Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Corneille Nangaa, umugabo utinyitse muriki gihe, ya buriye Ingabo za SADC, ziheruka koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC, kurwanya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 4, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kane, tariki ya 04/01/2024, ubuyobozi bw’u mutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC), uheruka kuvuka vuba, wa buriye Ingabo z’u muryango w’iterambere w’Afrika y’Amajy’epfo (SADC), ko ubufasha bwabo butazabuza ko bashiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ingabo za SADC, zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, tariki ya 15/12/2023, aho zaje gufasha leta ya Kinshasa kurwanya Inyeshamba zo mu mutwe wa M23.

Ibi byemejwe n’umuvugizi w’Ingabo z’Afrika y’Epfo, Barabara Lopi, ubwo yakoranaga iki ganiro n’ikinyamakuru cya Daily Maverick, yagize ati: “Misiyo y’Ingabo za SADC, yatangiye tariki ya 15/12/2023, kandi ikigenderewe ni ugufasha leta ya Kinshasa guhasha umutwe w’inyeshamba wa M23.”

Nyuma y’uko hatangajwe ibya SADC, Nangaa, ukuriye umutwe wa AFC, yahise asaba ibihugu bigize umuryango w’Afrika y’Amajy’epfo SADC, gukorera munyungu z’Abaturage abo ahamya ko bahemukiwe na perezida Félix Tshisekedi, mu matora y’umukuru w’igihugu yo kw’itariki 20/12/2023.

Corneille Nangaa, yanavuze ko perezida Félix Tshisekedi, yagambaniye Ingabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba (EACRF), azirukana k’ubutaka bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, mugihe zari zaragiye ku mufasha kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa RDC.

Yahise anahishurira SADC, ko perezida Félix Tshisekedi, agiye kwirukana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye MONUSCO, ziri mu butumwa bwo kubunga bunga amahoro muri RDC, kuva mu mwaka w’2004.

Nangaa, aha niho yaburiye SADC ko byanze bikunze ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, bugiye gushirwaho akodomo.

Yagize ati: “Turizeza SADC n’Ingabo zayo ko tuzi neza imikoranire yabo na leta ya Kinshasa kandi vuba turashiraho iherezo k’u butegetsi bwa Tshisekedi.”

Umutwe wa AFC, wavukiye mu gihugu ca Republika ya Kenya, aho washinzwe na Corneille Nangaa, w’igeze kuyobora Komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora CENI, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ahagana mu mwaka w’2018.

Nangaa, kuri ubu aherereye i Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

Tags: Nangaa CorneilleUmugabo utinyitse muriki gihe ya buriye Ingabo za SADCZiheruka koherezwa mu Burasirazuba bwa RDC kurwanya M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post

Major Gen Monwabisi Dyakopu, wahawe kuyobora Ingabo z'u muryango w'Afrika y'Amajy'epfo, afite amateka y'ihariye muri RDC .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?