• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Corneille Nangaa uburanishwa na leta ya Kinshasa adahari, yagize icyabivugaho.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2024
in Regional Politics
0
Corneille Nangaa uburanishwa na leta ya Kinshasa adahari, yagize icyabivugaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Corneille Nangaa uburanishwa na leta ya Kinshasa adahari, yagize icyabivugaho.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Nangaa, uyoboye ihuriro ry’imitwe ya politiki n’igisirikare rya AFC, akoresheje urubuga rwa x, yatangaje avuga ko iherezo ubutegetsi bwa Kinshasa buzashirwaho akadomo kanyuma mu bihe bya vuba.

Yagize ati: “Nk’abenegihugu ba Congo, nta kintu na kimwe kizatubuza muri uru rugamba rwiza turimo rwo guharanira itegeko nshinga rigamije kubohora abaturage ba Congo, hashingiwe ku ngingo ya 64.”

Yavuze kandi ko ihuriro rya AFC rizakomeza bidasubirwaho urugamba rwo gukuraho ubutegetsi bw’igitugu, bwa Tshilombo.

Nti yahwemye no gushinja ubutegetsi bwa bwana Tshilombo kwica abaturage no kubagirira nabi .

Ati: “Isi yose irabizi, kandi ntawe utazi akajagari kabaye mu matora yo mu mwaka w’ 2023. Ubwo butegetsi bunyereza imitungo y’iki gihugu ariko turaje tubirukane.”

Yakomeje agira ati: “Abatangaza ibihano badufatiye mu bitangaza makuru byinshi, ntakosa ryabo, ikosa rifite Tshisekedi n’ubutegetsi bwe.”

Corneille Nangaa yavuze ko impinduka muri iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, zizanwa n’ihuriro rya AFC kandi ko bizaba byanze bikunze.

Ati: “Ubutegetsi bwa Kinshasa bwamaze ibyiringiro by’abaturage, ariko birazwi ko AFC izazana impinduka, ibyo turi no kubisabwa n’abenshi baturiye ibice byinshi bitandukanye.”

Yanavuze kandi ko urubanza rwo kwerekana abanyabyaha rwakoze n’ubutegetsi bwa Tshisekedi bwibasiye abantu bo muri AFC, ariko kw’ibyo ari propaganda zibinyoma zigamije kurangaza abaturage ba Congo Kinshasa.

Ati: “Ibyo Tshisekedi arimo n’ubutegetsi bwe, barashaka kurangaza abaturage. Bari kuriganya ariko amaherezo bizabarangirana kandi bizababera bibi kurushaho.”

Ibi abivuze mu gihe ubutabera bwa RDC buri kuburanisha abantu 25 bo muri AFC, muri aba abatanu nibo bafunzwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa mu gihe abandi bose bibereye mu Burasirazuba bw’iki gihugu aho bakomeje urugamba rwo kurwanya ingabo za RDC n’abambari bazo.

            MCN.
Tags: AFCNangaaYagize icyo avuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu Amerika yatangaje ibihano kuri Corneille Nangaa n’abandi barimo Col Charles Sematama.

Hamenyekanye impamvu Amerika yatangaje ibihano kuri Corneille Nangaa n'abandi barimo Col Charles Sematama.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?