Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

FARDC abo iheruka gutakaza mu bitero yagabye ku Banyamulenge mu Minembwe ba menyekanye.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 2, 2025
in Uncategorized
0
FARDC abo iheruka gutakaza mu bitero yagabye ku Banyamulenge mu  Minembwe ba menyekanye.
167
SHARES
4.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC abo iheruka gutakaza mu Minembwe ba menyekanye.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Abarenga 70 ni wo mubare w’abasirikare ba Leta ya Kinshasa baheruka gupfira mu Minembwe, mu bitero iz’i ngabo zagabye mu mihana y’Abanyamulenge iherereye muri ibyo bice, nk’uko byavuzwe n’umusirikare wo muri brigade ya 21 ifite icyicaro gikuru muri centrerwagati ya Minembwe.

Ibitero bya FARDC biheruka kwibasira i mihana y’Abanyamulenge iherereye mu Minembwe, byakozwe mu ntangiriro zi Cyumweru gishize.

Bigabwa mu muhana w’i Lundu, Lwiko, Kalingi na Runundu kuri Evomi, ndetse no kuri Ugeafi.

Ni ibitero byatumye abaturage baturiye ibyo bice bata ibyabo, barahunga bakwira imishwaro! Ndetse abandi barapfa barimo umwana w’umukobwa w’Umunyamulenge uri mu kigero cy’imyaka 16 y’amavuko witwa Florence, akaba yararashwe n’ingabo za RDC ubwo yarimo guhunga ava mu muhana wo ku Kabakire ku Runundu.

Ibi bitero bikaba byaragabwe mu minsi itatu ikurikirana, uwo kw’itariki ya 25, 26 na 27/12/2024.

Gusa, Twirwaneho yaje kwirwanaho maze ikubita inshuro iz’i ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, izirukana muri tumwe mu duce zari zagabyemo ibitero harimo ko yanazikuye mu ndake zo kuri Evomi.

Mu makuru yatanzwe n’umwe muri abo basirikare ba leta bagabye ibyo bitero ariko ku bw’umutekano we yanga ko tugaragaza amazina ye, yahamije ko brigade ya 21 yapfushije abasirikare 76.

Yasobanuye ko “aba ofisiye bato n’abakuru (Official supérieur et Inférieur) baguye muri ibyo bitero ko ari 11, kandi ko ari nabo bahambwe bakoresheje amasanduku, mu gihe abandi basirikare basanzwe bo, mu kubashingura bakoresheje amashashi n’ibiringiti.”

Yagize ati: Leta yapfushije abasirikare 76. Aba ofisiye ni 11.”

Yakomeje agira ati: “Bariya nakubwiye ko ari aba ofisiye bahambwe mu masanduku, ariko abandi bose twakoresheje amashashi n’ibiringiti.”

Yanavuze ko ishirahamwe rya cois-rouge kwariryo ryafashije Leta gushingura bariya basirikare

Ikindi yavuze nuko abasirikare bakomerekeye muri ibyo bitero barenga 140.

Rero, nubwo intambara hagati y’abaturage n’ingabo za RDC yahagaze ku wa Gatandatu mu Minembwe, ariko impande zombi ntizirebana neza, ndetse kandi uruhande rwa Leta rukomeje kohereza abasirikare muri ibyo bice.

Benshi bavuye Uvira no mu bindi bice byo muri teritware ya Fizi.

Tags: FardcMinembweUmubare
Share67Tweet42Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

M23 yongeye gutigisa ihuriro ry'Ingabo za RDC iryambura uduce twinshi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?