• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR n’ingabo z’u Burundi, n’indi mitwe y’Inyeshamba, bya tahuwe ko bagiye gutera u Rwanda banyuze ku butaka bw’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
0
FDLR n’ingabo z’u Burundi, n’indi mitwe y’Inyeshamba, bya tahuwe ko bagiye gutera u Rwanda banyuze ku butaka bw’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDLR na FLN b’injiye mu ishamba gufatikanya n’ingabo z’u Burundi ngo batere igihugu cy’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni umutwe w’inyeshamba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, hamwe na FLN byavuzwe ko byamaze gufatikanya n’igisirikare cy’u Burundi kugira ngo batere igihugu cy’u Rwanda.

Kuri ubu amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi yemeza ko ziriya nyeshamba ko zamaze kw’injira mu ishamba rya kibira mu rwego rwo gushaka uko batangira kugaba ibitero ku butaka bw’u Rwanda, nk’uko ay’amakuru yatanzwe n’abaturage baturiye ahitwa Rutorero, Gafumbegeti, Gasebeyi, Ruhororo Bumba, Ndora Myave na Bihembe, muri Komine Mabayi na Bukinanyana, mu Ntara ya Cibitoki.

Bamwe mu baturage baganiriye n’ikinyamakuru cya Sos media Burundi, dukesha iy’inkuru ba yibwiye ko FDLR na FLN ko b’injiye mu ishamba rya kibira bavuye mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri ubu bakaba bari mu ishyamba hamwe n’imbonerakure n’ingabo z’u Burundi.

Ay’amakuru kandi yemejwe n’abasirikare b’u Burundi badashima ibyo leta ikora. Gusa Guverineri w’i Ntara ya Cibitoki, ari nawe ukuriye ibikorwa bya gisirikare muriyo Ntara, yavuze ko ay’amakuru ari ikinyoma cyambaye ubusa.

Umusirikare w’u Burundi watanze ay’amakuru kuri SOS media Burundi yagize ati: “Ni inyeshamba za FLN n’Interahamwe, misiyo yabo ni ukugaba ibitero ku Rwanda kugira ngo bigarurire icyo gihugu ba cyomeke ku Burundi.”

Hagize igihe havugwa ko ingabo z’u Burundi ko zakomeje kurundwa mu mashamba y’icyo gihugu ahuza u Rwanda n’u Burundi, mu rwego rwo kw’itegura ko ingabo z’u Burundi zigaba ibitero mu Rwanda, ndetse ibi byatangiye n’ambere y’uko u Burundi bufunga imipaka iruhuza n’u Rwanda.

Ni mugihe mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri umwaka ushize, ingabo z’u Burundi zari mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri RDC zashizwe ku butaka bwiyo Ntara iruhuza n’u Rwanda, nka Nyangezi, Kamanyola, i Djwi, Ngomo, ndetse no mo kibaya cya Rusizi.

FDLR ikaba yongeye k’umvikana mu mugambi umwe n’u Burundi wo kurwanya u Rwanda, hashize iminsi mike perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, atangaje ko ahuriye na RDC muri gahunda yo guhirika perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Ninyuma y’uko Evariste Ndayishimiye mu mpera z’u mwaka ushize yashinje u Rwanda guha ubufasha umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwa Bujumbura.

Bruce Bahanda.

Tags: Bagiye gutera u Rwanda banyuze ku butaka bw'u BurundiIngabo z'u Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.

Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w'u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?