• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC byayikomeranye, maze yiyambaza ba kadogo.

minebwenews by minebwenews
January 6, 2025
in Regional Politics
0
FARDC byayikomeranye, maze yiyambaza ba kadogo.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC byayikomeranye, maze yiyambaza ba kadogo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyaruguru mu byagisirikare, Maj.Gen Peter Cyirumwami Nkuba, yahamagaye abana bahoze mu mitwe yitwaje intwaro bazwi nkaba “kadogo” kwinjira mu gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo kugira ngo bayifashe guhangana n’umutwe wa M23 ukomeje kubakubita kubi muri Kivu Yaruguru.

Ubu busabe bwa Maj.Gen Peter Cirumwami yabugaragarije abaturiye uduce twa Ndosho,Mugunga n’utundi two mu mujyi wa Goma.

Yabisabye ubwo yifurizaga umwaka mushya w’ 2025 abaturage bo muri ibyo bice.

Yanaboneyeho umwanya yibutsa ba kadogo ko bitezweho kurwanya u Rwanda, kandi ababwira ko uburyo bwiza bwo kubigeraho ari ukwinjira mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ( FARDC).

Yagize ati: “Nimuze mwifatanye n’ingabo kugira ngo dushobore kurwanya ubushotoranyi bw’u Rwanda, kuko twese turi inzirakarengane.”

Maj.Gen Cirumwami yabwiye bariya ba kadogo ko kwinjira mu ngabo z’iki gihugu ari ugutiza amaboko perezida Félix Tshisekedi umaze igihe asaba abakiri bato kwinjira mu gisirikare ku bwinshi kuko ngo intambara u Rwanda rwabashojeho isaba ibitambo byinshi.

Yavuze ko hari ibigo by’ijonjora mu mujyi wa Goma kandi ko n’ahandi bihari.

Ibyo abivuze mu gihe M23 imaze kugira ibice byinshi bitandukanye bya teritware ya Masisi, Rutshuru, Nyiragongo, Walikale na Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru babohoje.

Ni mugihe kuva mu mpera z’iki cyumweru gishize, M23 igenzura Zone ya Masisi, nk’uko impande zihanganye zabyemeje.

Hagataho imirwano irakomeje hagati ya M23 n’ingabo za RDC zifashwa n’u Burundi, Wazalendo, FDLR na Sadc.

Kuri uyu wa mbere, imirwano yabereye ahitwa Kamatale, Rwangara na Kabingo. Ku ruhande rumwe amakuru avuga ko ibyo bice M23 yamaze kubibohoza nabyo, nubwo uwo mutwe utarabitangaza.

Tags: FardcKadogoM23
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
RDC : Minisitiri Mutamba yahakanye ibivugwa ko yishe abantu.

RDC : Minisitiri Mutamba yahakanye ibivugwa ko yishe abantu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?