Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC byayikomeranye, maze yiyambaza ba kadogo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 6, 2025
in Regional Politics
0
FARDC byayikomeranye, maze yiyambaza ba kadogo.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC byayikomeranye, maze yiyambaza ba kadogo.

You might also like

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu byagisirikare, Maj.Gen Peter Cyirumwami Nkuba, yahamagaye abana bahoze mu mitwe yitwaje intwaro bazwi nkaba “kadogo” kwinjira mu gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kugira ngo bayifashe guhangana n’umutwe wa M23 ukomeje kubakubita kubi muri Kivu Yaruguru.

Ubu busabe bwa Maj.Gen Peter Cirumwami yabugaragarije abaturiye uduce twa Ndosho,Mugunga n’utundi two mu mujyi wa Goma.

Yabisabye ubwo yifurizaga umwaka mushya w’ 2025 abaturage bo muri ibyo bice.

Yanaboneyeho umwanya yibutsa ba kadogo ko bitezweho kurwanya u Rwanda, kandi ababwira ko uburyo bwiza bwo kubigeraho ari ukwinjira mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ( FARDC).

Yagize ati: “Nimuze mwifatanye n’ingabo kugira ngo dushobore kurwanya ubushotoranyi bw’u Rwanda, kuko twese turi inzirakarengane.”

Maj.Gen Cirumwami yabwiye bariya ba kadogo ko kwinjira mu ngabo z’iki gihugu ari ugutiza amaboko perezida Félix Tshisekedi umaze igihe asaba abakiri bato kwinjira mu gisirikare ku bwinshi kuko ngo intambara u Rwanda rwabashojeho isaba ibitambo byinshi.

Yavuze ko hari ibigo by’ijonjora mu mujyi wa Goma kandi ko n’ahandi bihari.

Ibyo abivuze mu gihe M23 imaze kugira ibice byinshi bitandukanye bya teritware ya Masisi, Rutshuru, Nyiragongo, Walikale na Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru babohoje.

Ni mugihe kuva mu mpera z’iki cyumweru gishize, M23 igenzura Zone ya Masisi, nk’uko impande zihanganye zabyemeje.

Hagataho imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ingabo za RDC zifashwa n’u Burundi, Wazalendo, FDLR na Sadc.

Kuri uyu wa mbere, imirwano yabereye ahitwa Kamatale, Rwangara na Kabingo. Ku ruhande rumwe amakuru avuga ko ibyo bice M23 yamaze kubibohoza nabyo, nubwo uwo mutwe utarabitangaza.

Tags: FardcKadogoM23
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails
Next Post
RDC : Minisitiri Mutamba yahakanye ibivugwa ko yishe abantu.

RDC : Minisitiri Mutamba yahakanye ibivugwa ko yishe abantu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?