Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Centre ya Sake, abaturage bose bayihunzemo maze M23 izenguruka ihuriro ry’Ingabo ziyirimo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 7, 2024
in Regional Politics
0
Centre ya Sake, abaturage bose bayihunzemo maze   M23 izenguruka ihuriro ry’Ingabo ziyirimo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Centre ya Sake, iherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Abaturage bayihunze mo bose, isigaramo ingabo za FARDC, FDLR, Wazalendo na SADC.

You might also like

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Ahitwa Mubambiro, hafi na Sake, mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma, hagaragaye urujya n’uruza rw’abaturage berekezaga i Goma bahunga, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice.

Aba baturage barahunga imirwano ikaze ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Iy’i mirwano yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 07/02/2024, abaturage bahunze iy’i ntambara batanze ubuhamya bavuga ko kuva ubwo bahungaga iyo mirwano isaha z’igitondo bakomeje kumva ibisasu biremereye byakomeje kugwa muri Centre ya Sake.

Abarimo guhunga bose banyuze ku muhanda uhuza Sake na Goma. Abenshi bari bikoreye imizigo y’ibiribwa n’ibindi birimo ibyo kuryamaho, nk’uko Justin ya bibwiye Minembwe Capital News.

Nta modoka na moto biri kugaragara mu muhanda uhuza Sake na Goma, usibye abantu bagenda n’amaguru.

Justin ya vuze kandi ko abahunze Sake bose berekeje mu nkambi ziri i Goma, nk’iya Bulengo na Rusayo.

K’urundi ruhande haravugwa ko ingabo za M23 zi zengurutse u Mujyi wa Sake. Gusa bikavugwa ko ingabo za FARDC zikomeje kuva mubice byohirya nohino muri RDC, hari nk’i zivugwa ko zavuye i Kinshasa abandi Bukavu ndetse n’ahandi, bikavugwa ko batabaye kugira ngo u Mujyi wa Sake utaja gufwa na M23.

Biravugwa ko mugihe M23 yafata Sake, ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa zahita zikura muri Goma, ikaja mu maboko ya M23.

Bruce Bahanda.

Tags: Abaturage bose bahunze SakeM23Yazengurutse ingabo ziyirimo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails
Next Post
I Goma, umuturage yishwe atewe amabuye, iruhande rw’Ingabo za RDC zibarirwa mu bihumbi amagana.

I Goma, umuturage yishwe atewe amabuye, iruhande rw'Ingabo za RDC zibarirwa mu bihumbi amagana.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?