• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR n’ingabo z’u Burundi, n’indi mitwe y’Inyeshamba, bya tahuwe ko bagiye gutera u Rwanda banyuze ku butaka bw’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
February 17, 2024
in Regional Politics
0
FDLR n’ingabo z’u Burundi, n’indi mitwe y’Inyeshamba, bya tahuwe ko bagiye gutera u Rwanda banyuze ku butaka bw’u Burundi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDLR na FLN b’injiye mu ishamba gufatikanya n’ingabo z’u Burundi ngo batere igihugu cy’u Rwanda.

You might also like

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

Ni umutwe w’inyeshamba wa FDLR, urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, hamwe na FLN byavuzwe ko byamaze gufatikanya n’igisirikare cy’u Burundi kugira ngo batere igihugu cy’u Rwanda.

Kuri ubu amakuru ava mu gihugu cy’u Burundi yemeza ko ziriya nyeshamba ko zamaze kw’injira mu ishamba rya kibira mu rwego rwo gushaka uko batangira kugaba ibitero ku butaka bw’u Rwanda, nk’uko ay’amakuru yatanzwe n’abaturage baturiye ahitwa Rutorero, Gafumbegeti, Gasebeyi, Ruhororo Bumba, Ndora Myave na Bihembe, muri Komine Mabayi na Bukinanyana, mu Ntara ya Cibitoki.

Bamwe mu baturage baganiriye n’ikinyamakuru cya Sos media Burundi, dukesha iy’inkuru ba yibwiye ko FDLR na FLN ko b’injiye mu ishamba rya kibira bavuye mu gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri ubu bakaba bari mu ishyamba hamwe n’imbonerakure n’ingabo z’u Burundi.

Ay’amakuru kandi yemejwe n’abasirikare b’u Burundi badashima ibyo leta ikora. Gusa Guverineri w’i Ntara ya Cibitoki, ari nawe ukuriye ibikorwa bya gisirikare muriyo Ntara, yavuze ko ay’amakuru ari ikinyoma cyambaye ubusa.

Umusirikare w’u Burundi watanze ay’amakuru kuri SOS media Burundi yagize ati: “Ni inyeshamba za FLN n’Interahamwe, misiyo yabo ni ukugaba ibitero ku Rwanda kugira ngo bigarurire icyo gihugu ba cyomeke ku Burundi.”

Hagize igihe havugwa ko ingabo z’u Burundi ko zakomeje kurundwa mu mashamba y’icyo gihugu ahuza u Rwanda n’u Burundi, mu rwego rwo kw’itegura ko ingabo z’u Burundi zigaba ibitero mu Rwanda, ndetse ibi byatangiye n’ambere y’uko u Burundi bufunga imipaka iruhuza n’u Rwanda.

Ni mugihe mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri umwaka ushize, ingabo z’u Burundi zari mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri RDC zashizwe ku butaka bwiyo Ntara iruhuza n’u Rwanda, nka Nyangezi, Kamanyola, i Djwi, Ngomo, ndetse no mo kibaya cya Rusizi.

FDLR ikaba yongeye k’umvikana mu mugambi umwe n’u Burundi wo kurwanya u Rwanda, hashize iminsi mike perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye, atangaje ko ahuriye na RDC muri gahunda yo guhirika perezida w’u Rwanda Paul Kagame.

Ninyuma y’uko Evariste Ndayishimiye mu mpera z’u mwaka ushize yashinje u Rwanda guha ubufasha umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwa Bujumbura.

Bruce Bahanda.

Tags: Bagiye gutera u Rwanda banyuze ku butaka bw'u BurundiIngabo z'u Burundi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

by Bahanda Bruce
March 12, 2026
0
U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC

U Rwanda Rwamaganye Uburyarya bw’Amahanga ku Ntambara yo muri RDC Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ko uburyo umuryango mpuzamahanga witwara ku ntambara iri kubera...

Read moreDetails

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe

Uwari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Bunyoni, Yarekuwe Nyuma yo Kumara Hafi Imyaka Ine Afunzwe Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’u Burundi, Alain-Guillaume Bunyoni, yarekuwe nyuma yo kumara hafi imyaka...

Read moreDetails

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

by Bahanda Bruce
March 11, 2026
0
U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni

U Bufaransa, u Bubiligi na EU Bamaganye Igitero Cyahitanye Umukozi wa Loni Mu gihe umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ukomeje kuba ikibazo gikomeye ku...

Read moreDetails

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w’u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.

Perezida Tshisekedi yahuye na Paul Kagame w'u Rwanda, imbona nkubone maze avuga akari ku mutima.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?