• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC n’abambari bayo bongeye kurasira mu duce tw’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in Conflict & Security
0
Mu Bijombo haravugwa imirwano.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC n’abambari bayo bongeye kurasira mu duce tw’i Mulenge.

You might also like

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

Nubwo i Mulenge bamaze kangahe ntahabereye imirwano kuva ku cyumweru, ariko hari uduce ihuriro ry’ingabo za Congo zasubiye kurasiramo amasasu menshi yo gupfusha ubusa.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/05/2025, ni bwo ihuriro ry’ingabo za RDC zarasiye imbunda mu Rugezi, ariko zumvikana umwanya muto.

Uduce neza ziriya mbunda zarasiwemo ni kuri Nyakirango, ku w’Ihene, i Muchikachika no mu Kabanju.

Ni amasasu yaraswaga nta mirwano ihabera, nk’uko amakuru agera kuri Minembwe Capital News abivuga.

Ubuhamya bugira buti: “Mu Rugezi hiriwe ituze, kimwe kandi na Minembwe ndetse na Mikenke.”

Ubu buhamya bokongera bukagira buti: “Mu kagoroba ni bwo mu duce two mu Rugezi umwanzi yakomeje kuturasiramo, ariko yarasaga nta we bahanganye.”

Iri rasagura ryakozwe n’uruhande rwa Leta ryamaze umwanya ungana n’igice cy’isaha, nk’uko bivugwa.

Kuva ku cyumweru ntahantu harongera kubera imirwano, kandi ibyo ntibyari bisanzwe, kuko muri ibyo bice ziriya ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo zakunze kubigabamo ibitero bya buri munsi, ahanini zabigabaga mu Minembwe, Rugezi na Mikenke.

Imirwano hagati y’impande zombi iheruka mu mpera zakiriya cyumweru dosoje, aho yabereye muri Mukoko no mu tundi duce duherereye hafi n’inkengero za centre ya Minembwe, nka Nyaruhinga.

Gusa, uko iri huriro ry’Ingabo za RDC ziteye mu birindiro bya Twirwaneho na M23, biza gusozwa iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, izishubije inyuma ndetse kandi abo muri iryo huriro rigizwe na FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo bahatigisiye.

Tags: Ihuriro ry'ingabo za CongoMinembweYarasaguye
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko havutse umwuka mubi hagati y'Ababembe n'Abarega, nyuma...

Read moreDetails

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z'ikindi gihugu ku murinda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igihugu cy'u Burundi cya mwoherereje Ingabo kabuhariwe zo ku murindira...

Read moreDetails

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

I Kinshasa humvikanye urusaku rw'imbunda z'irimo nini havugwa n'impamvu yarwo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'igipolisi cya yo, byahanganye n'abajura bateye Bank, hakoreshwa intwaro ziremereye n'izoroheje....

Read moreDetails

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b’aho bakomeje kwicwa

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Havuzwe uduce Wazalendo bari kubabarizamo abaturage, n’icyakorwa kugira ngo bigire iherezo

Aho AFC/M23/MRDP itarafata abaturage b'aho bakomeje kwicwa Umutwe wa ADF ukomeje kuzahaza abaturage b'aho ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho ritarabohoza muri teritware ya Lubero mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”

Yatubwiye impamvu ba mwise "Imbogo-y'ishyamba."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?