• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Dr Denis Mukwege, yahamagariye uruby’iruko kwitabira imyigaragambyo simusiga izaba mu Cyumweru gitaha.

minebwenews by minebwenews
August 28, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibya mu Ganga Dr Denis Mukwege ngobirimo amakemwa nimugihe uyu Mugabo anenga ko amatora ateganywa kuba muri RDC ashobora kuzabamo uburiganya.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Ibi Dr Denis Mukwege yabitangaje ku Cyumweru ubwo yariyahamagaje uruby’iruko rwo muri Kivu yamajy’Epfo. Mu makuru Minembwe Capital News, yabwiwe nuko abitabiriye ibyo b’iganiro bya Dr Denis Mukwege baje aribenshi aho yanabasabye kuzitabira imyigaragambyo simusiga izaba mu Cyumweru gitaha nkuko babisabwe na Dr Denis Mukwege iyo myigaragambyo ikazaba igamije kuzamagana ibyo Mukwege yitako bitagenda neza mubutegetsi bwa Kinshasa.

Ibi ganiro bya Dr Denis Mukwege bikaba byarabereye mugace ka Panzi ho mu mujyi wa Bukavu, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo.

Dr Denis Mukwege, yagize ati: “Guceceka kur’ubyiruko kandi igihugu cacu kiri mukaga ubu n’ubuhemu. Mukwiye kuvuga ibihari mukabyamagana. Amatora ateganywa kuba hagaragara ko hazaba ubuhemu duhereye kuri Karita zamatora zirimugutangwa zimpimbano.”

Bamwe mubitabiriye ibyo b’iganiro bya Dr Denis Mukwege, babwiye Minembwe Capital News ko, uwo Mugabo yaba ashaka kuba perezida ariko akanga kuvuga atomoye hubwo akabivuga mu Migani.

Ati: “Ntagushidikanya uyu Mugabo avuga nkushaka kuba perezida nokwereka uruby’iruko ko azi ibigenda nibitagenda muri politike. Kimweho yabwiye uru rubyiruko ko adashaka kuzaba Perezida ariko Kandi asaba uruby’iruko kudaceceka no kwemerera ibibi kwinjira mu gihugu.”

Mu makuru yatanzwe n’ikinyamakuru cya RFI kivuga ko Dr Denis Mukwege, abamushigikiye bemeza ko aziyamamariza mu Matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba muri RDC tariki 20/12/2023.

Na none kandi Dr Denis Mukwege, biravugwa ko uyu Mugabo yaba ari mugutanga inzandiko ku bagore ba Bapfulero, Ababembe na Bashi n’inzandiko ziba zanditse ko bakorewe ihohoterwa cangwa se violence. Izi nzandiko ngo zikabahehesha kuja mubihugu by’u Burayi na Amerika.

Nkuko iy’inkuru Minembwe Capital News,yamaze kuyakira nuko abagore babanyekongo b’impunzi bari mu Nkambi yo Mucishemeri, mugihugu cigituranyi, abenshi bamaze kugenda mubihugu byohanze ya Afrika abandi bakaba bagitegereje kugenda.

Dr Denis Mukwege, ni umuganga w’umunyekongo uvuka muri Kivu yamajy’Epfo, akaba yarigeze guhabwa igihembo cy’itiriwe amahoro.

By Bruce Bahanda.

Tariki 28.08/2023.

Tags: Dr Denis MukwegeKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Hashizweho umukono kumasezerano y'igisirikare c'u Burundi n'ica RDC imbere ya Félix Tshisekedi na Evaliste Ndayishimiye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?