• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera.

minebwenews by minebwenews
May 15, 2025
in Conflict & Security
0
FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yasubiranyemo i Kinshasa birakomera.

You might also like

“Ntacyo Nigeze Nkora Kinyuranyije n’Ukuri, Mparanira Gusubirana Icyubahiro Cyanjye” – Matata Ponyo

Perezida Tshisekedi Agiye Gusbira i Luanda muri Angola

Kivu y’Epfo: Wazalendo Bateye Ibirindiro Bya AFC/M23, Ariko Basubizwa Inyuma Bikomeye

Umusirikare wo mu itsinda ririnda umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo yishe arashe abasirikare ba tatu bo mu mutwe wa PM i Kinshasa ku murwa mukuru w’iki gihugu cya RDC.

Ahagana igihe c’isaha ya saa tatu z’igitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 14/05/2025, ni bwo uriya musirikare yarasashe ababo batatu baba PM barapfa.

Nyuma yuko uyu musirikare akoze ayo mabi, amakuru avuga ko yahise ahungira mu gace gaherereye muri komine ya Kitambo mu mujyi wa Kinshasa.

Nibwo abasirikare baba PM bahagabye igitero, ubundi haba kurasana gukomeye hagati ya wa musirikare wo muri ririya tsinda ririnda umukuru w’igihugu wicyanye. Birangira atawe muri yombi.

Amashusho agaragaza uriya musirikare yatawemo akandoyi, banamutwarira hejuru. Ndetse ubona ashorewe n’igicu cy’abasirikare benshi bagenda bamwirukankana.

Ubuyobozi bwa FARDC i Kinshasa bwanatangaje ko bwatangiye iperereza kugira ngo hamenyekane icyihishe inyuma y’iryo rasana ryasize batatu mu basirikare bayo bahasize ubuzima. Bunamenyesha ko umusirikare warashe akicya ababo yamaze gutabwa muri yombi.

Tags: BarasanyeFardcKinshasaPm
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Ntacyo Nigeze Nkora Kinyuranyije n’Ukuri, Mparanira Gusubirana Icyubahiro Cyanjye” – Matata Ponyo

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
“Ntacyo Nigeze Nkora Kinyuranyije n’Ukuri, Mparanira Gusubirana Icyubahiro Cyanjye” – Matata Ponyo

“Ntacyo Nigeze Nkora Kinyuranyije n’Ukuri, Mparanira Gusubirana Icyubahiro Cyanjye” – Matata Ponyo Mu kiganiro cyihariye kuri TV5 Monde, Augustin Matata Ponyo, wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi Agiye Gusbira i Luanda muri Angola

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Perezida Tshisekedi Agiye Gusbira i Luanda muri Angola

Perezida Tshisekedi Agiye Gusbira i Luanda muri Angola Nyuma y’uruzinduko yagiriye mu mujyi wa Kananga, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe...

Read moreDetails

Kivu y’Epfo: Wazalendo Bateye Ibirindiro Bya AFC/M23, Ariko Basubizwa Inyuma Bikomeye

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Kivu y’Epfo: Wazalendo Bateye Ibirindiro Bya AFC/M23, Ariko Basubizwa Inyuma Bikomeye

Kivu y'Epfo: Wazalendo Bateye Ibirindiro Bya AFC/M23, Ariko Basubizwa Inyuma Bikomeye Kuri uyu wa Kane tariki ya 29/01/2026, abarwanyi ba Wazalendo bo mu mutwe wa Raiya Mutomboki, baturutse...

Read moreDetails

Agahinda mu Mpunzi z’Abanye-Congo mu Nkambi zo mu Burundi

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Agahinda mu Mpunzi z’Abanye-Congo mu Nkambi zo mu Burundi

Agahinda mu Mpunzi z’Abanye-Congo mu Nkambi zo mu Burundi Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa cumi na kabiri 2025, ibihumbi n’ibihumbi by’Abanye-Congo bahunze imirwano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara watangaje ku mugaragaro ko udafitanye...

Read moreDetails
Next Post
Ikorana buhanga rya FARDC ryarashe i Mulenge rifata ubusa.

Ikorana buhanga rya FARDC ryarashe i Mulenge rifata ubusa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?