• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Byiringiro wiyita umuvugizi w’Abanyamulenge, yamamaganwe.

minebwenews by minebwenews
October 26, 2024
in Regional Politics
0
Umusaza uri muba kuze mu Banyamulenge yafunzwe na FARDC
113
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Byiringiro wiyita umuvugizi w’Abanyamulenge, yamamaganwe.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Kumbugankoranyambaga, Abanyamulenge bamaganye Byiringiro Robert usanzwe wiyita umuvugizi wabo, nyuma yuko akoze ikiganiro kuri radio Itahuka, maze iyo radio imwita umuvugizi wabo Banyamulenge.

Hagati muri iki Cyumweru nibwo i radio Itahuka yakoze ikiganiro, aho Byiringiro Robert, yari umutumirwa muri icyo, aza no kubazwa ikibazo n’umunyamakuru ukora kuri iyi radio witwa Serge, kigira kiti: “Bwana Robert Byiringiro, umuvugizi w’Abanyamulenge; none ibi bivugwa mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu gace ka Masango ho muri teritware ya Uvira, ko hari abasirikare benshi b’u Rwanda, ibiri mu byatumye abaturage bahaturiye bagira ubwoba, urabivugaho iki?”

Uyu munyamakuru wa radio Itahuka yanashimangiye ko aya makuru yemejwe n’umuyobozi wa sosiyete sivile wo muri aka gace, witwa Shanja Emmanuel.

Byiringiro wiyita umuvugizi w’Abanyamulenge, yasubije iki kibazo agira ati: “Urakoze Serge, bivanye n’iki kibazo umbajije, ntigikekeranywa ko badahari. Ariko abahari bose bazanwa n’ingabo z’Abapfurelo.”

Yakomeje agira ati: “Uvuye i Lemera ugakomeza ugana mu kibaya cya Rusizi, iyo ugeze ahitwa Gatogota muri Cheferie Bafuliru, niho ku mupaka wa teritware ya Uvira na Walungu. Aho ngaho ubugeze muri Kamanyola, ari naho hari umupaka w’u Rwanda n’uwa RDC.”

Byiringiro yahamije ko muri ako gace ko ariho Abapfulero bazabambukiriza abarwanyi ba Red-Tabara, berekeza mu misozi miremire y’Imulenge. Ashimangira ko kuba Abapfulero bambutsa aba barwanyi ba Red-Tabara, kandi bakaba bagaragara muri ibyo bice by’iwabo bagomba kubyihanganira ngo kuko nibo batuma uwo mutekano ukomeza kuzamba.

Nubwo Abapfulero bavuga ko muri Masango hagaragaye abasirikare b’u Rwanda, ariko ibi si ukuri, kuko aha muri aka gace, umwe mu Banyamulenge uhaturiye, ariko ku bw’umutekanowe yanze ko amazina ye atangazwa, yavuze ko aha hasanzwe abasirikare benshi barimo abo mu mutwe wa FDLR, ingabo z’u Burundi ndetse n’ingabo za RDC.
Anavuga kandi ko bitashoboka ko aha hagera ingabo z’u Rwanda ngo kuko igihe iz’i ngabo zahageze, intambara ikomeye yahita yubura. Ariko avuga ko byoshoboka ko Red-Tabara ishobora kuba izihanyura kubufasha bw’Abapfulero.

Muri icyo kiganiro, Robert Byiringiro yatanze kuri radio Itahuka yavuze ko mu ntara ya Kivu y’Amajy’epfo hari gutegurwa intambara iyo yise ngo ni iy’Abatutsi.

Byatumye Minembwe.Com iganiriza bwana Byiringiro tumubaza impamvu y’iyita umuvugizi w’Abanyamulenge, nawe avuga ko yatowe n’akarere kiwe mu gihe cy’intambara yo mu mwaka w’ 2002.

Yagize ati: “Njyewe natowe n’akarere kanje, ubwo twari mu ntambara, igihe RCD yarishaka guhindura politiki yariho icyo gihe. Turabyanga. Turema uburyo bwo guhangana n’ibitero byagabwaga kubaturage, nibwo nagizwe umuvugizi.”

Ibyo bwana Byiringiro yavugaga aha, ni igihe RCD yarwanyaga itsinda ry’Ingabo zari zarayigometseho, rikaba ryari riyobowe na Gen Pacifique Masunzu mu mwaka w’ 2002.

Yanashimangiye ibi avuga ko kuva icyo gihe atarabona umutsimbura, ariko ngwigihe yabonetse azavaho.

Ibiri mu byatumye Abanyamulenge bamwamagana cyane ku mbuga nkoranyambaga.

Uwitwa Musore Aimable yanditse avuga ati: “Kugira ngo Byiringiro Robert yiyite umuvugizi w’Abanyamulenge abikurahe? Ninde Munyamulenge wo mutora ngwababere umuvugizi! Hubwo n’umwanzi wabo.”

Bigangu we yagize ati: “Umuntu utazi n’igihe intambara yabereye iwacu, yoba umuvugizi w’Abanyamulenge gute? Abantu kuki bigereranya bigezaha. Birababaje!”

Brovo nawe yavuze ko Robert Byiringiro ari Interahamwe kimwe n’izindi. Ati :”Ninde Munyamulenge woja kuri radio Itahuka, i radio ishinzwe gusenya no kurema amacakubiri mu banyagihugu, baba ab’u Rwanda n’Abanyekongo!”

Fidel Sewase, we yagize ati: “Njye ntekereza ko Byiringiro atamenye ibyarimo, ejo bamwe bazahunga, igihe cy’amahoro.”

Ruchahana yagize ati: “Uriya yaraguzwe mu mureke. Nta muntu urimo.”

Byiringiro wiyita umuvugizi w’Abanyamulenge nimuntu ki?

Avuka ahitwa mu Mikatati hafi no mu Kamombo, ho mu misozi miremire y’Imulenge ahazwi nko Mucyohgati Cyaza Rwera, nk’uko Abanyamulenge bakunze kuhita.

Muri izi ntambara, ziri kubera i Mulenge, umugore we n’abana be, ndetse n’ababyeyi biwe, bahungiye mu nkambi ya hitwa Inyenkanda mu gihugu cy’u Burundi.

Ariko Byiringiro we akunze kuba yibera Uvira cyangwa i Bujumbura, nk’uko ubwe akunze kibigaragaza kumbungankoranyambaga.

Tags: Umuvugizi w'Abanyamulenge
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya ku gitero cyagabwe na Israel kuri Iran.

Byinshi wa menya ku gitero cyagabwe na Israel kuri Iran.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?