• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
November 25, 2024
in Regional Politics
0
Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Cardinal Ambongo yanenze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

Arikiyepiskopi wa Kinshasa akaba na perezida w’ihuriro ry’Abeposkopi muri Afrika na Madagascar (SECAM), Cardinal, Fridolin Ambongo yanenze ubutegetsi bwa Kinshasa bushaka guhindura itegeko nshinga rya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Cardinal Fridolin Ambongo, ibi yabivugiye mu nyigisho yatanze ku munsi w’ejo hashize tariki ya 24/11/2024, ubwo yari mu gitambo cya misa cyateguwe ku munsi w’urubyiruko rw’abakristo. Mu ijambo rye, yavuze ko “Abanyapolitiki bo muri RDC, bakwiye gushyira imbaraga mu gukemura ibibazo by’imibereho y’abaturage aho gusesagura ingufu n’amafaranga ku mushinga wo kuvugurura cyangwa guhindura itegeko nshinga.

Yagize ati: “Ni gute Umuntu ashobora gushora imbaraga nyinshi n’amafaranga bigamije kuvuga gusa iby’ihindurwa ry’itegeko nshinga, aho kwita kuri uru rubyiruko rwasigaye inyuma?”

Muri iki kiganiro kandi Fridolin Ambongo yanasabye urubyiruko kwirinda ko hagira uwabambura ejo habo hazaza.

Ati: “Ikibabaje ni uko mu by’ukuri uburyo mubayeho muri iki gihe bigaragaza ko uru rubyiruko rwatawe cyangwa mwaciwe intege. Ariko ntimuhendwe, ngo mube mwabura ejo hanyu hazaza.”

Sibyo gusa kuko mu minsi yashyize, Ambongo yanenze Leta gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’imitwe yitwaje intwaro yiswe Wazalendo, yemeza ko ari byo ngaruka z’umutekano muke i Goma no mu Burasirazuba bwose bwa RDC.

Kimweho nyuma yubwo, kugira ngo ahoshye uburakari bwari bwuzuranye abayobozi b’iki gihugu, uyu wihaye Imana, yaje kugirana ikiganiro mu muhezo na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya, Félix Tshisekedi.

Ambongo avuze ibi mu gihe umutekano ukomeje kurushaho kuzamba muri RDC, ahanini muri Kivu y’Amajy’epfo n’iya Ruguru.

Tags: AmbongoKinshasa
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 19, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Impaka hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Igisirikare ku Mvano y’Icyago Cyahitanye Abatari Bake i Bujumbura Mu minsi mike ishize yo muri uyu mwaka wa 2026, mu gace ka Musaga...

Read moreDetails

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Amayobera ku Rupfu rw’Umuyobozi wo muri Guverinoma i Bujumbura

Amakimbirane ku rupfu rwa Minisitiri Gabby Bugaga mu Burundi Amakuru atandukanye yatangajwe ku rupfu rwa Gabby Bugaga, wahoze ari Minisitiri w’Itangazamakuru n’Itumanaho mu Burundi, akomeje guteza impaka zikomeye....

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi

by Bahanda Bruce
April 18, 2026
0
Biratangaje: Abapolisi Bashinzwe Kurinda Perezida Ndayishimiye Barashinjwa Kwambura Umuturage

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ruzinduko i Kigali n’umubano w’u Burundi n’u Rwanda ukomeje kuzamo agatotsi Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, uri no ku buyobozi bw’Umuryango wa Afurika Yunze...

Read moreDetails

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

by Bahanda Bruce
April 16, 2026
0
Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere

Minisitiri Nduhungirehe Yizeje Abaturage Amahoro n’Ubwirinzi Bukomeye mu Gihe Hari Impaka ku Mutekano w’Akarere Mu gihe ibiganiro n’impaka ku mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari bikomeje gufata intera nshya, Minisitiri...

Read moreDetails

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

by Bahanda Bruce
April 15, 2026
0
Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi

Afurika Iraharanira Isura Nyayo ku Ikarita y’Isi Impinduka nshya mu mitekerereze y’ibihugu bya Afurika iri gufata indi ntera, aho Repubulika ya Togo yashyize imbere ikibazo kimaze imyaka myinshi...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.

Maï Maï yagabweho igitero gikaze mu Mibunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?