• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 11, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 11, 2025
in World News
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

You might also like

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Umuryango w’u bumwe bw’u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu mishinga itandukanye, unahagarike kandi n’amafaranga wayihaga.

Byatangajwe na perezida wa komisiyo w’umuryango w’ubumwe bw’u burayi, Ursula Von der Layen, aho yavuze ko bagiye guhagarika inkunga bateraga Israel kubera ibikorwa by’intambara muri Gaza.

Uyu muyobozi yavuze ko ibyo Israel yakoze birenze ubwenge bw’abatuye isi yose, yemeza ko EU igiye no gutekereza uburyo bwo gushyiriraho ibihano bamwe mu baminisitiri bayo, igakumirwa no mu bijyanye n’ubucuruzi.

Uyu muryango w’ubumwe bw’u burayi wari wanasabye ko Israel yakumirwa muri gahunda ya EU yo guteza imbere ubushakashatsi no guhanga udushya tuzwi nka “EU Horizon funding.”

Kimwecyo, uyu perezida w’uyu muryango w’ubumwe bw’u burayi yasobanuye ko iki cyemezo kitarashoboka ngo kuko kigomba kwemezwa n’umubare munini w’abanyamuryango ba EU igizwe n’ibihugu 27. Ariko bamwe muri bo batangiye kucyamagama barimo u Budage, u Butaliyani, Hongrie n’ibindi.

Ubushamirane bwa Israel n’umutwe wa Hamas bwakajije umurego nyuma y’aho uyu mutwe ugabye igitero muri Israel cyo ku itariki ya 07/10/2023, kigahitana abanye-siyeri barenga 1200 abandi 250 urabashimuta.

Nyuma yubwo Israel yahise itangira kugaba ibitero karundura kuri Gaza. Kugeza ubu abarenga ibihumbi 64 bamaze kuhasiga ubuzima bo muri Gaza.

Tariki ya 09/09/2025, Israel yagabye igitero ku ntumwa za Hams zari i Doha muri Qatar. Ni igitero cyamaganiwe kure na guverinoma y’iki gihugu ndetse ivuga ko izagisubiza.

Uretse Qatar na Amerika yaracyamaganye, aho na perezida Donald Trump yahise atangaza ko cyakozwe atabizi, kandi ko cyakozwe muburyo bunyuranyije n’amategeko mpuzamahanga.

Abandi bamaganye iki gitero n’u Burusiya, ni mu gihe bwavuze ko iki gitero kitubahiriza amategeko mpuzamahanga, ndetse ko ibyo Israel ikoze bishobora gutuma Intambara ikwira u Burasirazuba bwo hagati bwose.

Tags: EUIbihanoIsrael
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
Burya Abanyaburayi ngo n’ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n’abo ni abacakara kimwe n’abandi- byose abishize ku karubanda

Burya Abanyaburayi ngo n'ubwo bakolonije Abanya-Frika ariko n'abo ni abacakara kimwe n'abandi- byose abishize ku karubanda Nubwo Abanyaburayi bagize uruhare rukomeye mu kugurisha Abanya-Frika nk'abacakara, babakoloniza; nyuma bakaza...

Read moreDetails

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?