• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 17, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 11, 2025
in World News
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

You might also like

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Umuryango w’u bumwe bw’u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu mishinga itandukanye, unahagarike kandi n’amafaranga wayihaga.

Byatangajwe na perezida wa komisiyo w’umuryango w’ubumwe bw’u burayi, Ursula Von der Layen, aho yavuze ko bagiye guhagarika inkunga bateraga Israel kubera ibikorwa by’intambara muri Gaza.

Uyu muyobozi yavuze ko ibyo Israel yakoze birenze ubwenge bw’abatuye isi yose, yemeza ko EU igiye no gutekereza uburyo bwo gushyiriraho ibihano bamwe mu baminisitiri bayo, igakumirwa no mu bijyanye n’ubucuruzi.

Uyu muryango w’ubumwe bw’u burayi wari wanasabye ko Israel yakumirwa muri gahunda ya EU yo guteza imbere ubushakashatsi no guhanga udushya tuzwi nka “EU Horizon funding.”

Kimwecyo, uyu perezida w’uyu muryango w’ubumwe bw’u burayi yasobanuye ko iki cyemezo kitarashoboka ngo kuko kigomba kwemezwa n’umubare munini w’abanyamuryango ba EU igizwe n’ibihugu 27. Ariko bamwe muri bo batangiye kucyamagama barimo u Budage, u Butaliyani, Hongrie n’ibindi.

Ubushamirane bwa Israel n’umutwe wa Hamas bwakajije umurego nyuma y’aho uyu mutwe ugabye igitero muri Israel cyo ku itariki ya 07/10/2023, kigahitana abanye-siyeri barenga 1200 abandi 250 urabashimuta.

Nyuma yubwo Israel yahise itangira kugaba ibitero karundura kuri Gaza. Kugeza ubu abarenga ibihumbi 64 bamaze kuhasiga ubuzima bo muri Gaza.

Tariki ya 09/09/2025, Israel yagabye igitero ku ntumwa za Hams zari i Doha muri Qatar. Ni igitero cyamaganiwe kure na guverinoma y’iki gihugu ndetse ivuga ko izagisubiza.

Uretse Qatar na Amerika yaracyamaganye, aho na perezida Donald Trump yahise atangaza ko cyakozwe atabizi, kandi ko cyakozwe muburyo bunyuranyije n’amategeko mpuzamahanga.

Abandi bamaganye iki gitero n’u Burusiya, ni mu gihe bwavuze ko iki gitero kitubahiriza amategeko mpuzamahanga, ndetse ko ibyo Israel ikoze bishobora gutuma Intambara ikwira u Burasirazuba bwo hagati bwose.

Tags: EUIbihanoIsrael
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye

Perezida Trump Yatangaje Ingamba Zikakaye Kuri Iran, Tehran Imusubiza mu Magambo Akomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubuyobozi ayoboye buri gusuzuma ingamba...

Read moreDetails

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba

Ingabo za Leta Zisubije Umurwa Mukuru Khartoum Nyuma y’Igihe Wari Warigaruriwe n’Inyeshyamba Guverinoma ya Repubulika ya Sudani yatangaje ko yongeye gusubira gukorera mu murwa mukuru w’igihugu, Khartoum, nyuma...

Read moreDetails

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

by Bahanda Bruce
January 11, 2026
0
Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi

Amerika Yagabye Igitero Cyagutse kuri ISIS muri Siriya, Gifatwa Nk’Ubutumwa Bukomeye ku Mutekano w’Isi Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangije ibitero bikomeye kandi byagutse bigamije gusenya...

Read moreDetails

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki

Ingabo zo mu Muryango wa BRICS Zatangije Imyitozo ya Gisirikare muri Afurika y’Epfo mu Gihe Isi Iri mu Mwuka Ukomeye wa Politiki Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya...

Read moreDetails

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland

by Bahanda Bruce
January 10, 2026
0
Ese Amerika Yashobora Gutsinda Intambara Iyirwana Yonyine? Amateka Arabivuga Mu Gihe Impaka ku Gusenya NATO Zikomeje

Perezida Trump Yasobanuye Impamvu Amerika Ishaka Kwigarurira Greenland Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye kugaragaza impamvu nyamukuru zituma ashaka ko igihugu cye cyagira ububasha...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?