• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
November 25, 2024
in Regional Politics
0
Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Arikiyepiskopi wa Kinshasa akaba na perezida w’ihuriro ry’Abeposkopi muri Afrika na Madagascar (SECAM), Cardinal, Fridolin Ambongo yanenze ubutegetsi bwa Kinshasa bushaka guhindura itegeko nshinga rya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Cardinal Fridolin Ambongo, ibi yabivugiye mu nyigisho yatanze ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24/11/2024, ubwo yari mu gitambo cya misa cyateguwe ku munsi w’urubyiruko rw’abakristo. Mu ijambo rye, yavuze ko “Abanyapolitiki bo muri RDC, bakwiye gushyira imbaraga mu gukemura ibibazo by’imibereho y’abaturage aho gusesagura ingufu n’amafaranga ku mushinga wo kuvugurura cyangwa guhindura itegeko nshinga.

Yagize ati: “Ni gute Umuntu ashobora gushora imbaraga nyinshi n’amafaranga bigamije kuvuga gusa iby’ihindurwa ry’itegeko nshinga, aho kwita kuri uru rubyiruko rwasigaye inyuma?”

Muri iki kiganiro kandi Fridolin Ambongo yanasabye urubyiruko kwirinda ko hagira uwabambura ejo habo hazaza.

Ati: “Ikibabaje ni uko mu by’ukuri uburyo mubayeho muri iki gihe bigaragaza ko uru rubyiruko rwatawe cyangwa mwaciwe intege. Ariko ntimuhendwe, ngo mube mwabura ejo hanyu hazaza.”

Sibyo gusa kuko mu minsi yashyize, Ambongo yanenze Leta gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’imitwe yitwaje intwaro yiswe Wazalendo, yemeza ko ari byo ngaruka z’umutekano muke i Goma no mu Burasirazuba bwose bwa RDC.

Kimweho nyuma yubwo, kugira ngo ahoshye uburakari bwari bwuzuranye abayobozi b’iki gihugu, uyu wihaye Imana, yaje kugirana ikiganiro mu muhezo na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya, Félix Tshisekedi.

Ambongo avuze ibi mu gihe umutekano ukomeje kurushaho kuzamba muri RDC, ahanini muri Kivu y’Amajy’epfo n’iya Ruguru.

Tags: AmbongoKinshasa
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.

Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?