• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 11, 2025
in World News
0
EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

EU yafatiye Israel ingamba zi kakaye nyuma y’i gitero yagabye i Doha

You might also like

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- “nta handi kiraboneka ku isi”

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Umuryango w’u bumwe bw’u burayi watangaje ko ugiye guhagarika inkunga wahaga igihugu cya Israel binyuze mu mishinga itandukanye, unahagarike kandi n’amafaranga wayihaga.

Byatangajwe na perezida wa komisiyo w’umuryango w’ubumwe bw’u burayi, Ursula Von der Layen, aho yavuze ko bagiye guhagarika inkunga bateraga Israel kubera ibikorwa by’intambara muri Gaza.

Uyu muyobozi yavuze ko ibyo Israel yakoze birenze ubwenge bw’abatuye isi yose, yemeza ko EU igiye no gutekereza uburyo bwo gushyiriraho ibihano bamwe mu baminisitiri bayo, igakumirwa no mu bijyanye n’ubucuruzi.

Uyu muryango w’ubumwe bw’u burayi wari wanasabye ko Israel yakumirwa muri gahunda ya EU yo guteza imbere ubushakashatsi no guhanga udushya tuzwi nka “EU Horizon funding.”

Kimwecyo, uyu perezida w’uyu muryango w’ubumwe bw’u burayi yasobanuye ko iki cyemezo kitarashoboka ngo kuko kigomba kwemezwa n’umubare munini w’abanyamuryango ba EU igizwe n’ibihugu 27. Ariko bamwe muri bo batangiye kucyamagama barimo u Budage, u Butaliyani, Hongrie n’ibindi.

Ubushamirane bwa Israel n’umutwe wa Hamas bwakajije umurego nyuma y’aho uyu mutwe ugabye igitero muri Israel cyo ku itariki ya 07/10/2023, kigahitana abanye-siyeri barenga 1200 abandi 250 urabashimuta.

Nyuma yubwo Israel yahise itangira kugaba ibitero karundura kuri Gaza. Kugeza ubu abarenga ibihumbi 64 bamaze kuhasiga ubuzima bo muri Gaza.

Tariki ya 09/09/2025, Israel yagabye igitero ku ntumwa za Hams zari i Doha muri Qatar. Ni igitero cyamaganiwe kure na guverinoma y’iki gihugu ndetse ivuga ko izagisubiza.

Uretse Qatar na Amerika yaracyamaganye, aho na perezida Donald Trump yahise atangaza ko cyakozwe atabizi, kandi ko cyakozwe muburyo bunyuranyije n’amategeko mpuzamahanga.

Abandi bamaganye iki gitero n’u Burusiya, ni mu gihe bwavuze ko iki gitero kitubahiriza amategeko mpuzamahanga, ndetse ko ibyo Israel ikoze bishobora gutuma Intambara ikwira u Burasirazuba bwo hagati bwose.

Tags: EUIbihanoIsrael
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka

Kenya indege yaritwaye abagenzi yakoze impanuka Indege nto ya gisivili yaritwaye abagenzi 12 yakoze impanuka bose bitaba Imana, nk'uko amakuru aturuka muri Kenya byabeye abitangaza. Iyi mpanuka yabaye...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- “nta handi kiraboneka ku isi”

by Bahanda Bruce
October 28, 2025
0
Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- “nta handi kiraboneka ku isi”

Ibihugu bikomeye biri kuvuga ku gisasu u Burusiya bwakoreye igerageza- "nta handi kiraboneka ku isi" Ubutasi bw'igisirikare cya Norvege bwatangaje ko u Burusiya koko bwagerageje igisasu kirimbuzi cya...

Read moreDetails

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 ivuze ku bya Uvira ni cyihutirwa kuri yo

AFC/M23 bwa mbere itumijwe mu biganiro by'umuryango ukomeye ku isi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?