• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi, wagaragaje imbogamizi, ituma badaha ubufasha abakuwe mu byabo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi, wagaragaje imbogamizi, ituma badaha ubufasha abakuwe mu byabo mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango mpuzamahanga wita kubiribwa ku Isi (WFP), watangaje ko ibibazo by’u butabazi bikomeje kuba ingorabahizi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

N’ibikubiye mu itangazo uyu muryango washize hanze ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 24/03/2024, nk’uko ibyo tubikesha igitangaza makuru cya Bafaransa cya RFI.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Ivuga ko ibibazo by’u butabazi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ahari kubera intarambara bikiri ingutu.

Uyu muryango ukaba werekana ko ibyo bibazo biterwa n’intambara zurudaca kandi ziba buri munsi hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC); bityo ugasanga n’imihanda yifashishwa mu kunyuzwamo ubutabazi usanga ifunze kubera izo ntambara.

Ikomeza ivuga ko n’ubwo ubutabazi bukiri ikibazo ariko ko abantu bo bakomeza guhunga ku bwinshi.

Izo nyandiko ziri muri icyo cyegeranyo zigaragaza ko abantu bagera kuri miliyoni imwe aribo bamaze guta izabo, muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Gisoza kivuga ko mu bahunze harimo abamaze imyaka irenga ibiri n’abandi bahunze mu ntambara zavuba ko kandi n’ubu bagikomeje guhunga.

Ibi bibaye mu gihe n’u bundi muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, hazindukiye imirwano hagati y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Ni imirwano irimo kubera mu bice biri muri teritware ya Masisi, nka Sake , mu nkengero zaho no mu bice bya Rubaya.

Amakuru yavuzwe kuva mu Gitondo n’uko ibyo bitero byagabwe mu birindiro bya M23 bigabwe n’ingabo zirimo SADC, FDLR, abacanshuro, FARDC na Wazalendo.

            MCN.
Tags: Abavuye mu byaboIngorabahiziMu ntara ya Kivu YaruguruRdcUbutabaziWFP

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
Umukuru w’i Gihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yavuze “ikigira umwe”  perezida Evariste Ndayishimiye n’uwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse na FDLR.

Umukuru w'i Gihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame yavuze "ikigira umwe" perezida Evariste Ndayishimiye n'uwa Repubulika ya demokarasi ya Congo ndetse na FDLR.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?