Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dr Denis Mukwege, yahamagariye uruby’iruko kwitabira imyigaragambyo simusiga izaba mu Cyumweru gitaha.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
August 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya mu Ganga Dr Denis Mukwege ngobirimo amakemwa nimugihe uyu Mugabo anenga ko amatora ateganywa kuba muri RDC ashobora kuzabamo uburiganya.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Ibi Dr Denis Mukwege yabitangaje ku Cyumweru ubwo yariyahamagaje uruby’iruko rwo muri Kivu yamajy’Epfo. Mu makuru Minembwe Capital News, yabwiwe nuko abitabiriye ibyo b’iganiro bya Dr Denis Mukwege baje aribenshi aho yanabasabye kuzitabira imyigaragambyo simusiga izaba mu Cyumweru gitaha nkuko babisabwe na Dr Denis Mukwege iyo myigaragambyo ikazaba igamije kuzamagana ibyo Mukwege yitako bitagenda neza mubutegetsi bwa Kinshasa.

Ibi ganiro bya Dr Denis Mukwege bikaba byarabereye mugace ka Panzi ho mu mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.

Dr Denis Mukwege, yagize ati: “Guceceka kur’ubyiruko kandi igihugu cacu kiri mukaga ubu n’ubuhemu. Mukwiye kuvuga ibihari mukabyamagana. Amatora ateganywa kuba hagaragara ko hazaba ubuhemu duhereye kuri Karita zamatora zirimugutangwa zimpimbano.”

Bamwe mubitabiriye ibyo b’iganiro bya Dr Denis Mukwege, babwiye Minembwe Capital News ko, uwo Mugabo yaba ashaka kuba perezida ariko akanga kuvuga atomoye hubwo akabivuga mu Migani.

Ati: “Ntagushidikanya uyu Mugabo avuga nkushaka kuba perezida nokwereka uruby’iruko ko azi ibigenda nibitagenda muri politike. Kimweho yabwiye uru rubyiruko ko adashaka kuzaba Perezida ariko Kandi asaba uruby’iruko kudaceceka no kwemerera ibibi kwinjira mu gihugu.”

Mu makuru yatanzwe n’ikinyamakuru cya RFI kivuga ko Dr Denis Mukwege, abamushigikiye bemeza ko aziyamamariza mu Matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba muri RDC tariki 20/12/2023.

Na none kandi Dr Denis Mukwege, biravugwa ko uyu Mugabo yaba ari mugutanga inzandiko ku bagore ba Bapfulero, Ababembe na Bashi n’inzandiko ziba zanditse ko bakorewe ihohoterwa cangwa se violence. Izi nzandiko ngo zikabahehesha kuja mubihugu by’u Burayi na Amerika.

Nkuko iy’inkuru Minembwe Capital News,yamaze kuyakira nuko abagore babanyekongo b’impunzi bari mu Nkambi yo Mucishemeri, mugihugu cigituranyi, abenshi bamaze kugenda mubihugu byohanze ya Afrika abandi bakaba bagitegereje kugenda.

Dr Denis Mukwege, ni umuganga w’umunyekongo uvuka muri Kivu yamajy’Epfo, akaba yarigeze guhabwa igihembo cy’itiriwe amahoro.

By Bruce Bahanda.

Tariki 28.08/2023.

Tags: Dr Denis MukwegeKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Hashizweho umukono kumasezerano y'igisirikare c'u Burundi n'ica RDC imbere ya Félix Tshisekedi na Evaliste Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?