• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, February 28, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC yagize icyo ivuga ku rupfu rutunguranye rwa Gen Mwaku Daniel

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 13, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC yagize icyo ivuga ku rupfu rutunguranye rwa Gen Mwaku Daniel
94
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yagize icyo ivuga ku rupfu rutunguranye rwa Gen Mwaku Daniel

You might also like

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

Brigadier General Daniel Mwaku wayoboraga akarere ka 33 ka gisirikare k’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC yitabye Imana azize indwara itunguranye.

Aharejo ku wa gatanu tariki ya 12/09/2025, ni bwo uyu musirikare warebaga FARDC i Uvira mu ntara ya Kivu yepfo yitabye Imana.

Amakuru ava muri icyo gice avuga ko urupfu rwe rwabaye nyuma yaho yari yazindukiye mu bikorwa bya gisirikare muri iki gice yagenzuraga, murukurikirane rw’ibiganiro bikomeje kuhabera, aho bihuriramo Wazalendo, FARDC n’intumwa zivuye i Kinshasa ziyobowe na minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Jacquemain Shaban.

Ni biganiro bigamije guhoshya imyigaragambyo ya Wazalendo yahadutse ubwo General Olivier Gasita yahoherezwaga kuyobora ibikorwa bya gisirikare.

Itangazo ry’igisirikare cya RDC rivuga ko Gen Mwaku Mbuluku Daniel wayoboraga ingabo za karere ka 33 ka gisirikare, yafashwe n’indwara bitunguranye ari mu kazi, nyuma ahita ajanwa kubitaro bya Uvira aba ari nabyo apfiramo.

Igisirikare kandi cyavuze ko umubiri we uzajanwa i Kinshasa kugira ngo ashyingurwe mu cyubahiro.

N’ubwo Gen Daniel Mwaku yari arwaye ariko yakomeje gukora ibikorwa bya gisirikare bitandukanye i Uvira.

Uyu yahawe inshingano zo kuyobora aka karere ka 33 kagizwe n’intara ya Maniema, na Kivu y’Amajyepfo mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2025.

Gen.Mwaku yitabye Imana mu gihe agace ayoboye karimo umutekano muke ahanini uva ku muryane wa Wazalendo na FARDC.

Impande zombi zari zinamaze igihe zishamairanye buri ruhande rushaka kugenzura umupaka wa Kavimvira, ariko byaje kurushaho kuba bibi cyane ubwo perezida Felix Tshisekedi yoherezaga Gen Gasita ngo ajye kuba umuyobozi w’Ingabo wungirije ushyinzwe ibikorwa bya gisirikare n’ubutasi.

Ariko Wazalendo bagaragaza ko batamushaka bavuga ko ari Umututsi kandi ko akorana na AFC/M23, batangira no gukora imyigaragambyo yo kumwamagana no gusubiranamo hagati yabo na FARDC.

Tags: FardcGen Mwaku Daniel Daniel
Share38Tweet24Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n’Ibyo Isaba Ubutabera

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
AFC/M23 Yigaruriye Uduce Twinshi twa Masisi Nyuma y’Imirwano Ikaze Yahuje Ingabo za RDC n’Abafatanyabikorwa Bazo

AFC/M23 Yemeje Urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, Igira n'Ibyo Isaba Ubutabera Ihuriro Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryatangaje ku mugaragaro urupfu rwa Lt. Col. Willy Ngoma, umwe mu...

Read moreDetails

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi

Inzoga n’Ikimogi: Ni Ikihe Cyangiza Abantu Cyane? Isesengura Ryimbitse ku Ngaruka Zabyo n’Amateka y’Inkomoko y’Ikimogi Ikibazo cyo kumenya niba inzoga cyangwa ikimogi ari byo byangiza abantu cyane gikeneye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel

by Bahanda Bruce
February 28, 2026
0
FARDC n’Abafatanyabikorwa Bayo Bagabye Ibindi Bitero Simusiga mu Gace kamwe ka Masisi, mu Gihe AFC/M23 Ikomeje Kwigarurira Uduce

AFC/M23 Yivuganye Umurwanyi wa FDLR Ufite Ipeti rya Colonel Amakuru aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) aravuga ko habaye imirwano ikomeye muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
Mu Mirwano Ikomeye, AFC/M23 Yongeye Kwigarurira Ibice Byinshi bya Masisi; Bamwe mu Bayobozi ba FARDC Bahasiga Ubuzima

Imirwano Ikaze muri Nyamaboko: AFC/M23 Yigaruriye Mulema n’Utundi Duce Twinshi Imirwano ikomeye yabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27/02/2026 muri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi

by Bahanda Bruce
February 27, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ubutegetsi bwa RDC Kugaba Ibitero bya Drone i Rubaya

Rugeyo Yasubije Kongolo ku By’Ibitero bya Drones muri teritware ya Fizi Rumenge Rugeyo Olivier, wigeze kwiyamamariza kuba Umudepite ku rwego rw’Igihugu muri Teritwari ya Fizi, yasohoye inyandiko zikomeye...

Read moreDetails
Next Post

Imfungwa za RDC n'iza AFC/M23 zigiye guhererekanwa

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?