• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC n’abambari bayo bongeye kurasira mu duce tw’i Mulenge.

minebwenews by minebwenews
June 24, 2025
in Conflict & Security
0
Mu Bijombo haravugwa imirwano.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC n’abambari bayo bongeye kurasira mu duce tw’i Mulenge.

You might also like

At long last, President Tshisekedi has reportedly called upon foreign military personnel to provide security protection

Kera kabaye, Perezida Tshisekedi yiyambaje abasirikare bo mu kindi gihugu kugira ngo bamurindire umutekano

Impunzi z’Abanyekongo i Nairobi Zigaragambije Zamagana Ubwicanyi Bukomeje Kwibasira Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa RDC

Nubwo i Mulenge bamaze kangahe ntahabereye imirwano kuva ku cyumweru, ariko hari uduce ihuriro ry’ingabo za Congo zasubiye kurasiramo amasasu menshi yo gupfusha ubusa.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 24/05/2025, ni bwo ihuriro ry’ingabo za RDC zarasiye imbunda mu Rugezi, ariko zumvikana umwanya muto.

Uduce neza ziriya mbunda zarasiwemo ni kuri Nyakirango, ku w’Ihene, i Muchikachika no mu Kabanju.

Ni amasasu yaraswaga nta mirwano ihabera, nk’uko amakuru agera kuri Minembwe Capital News abivuga.

Ubuhamya bugira buti: “Mu Rugezi hiriwe ituze, kimwe kandi na Minembwe ndetse na Mikenke.”

Ubu buhamya bokongera bukagira buti: “Mu kagoroba ni bwo mu duce two mu Rugezi umwanzi yakomeje kuturasiramo, ariko yarasaga nta we bahanganye.”

Iri rasagura ryakozwe n’uruhande rwa Leta ryamaze umwanya ungana n’igice cy’isaha, nk’uko bivugwa.

Kuva ku cyumweru ntahantu harongera kubera imirwano, kandi ibyo ntibyari bisanzwe, kuko muri ibyo bice ziriya ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Congo zakunze kubigabamo ibitero bya buri munsi, ahanini zabigabaga mu Minembwe, Rugezi na Mikenke.

Imirwano hagati y’impande zombi iheruka mu mpera zakiriya cyumweru dosoje, aho yabereye muri Mukoko no mu tundi duce duherereye hafi n’inkengero za centre ya Minembwe, nka Nyaruhinga.

Gusa, uko iri huriro ry’Ingabo za RDC ziteye mu birindiro bya Twirwaneho na M23, biza gusozwa iyi mitwe yombi ibarizwa mu ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, izishubije inyuma ndetse kandi abo muri iryo huriro rigizwe na FARDC, FDNB, FDLR na Wazalendo bahatigisiye.

Tags: Ihuriro ry'ingabo za CongoMinembweYarasaguye
Share30Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

At long last, President Tshisekedi has reportedly called upon foreign military personnel to provide security protection

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
At long last, President Tshisekedi has reportedly called upon foreign military personnel to provide security protection

At long last, President Tshisekedi has reportedly called upon foreign military personnel to provide security protection In Kinshasa, the capital of the Democratic Republic of the Congo (DRC),...

Read moreDetails

Kera kabaye, Perezida Tshisekedi yiyambaje abasirikare bo mu kindi gihugu kugira ngo bamurindire umutekano

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Amategeko Shingiro ya RDC mu Ihurizo Rikomeye

Kera kabaye, Perezida Tshisekedi yiyambaje abasirikare bo mu kindi gihugu kugira ngo bamurindire umutekano Mu mujyi wa Kinshasa, umurwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), haravugwa...

Read moreDetails

Impunzi z’Abanyekongo i Nairobi Zigaragambije Zamagana Ubwicanyi Bukomeje Kwibasira Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Impunzi z’Abanyekongo i Nairobi Zigaragambije Zamagana Ubwicanyi Bukomeje Kwibasira Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa RDC

Impunzi z’Abanyekongo i Nairobi Zigaragambije Zamagana Ubwicanyi Bukomeje Kwibasira Abanyamulenge mu Burasirazuba bwa RDC Impunzi z’Abanyekongo zituye mu mujyi wa Nairobi, mu gihugu cya Kenya, zakoze imyigaragambyo ikomeye...

Read moreDetails

Congolese Refugees in Nairobi Protest Ongoing Killings Targeting Banyamulenge in Eastern DRC

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Congolese Refugees in Nairobi Protest Ongoing Killings Targeting Banyamulenge in Eastern DRC

Congolese Refugees in Nairobi Protest Ongoing Killings Targeting Banyamulenge in Eastern DRC Congolese refugees residing in Nairobi, Kenya, staged a major احتجاج protest condemning what they describe as...

Read moreDetails

Ibitero Bikomeye by’Ingabo za Leta ya RDC byongeye gukaza umwuka mubi mu Burasirazuba bw’Igihugu

by Bahanda Bruce
April 20, 2026
0
Ibitero Bikomeye by’Ingabo za Leta ya RDC byongeye gukaza umwuka mubi mu Burasirazuba bw’Igihugu

Ibitero Bikomeye by’Ingabo za Leta ya RDC byongeye gukaza umwuka mubi mu Burasirazuba bw’Igihugu Mu gihe hari icyizere cyari cyatangiye kugaragara ku bijyanye n’agahenge hagati y’impande zihanganye mu...

Read moreDetails
Next Post
Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”

Yatubwiye impamvu ba mwise "Imbogo-y'ishyamba."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?