• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Diomoyo Faye uvugwa ko ari muto mu myaka y’amavuko, niwe uri kuza imbere mu matora ari kubera mu gihugu cya Senegal

minebwenews by minebwenews
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Diomoyo Faye uvugwa ko ari muto mu myaka y’amavuko, niwe uri kuza imbere mu matora ari kubera mu gihugu cya Senegal
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu matora ari kubera mu gihugu cya Senegal, kandida uva mu ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi Diomaye Faye niwe uri guhabwa amahirwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ku geza mu ijoro ryakeye Diomaye Faye yari imbere ku majwi agera kuri 56%, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya Bongereza, Reuters.

Bivuga ko uyu mugabo ufite imyaka 44 y’amavuko yatanzwe n’ishyaka rya PASTEF ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa perezida Macky Sall. Iri Shyaka rikuriwe na Ousmane Sonko ugize igihe afunzwe azira ibyaha bya politike.

Abakandida 5 ku mugoroba wo ku Cyumweru, basohoye itangazo ririmo amagambo yo gushimira bwana Faye uri kubaza imbere cyane.

Muri ayo matora arimo abakandida bagera ku 19.

Abashigikiye bwana Diomaye Faye abenshi batangiye kwiha imihanda mu rwego rwo kwishimira insinzi y’umukandida wabo n’ubwo minisitiri w’intebe Amadou Ba, umukandida w’i Shyaka riri k’ubutegetsi yatangaje ko “igihe cibirori kitaragera ngo kuko baracaja mu gice cya kabiri.”

Mu tangazo ryashizwe hanze n’abashinzwe kw’iyamamaza kwa minisitiri w’intebe Amadou Ba, bagize bati: “Ku ruhande rwacu, kandi urebye ibitekerezo byatanzwe n’ibisubizo by’itsinda ryacu ry’impuguke, tuzi neza ko nibiba bibi, tuzajya mu cyiciro cya kabiri.”

Ku rundi ruhande aya matora yitabiriwe n’abantu ba barirwa muri za miliyoni, akaba ari amatora bavuga ko yakozwe mu mahoro.

             MCN.
Tags: AmatoraAri kuza imbereDiomoyo FayeSenegal
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi, wagaragaje imbogamizi, ituma badaha ubufasha abakuwe mu byabo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi, wagaragaje imbogamizi, ituma badaha ubufasha abakuwe mu byabo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?