• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yahawe umuyobozi mushya i Uvira.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2025
in Regional Politics
0
FARDC yahawe umuyobozi mushya i Uvira.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yahawe umuyobozi mushya i Uvira.

You might also like

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Brigadier General Fabien Dunia Kashindi yatangiye imirimo ye nk’umuyobozi mushya w’akarere ka gisirikare ka 33 k’i ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Uvira, ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yaho umujyi wa Bukavu ubohojwe na M23 kubufatanye n’uwa Twirwaneho.

Aha’rejo ku wa kabiri tariki ya 08/04/2025, ni bwo uyu musirikare yahawe inshingano zo kuyobora aka karere ka 33 k’i ngabo za Congo gafite icyicaro gikuru i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Briga.Gen Fabien yahawe izi nshingano nyuma yihererekanya bubasha yagiranye n’uwo yarasimbuye kuri uwo mwanya, Major Gen Yav Avul Ngola.

Nk’uko amakuru abivuga nyuma y’uwo muhango, Maj.Gen. Yav Avul Ngola yahise yerekeza i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya RDC, aho agiye kurindira kugeza ahawe indi mirimo.

Ni amakuru kandi yemejwe n’ushinzwe itumanaho muri aka karere ka 33 k’i ngabo za Congo muri Kivu y’Amajyepfo, Lieutenant Mizombo Mitimamwa, aho yagize ati: “Ubu akarere ka 33 k’i ngabo za Congo kararamutswa umuyobozi mushya. Brig.Gen. Fabien Dunia Kashindi niwe wahawe ku kayobora.”

Yongeyeho kandi ati: “Maj.Gen. Yav Avul Ngola nyuma yogukora ihererekanya bubafasha n’uwa musimbuye yerekeje i Kinshasa.”

Gen.Fabien ahawe kuyobora aka gace mu gihe karimo umwuka mubi ahanini uva kwikorogana riri hagati y’inzego zishinzwe umutekano.

Ni ikorogana rikomoza ku mafaranga izi nzego z’umutekano zirimo abapolisi, abasirikare na Wazalendo babuguza ku mabariyeri atandukanye n’izindi batangisha mu mihanda yo muri uyu mujyi wa Uvira. Ahanini i Kamvimvira no kuri Mulongwe.

Uyu mwuka mubi hagati y’izi nzego z’umutekano muri Uvira, watangiye kugaragara mu mpera za kiriya cyumweru gishize, ariko ukaba warafashe indi ntera aha’rejo ku wa kabiri.

Kimwecyo, mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize, Wazalendo ubwabo basubiranyemo bararwana baricyana. Harwanaga uruhande rwa Makanaki n’urundi ruyobowe na Beta Bango uzwi cyane nka Rene.

Imirwano hagati y’izi mpande zombi ikaba yaraberaga i Kavimvira no kuri Mulongwe.

Brig.Gen.Fabien, mu muhango wo ku muha inshingano zo kuyobora akarere ka 33 k’i ngabo za Congo, yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose agahosha amakimbirane ari hagati y’inzego zishinzwe umutekano.

Ubundi kandi asaba abaturage gutekana, ndetse anabizeza ko ingabo ayoboye zizarwanya umutwe wa m23, kandi ko zizisubiza ibice byose ugenzura.

Tags: UbuyoboziUvira
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

by Bahanda Bruce
March 4, 2026
0
Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi

Icyo Amakuru Avuga ku Ndege Itagira Umupilote Yasutse Impapuro Ziha Gasopo u Burundi Mu gihe umwuka w’intambara ukomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya...

Read moreDetails
Next Post
Ukuri kubivugwa kuri Kabila uwo bavuga ko yageze i Goma muri RDC.

Ukuri kubivugwa kuri Kabila uwo bavuga ko yageze i Goma muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?