• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR ibyo gushyira intwaro hasi ntibikozwa, ahubwo yavuze ko yiteguye kurwana-ibirambuye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 11, 2025
in Regional Politics
0
FDLR ibyo gushyira intwaro hasi ntibikozwa, ahubwo yavuze ko yiteguye kurwana-ibirambuye
70
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDLR ibyo gushyira intwaro hasi ntibikozwa, ahubwo yavuze ko yiteguye kurwana-ibirambuye

You might also like

Roger Lumbala n’abunganizi be banze kwitaba urukiko ku munsi wa kabiri w’urubanza

Amerika yasubitse ku munota wa nyuma inama yagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi

Uganda na Kenya bishobora kwinjira mu ntamabara – Perezida Museveni

Mu gihe Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) yatangije ubukangurambaga bwo gusaba inyeshyamba za FDLR gushyira hasi intwaro no kwishyikiriza mu mahoro kugira ngo zoherezwe mu Rwanda, ubuyobozi bwa FDLR bwatangaje ko butazigera bwemera icyo cyemezo keretse habayeho ibiganiro na Leta y’u Rwanda.

Mu butumwa bushya bwashyizwe hanze n’abavuga ko ari abavugizi ba FDLR, bavuze ko “bazakomeza kurwana kugeza Kigali yemeye kwicarana na bo mu biganiro by’amahoro.” Ibi bije nyuma y’aho Kinshasa na Kigali bashyize umukono ku masezerano yo ku wa 27/06/ 2025, asaba ko FDLR ishyira hasi intwaro, igasubizwa mu Rwanda ku bushake cyangwa ku gahato.

Leta ya Congo itangaza ko iyo FDLR yanze kwishyikiriza ku neza, hazakurikizwa ingufu za gisirikare. Iyo gahunda y’ingufu iravugwa ko igeze kure mu itegurwa, hashingiwe ku bufatanye hagati ya Kinshasa na Kigali mu rwego rwo kurandura imitwe y’iterabwoba igikorera mu Burasirazuba bwa Congo.

FDLR, igizwe n’abasize bakoze Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, imaze imyaka irenga 25 ikorera mu mashyamba ya Congo. Kuva hatangiye imirwano ikaze hagati ya FARDC n’umutwe wa M23, harushijeho kugaragara ubufatanye hagati ya FDLR n’igisirikare cya Congo, nubwo Kinshasa ikomeza kubihakana mu ruhame.

Umuvugizi wa Leta ya Congo ntiyigeze agira icyo atangaza kuri ibi byatangajwe na FDLR, ariko abakurikiranira hafi iby’umutekano mu karere bemeza ko imikoranire hagati y’izi nyeshyamba na FARDC ariyo mpamvu ikomeye y’ubwumvikane buke hagati y’u Rwanda na Congo.

Ibi biremeza ko ikibazo cya FDLR kikiri imbogamizi ku mahoro arambye mu karere, ndetse bigaragaza impungenge ku ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano mashya hagati ya RDC n’u Rwanda.

Tags: FDLRRdcRwanda
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Roger Lumbala n’abunganizi be banze kwitaba urukiko ku munsi wa kabiri w’urubanza

by Bahanda Bruce
November 13, 2025
0
Roger Lumbala n’abunganizi be banze kwitaba urukiko ku munsi wa kabiri w’urubanza

Roger Lumbala n’abunganizi be banze kwitaba urukiko ku munsi wa kabiri w’urubanza Ku munsi wa kabiri w’iburanisha ry’urubanza rwa Roger Lumbala, wahoze ari umunyapolitiki ukomeye muri Repubulika ya...

Read moreDetails

Amerika yasubitse ku munota wa nyuma inama yagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Amerika yasubitse ku munota wa nyuma inama yagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi

Amerika yasubitse ku munota wa nyuma inama yagombaga guhuza Perezida Kagame na Tshisekedi Leta Zunze Ubumwe za Amerika zasubitse ku munota wa nyuma inama yari iteganyijwe guhuza Perezida...

Read moreDetails

Uganda na Kenya bishobora kwinjira mu ntamabara – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Uganda na Kenya bishobora kwinjira mu ntamabara – Perezida Museveni

Uganda na Kenya bishobora kwinjira mu ntamabara - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko igihugu cye gishobora kwinjira mu makimbirane na Kenya mu gihe...

Read moreDetails

Imvugo y’Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi Yateye Impungenge ku Batuye mu Minembwe

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Gen. Baratuza w’Ingabo z’u Burundi yahakanye ibivugwa ku gufunga inzira, asubiza abigaragambya mu Minembwe

Imvugo y’Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi Yateye Impungenge ku Batuye mu Minembwe Amagambo yavuzwe n’Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Burundi, Général de Brigade Gaspard Baratuza, yatumye abatuye mu Minembwe bongera kugaragaza...

Read moreDetails

Gen. Baratuza w’Ingabo z’u Burundi yahakanye ibivugwa ku gufunga inzira, asubiza abigaragambya mu Minembwe

by Bahanda Bruce
November 12, 2025
0
Gen. Baratuza w’Ingabo z’u Burundi yahakanye ibivugwa ku gufunga inzira, asubiza abigaragambya mu Minembwe

Gen. Baratuza w’Ingabo z’u Burundi yahakanye ibivugwa ku gufunga inzira, asubiza abigaragambya mu Minembwe Umuvugizi w’Ingabo z’u Burundi, Brigadier Général Gaspard Baratuza, yateye utwatsi ibirego bivuga ko ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo z’u Burundi zasesekaye ku bwinshi mu Bibogobogo mu rugamba rwo guhangana na Twirwaneho na M23

Ingabo z’u Burundi ziturutse mu Bibogobogo zerekeje mu bice bya Minembwe-ibirambuye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?