• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Dr Frank Habineza, watsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu mu Rwanda, yageneye ubutumwa Abanyarwanda.

minebwenews by minebwenews
July 17, 2024
in Regional Politics
0
Dr Frank Habineza, watsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu mu Rwanda, yageneye ubutumwa Abanyarwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Dr Frank Habineza watsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu mu Rwanda yageneye ubutumwa Abanyarwanda.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ni Dr Frank Habineza uyoboye ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije, yageneye ubutumwa Abanyarwanda nyuma y’uko atsinzwe amatora y’umukuru w’igihugu yabaye ku wa Mbere tariki ya 15/07/2024, abashimira ku majwi yose bamuhaye.

Uyu muyobozi w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije, yabonye amajwi angana na 0,53%.

Mu butumwa yageneye Abanyarwanda, yavuze ko ishyaka rye, ryiteguye gukomeza gutanga umusanzu mu kuganisha aheza u Rwanda dore ko ishyaka rye ryanagize amajwi aryemerera kugirira imyamya mu nteko ishinga amategeko.

Yagize ati: “Nshuti Banyarwanda, nshimiye byimazeyo abantu bose bantoye mu matora ya perezida, ndetse n’abatoye democratic Green Party of Rwanda mu matora y’abagize inteko ishinga mategeko.”

Yakomeje agira ati: “Tuzakomeza guharanira kuganisha ku iterambere igihugu cyacu cy’u Rwanda muri demokarasi itagira uwo iheza.”

Uyu muyobozi ubwo hari hakimara gutangazwa ko perezida Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda, yavuze ko ishyaka rye ryemera ko ryatsinzwe kandi anashimira umukandida wa RPF Inkotanyi ku kuba yarongeye gutorwa.

Ishyaka rya Frank Habineza, riri mu mashyaka yemewe mu Rwanda, ryari ryatanze umukandida mu matora y’umukuru w’igihugu, mu gihe andi umunani yari ashigikiye umukandida Paul Kagame wa RPF Inkotanyi, naho irya PS-Imberakuri rikaba ritari rifite uwo rishyigikiye.

Ku wa Mbere tariki ya 15/07/2024, ubwo aya matora yari ahumuje, komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje ko mu majwi 78,94% yari amaze kubarurwa , Paul Kagame yari afite amajwi 99,15%.

Dr Frank Habineza yaje ku mwanya wa Kabiri n’amajwi 0,53%, ku mwanya wa Gatatu haje Mpayimana Philippe wagize amajwi 0,32%.

Nanone kandi ku munsi w’ejo hashize tariki ya 16/07/2024, komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje amajwi y’ibyibanze y’abadepite bahataniraga imyamya 53.

Mu majwi 96,60% amaze kubarurwa, umuryango wa RPF Inkotanyi wagize amajwi 62,67%; ugakurikirwa na PL yagize 10,97%, PSD igira 9,48%, mu gihe PDI ifite 5,81%; naho democratic Green Party of Rwanda ikagira 5,30% mu gihe PS-IMBERAKURI yagize 5,26%.

Tags: Frank HabinezaNyuma y'uko atsinzwe amatora y'umukuru w'igihuguRwandaYageneye ubutumwa Abanyarwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Abakuru b’ibihugu bishimiye ko perezida Paul Kagame w’u Rwanda yongeye gutorerwa ku ruyobora, ba bigaragaje.

Abakuru b'ibihugu bishimiye ko perezida Paul Kagame w'u Rwanda yongeye gutorerwa ku ruyobora, ba bigaragaje.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?