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?