• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

EAC na SADC byongeye guterana ku kibazo cya RDC.

minebwenews by minebwenews
August 2, 2025
in Regional Politics
0
EAC na SADC byongeye guterana ku kibazo cya RDC.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

EAC na SADC byongeye guterana ku kibazo cya RDC.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Umuryango wa Afrika y’iburasirazuba(EAC) n’uwa Afrika y’Amajyepfo (SADC), bahuriye mu nama y’abahuza bashyizweho mu gushaka igisubizo kirambye ku kibazo cy’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hari mu nama yahuje abakuru b’ibihugu bigize iyi miryango, aho yayobowe na perezida wa Kenya, William Ruto ari na we uyoboye umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba,na mugenzi we wa Zimbabwe na we uyoboye uwa Afrika y’Amajyepfo.

Nk’uko amakuru abivuga, bibanze cyane kukureba intambwe imaze guterwa n’inzira ikwiye mu gushaka amahoro arambye muri RDC.

Amakuru akomeza avuga ko iyi nama yitabiriwe n’abayobozi bakuru batandukanye barimo Umuyobozi wa komisiyo y’Umuryango wa Afrika Yunze, Mahmoud Ali Youssouf.

Abandi bayitabiriye ni abahuza mu kibazo cya RDC, barimo abahoze ari abakuru b’ibihugu barimo Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya, Catherine Samba-Panza wayoboye Central African Republic, Sahle-Work Zewde wayoboye Ethiopia, Mokweetsi Eric Kabetswe Masisi wayoboye Botswana, na Olusugun Obasanjo wabaye perezida wa Nigeria, we wayitabiriye mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Iyi nama ikaba yarabaye hashize iminsi mike hasinywe amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Congo, aho yasinyiwe i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika tariki ya 27/06/2025, yitezweho kuzana ituze mu karere.

Ubundi kandi tariki ya 19/07/2025, RDC na AFC/M23 bashyize umukono ku nyandiko y’amahame ngenderwaho, akubiyemo ibyo impande zombi zifuza kuganiraho mu gushaka igisubizo kirambye.

Tags: EACInamaRdcSADC
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe impinduka nshyasha zigiye gukorwa ku mujyi wa Goma.

Hatangajwe impinduka nshyasha zigiye gukorwa ku mujyi wa Goma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?