• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Corneille Nangaa uburanishwa na leta ya Kinshasa adahari, yagize icyabivugaho.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2024
in Regional Politics
0
Corneille Nangaa uburanishwa na leta ya Kinshasa adahari, yagize icyabivugaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Corneille Nangaa uburanishwa na leta ya Kinshasa adahari, yagize icyabivugaho.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Nangaa, uyoboye ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC, akoresheje urubuga rwa x, yatangaje avuga ko iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa buzashirwaho akadomo kanyuma mu bihe bya vuba.

Yagize ati: “Nk’abenegihugu ba Congo, nta kintu na kimwe kizatubuza muri uru rugamba rwiza turimo rwo guharanira itegeko nshinga rigamije kubohora abaturage ba Congo, hashingiwe ku ngingo ya 64.”

Yavuze kandi ko ihuriro rya AFC rizakomeza bidasubirwaho urugamba rwo gukuraho ubutegetsi bw’igitugu, bwa Tshilombo.

Nti yahwemye no gushinja ubutegetsi bwa bwana Tshilombo kwica abaturage no kubagirira nabi .

Ati: “Isi yose irabizi, kandi ntawe utazi akajagari kabaye mu matora yo mu mwaka w’ 2023. Ubwo butegetsi bunyereza imitungo y’iki gihugu ariko turaje tubirukane.”

Yakomeje agira ati: “Abatangaza ibihano badufatiye mu bitangaza makuru byinshi, ntakosa ryabo, ikosa rifite Tshisekedi n’ubutegetsi bwe.”

Corneille Nangaa yavuze ko impinduka muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zizanwa n’ihuriro rya AFC kandi ko bizaba byanze bikunze.

Ati: “Ubutegetsi bwa Kinshasa bwamaze ibyiringiro by’abaturage, ariko birazwi ko AFC izazana impinduka, ibyo turi no kubisabwa n’abenshi baturiye ibice byinshi bitandukanye.”

Yanavuze kandi ko urubanza rwo kwerekana abanyabyaha rwakoze n’ubutegetsi bwa Tshisekedi bwibasiye abantu bo muri AFC, ariko kw’ibyo ari propaganda zibinyoma zigamije kurangaza abaturage ba Congo Kinshasa.

Ati: “Ibyo Tshisekedi arimo n’ubutegetsi bwe, barashaka kurangaza abaturage. Bari kuriganya ariko amaherezo bizabarangirana kandi bizababera bibi kurushaho.”

Ibi abivuze mu gihe ubutabera bwa RDC buri kuburanisha abantu 25 bo muri AFC, muri aba abatanu nibo bafunzwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa mu gihe abandi bose bibereye mu Burasirazuba bw’iki gihugu aho bakomeje urugamba rwo kurwanya ingabo za RDC n’abambari bazo.

            MCN.
Tags: AFCNangaaYagize icyo avuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu Amerika yatangaje ibihano kuri Corneille Nangaa n’abandi barimo Col Charles Sematama.

Hamenyekanye impamvu Amerika yatangaje ibihano kuri Corneille Nangaa n'abandi barimo Col Charles Sematama.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?