• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yahawe umuyobozi mushya i Uvira.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2025
in Regional Politics
0
FARDC yahawe umuyobozi mushya i Uvira.
114
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yahawe umuyobozi mushya i Uvira.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Brigadier General Fabien Dunia Kashindi yatangiye imirimo ye nk’umuyobozi mushya w’akarere ka gisirikare ka 33 k’i ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Uvira, ahimuriwe ibiro bikuru by’intara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yaho umujyi wa Bukavu ubohojwe na M23 kubufatanye n’uwa Twirwaneho.

Aha’rejo ku wa kabiri tariki ya 08/04/2025, ni bwo uyu musirikare yahawe inshingano zo kuyobora aka karere ka 33 k’i ngabo za Congo gafite icyicaro gikuru i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Briga.Gen Fabien yahawe izi nshingano nyuma yihererekanya bubasha yagiranye n’uwo yarasimbuye kuri uwo mwanya, Major Gen Yav Avul Ngola.

Nk’uko amakuru abivuga nyuma y’uwo muhango, Maj.Gen. Yav Avul Ngola yahise yerekeza i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya RDC, aho agiye kurindira kugeza ahawe indi mirimo.

Ni amakuru kandi yemejwe n’ushinzwe itumanaho muri aka karere ka 33 k’i ngabo za Congo muri Kivu y’Amajyepfo, Lieutenant Mizombo Mitimamwa, aho yagize ati: “Ubu akarere ka 33 k’i ngabo za Congo kararamutswa umuyobozi mushya. Brig.Gen. Fabien Dunia Kashindi niwe wahawe ku kayobora.”

Yongeyeho kandi ati: “Maj.Gen. Yav Avul Ngola nyuma yogukora ihererekanya bubafasha n’uwa musimbuye yerekeje i Kinshasa.”

Gen.Fabien ahawe kuyobora aka gace mu gihe karimo umwuka mubi ahanini uva kwikorogana riri hagati y’inzego zishinzwe umutekano.

Ni ikorogana rikomoza ku mafaranga izi nzego z’umutekano zirimo abapolisi, abasirikare na Wazalendo babuguza ku mabariyeri atandukanye n’izindi batangisha mu mihanda yo muri uyu mujyi wa Uvira. Ahanini i Kamvimvira no kuri Mulongwe.

Uyu mwuka mubi hagati y’izi nzego z’umutekano muri Uvira, watangiye kugaragara mu mpera za kiriya cyumweru gishize, ariko ukaba warafashe indi ntera aha’rejo ku wa kabiri.

Kimwecyo, mu ntangiriro zakiriya cyumweru gishize, Wazalendo ubwabo basubiranyemo bararwana baricyana. Harwanaga uruhande rwa Makanaki n’urundi ruyobowe na Beta Bango uzwi cyane nka Rene.

Imirwano hagati y’izi mpande zombi ikaba yaraberaga i Kavimvira no kuri Mulongwe.

Brig.Gen.Fabien, mu muhango wo ku muha inshingano zo kuyobora akarere ka 33 k’i ngabo za Congo, yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose agahosha amakimbirane ari hagati y’inzego zishinzwe umutekano.

Ubundi kandi asaba abaturage gutekana, ndetse anabizeza ko ingabo ayoboye zizarwanya umutwe wa m23, kandi ko zizisubiza ibice byose ugenzura.

Tags: UbuyoboziUvira
Share46Tweet29Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Ukuri kubivugwa kuri Kabila uwo bavuga ko yageze i Goma muri RDC.

Ukuri kubivugwa kuri Kabila uwo bavuga ko yageze i Goma muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?