• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FARDC yongeye kurenga ku gahenge itera M23 muri Kivu Yaruguru.

minebwenews by minebwenews
December 4, 2024
in Regional Politics
0
FARDC yongeye kurenga ku gahenge itera M23 muri Kivu Yaruguru.
79
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FARDC yongeye kurenga ku gahenge itera M23 muri Kivu Yaruguru.

You might also like

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryongeye kugaba ibitero ku mutwe wa M23 mu gihe impande zombi zari mu gahenge nk’uko byari mu masezerano yasinyiwe i Luanda muri Angola.

Ni iyindi nshuro yo kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano bibaye , mu gihe kandi hari hateganyijwe ibindi biganiro i Luanda bigamije guhoshya amakimbirane hagati y’impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC.

Muri ibi bitero Leta yagabye ku mutwe wa M23, yanigabye kuba byaraguyemo abarwanyi benshi bo muri uwo mutwe.

Ku ruhande rwa M23, umuvugizi wayo mu bya politiki, yatanze ubutumwa akoresheje urubuga rwa x, avuga ko M23 yatewe mu masaha y’igitondo cya kare cyo ku wa kabiri tariki ya 03/12/2024; agaragaza ko ibyo bitero byabereye mu duce two muri teritware ya Lubero mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ariko ntiyabivugaho byinshi. Gusa amakuru yakomeje gutangwa ku mbuga avuga ko M23 yigaruriye utundi duce two muri Lubero.

Mu gihe imirwano ikomeje, Leta ya Kinshasa n’umuryango w’Abibumbye, bikomeza gushinja u Rwanda gushyigikira uyu mutwe wa M23, ibyo u Rwanda rwakomeje gutera utwatsi, hubwo rukavuga ko Leta ya Kinshasa yananiwe kwikemurara ibibazo biyihanze.

U Rwanda kandi ruvu ko RDC ikorana n’umutwe witerabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda mu 1994.

Kuri izo mpamvu u Rwanda ahagana mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, rwatangaje ko rwakajije umutekano ku mupaka uruhuza na Congo, ruhashyira ingabo nyinshi n’imbunda zikaze.

Rwatangaje ko ibyo babikoze kubera ko Leta ya Kinshasa yarimo ikomeza kongera ingabo zayo ku mupaka uhuza ibihugu byombi.

Mu Cyumweru gishize, abaminisitiri b’ubabanye n’amahanga ba RDC n’u Rwanda bumvikanye ku bisabwa kugira ngo u Rwanda rugabanye abasirikare bayo bashyizwe hafi n’umpaka wa RDC .

Nta gihindutse aba perezida Félix Tshisekedi wa RDC na Paul Kagame w’u Rwanda bazohurira mu nama i Luanda muri Angola tariki ya 15/12/2024.

Tags: FardcIbiteroLuberoM23
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware

Abasirikare b’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware Abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi barenga 500 bari guhigwa bukware n’inzego z’umutekano, bashinjwa gutoroka inshingano za gisirikare nyuma yo gutsindwa ku...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR

Perezida Ndayishimiye Yizeje MONUSCO Kurinda U Rwanda, Ntiyashyigikira Gusenywa kwa FDLR Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa bw’amahoro muri Repubulika Iharanira...

Read moreDetails

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yongeye Gufungura Internet Nyuma y’Itangazwa ry’Ibyavuye mu Matora ya Perezida Leta ya Uganda yongeye gufungura internet mu gihugu hose nyuma y’itangazwa ry’ibyavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu, byemeje...

Read moreDetails

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora

Uganda Yategetse Gufunga Internet mu Gihugu Hose Mbere y’Amatora Leta ya Uganda yafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika internet mu gihugu hose mu gihe kitazwi. Iki cyemezo cyatangajwe n’Ikigo...

Read moreDetails

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura

Bobi Wine Yatanze Gasopo yo Kwigaragambya mu gihe Amatora Yagaragaramo Ubujura Umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi muri Uganda, Robert Kyagulanyi Ssentamu, uzwi cyane ku izina rya Bobi Wine, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru mashya, RDC hadutse indwara ikomeye, ikaba imaze guhitana  abantu batari bake.

Amakuru mashya, RDC hadutse indwara ikomeye, ikaba imaze guhitana abantu batari bake.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?