Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

FDLR nyuma yo gukubitwa na m23, bamwe muri yo bahungiye mu Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 7, 2025
in Regional Politics
0
FDLR nyuma yo gukubitwa na m23, bamwe muri yo bahungiye mu Rwanda.
115
SHARES
2.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

FDLR nyuma yo gukubitwa na m23, bamwe muri yo bahungiye mu Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Abarwanyi batatu bo mu mutwe wa FDLR bahoraga muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bishyikirije inzego z’umutekano z’u Rwanda.

Amakuru avuga ko aba barwanyi bo mu mutwe wa FDLR urimo abasize bakoze jenoside mu Rwanda, bambutse mu Rwanda muri iki gitondo cyo ku wa kabiri tariki ya 07/01/2025.

Kandi ko bambukiye ahitwa mu Kigezi hahereye mu murenge wa Busesamana mu Rwanda.

Aba barwanyi baje ari batatu n’imbunda zabo zitatu, ndetse kandi bari bitwaje na motolora (icyombo).

Ubuyobozi bw’ibanze bw’u Rwanda bwemeje aya makuru nk’uko iy’inkuru dukesha umuseke yabitangaje.

Umuseke wavuze ko ubuyobozi bwagize buti: “Ayo makuru ni yo rwose, muri Busesamana, abantu bishyikirije ubuyobozi bavuye muri FDLR cyangwa bavuye mu buhungiro muri RDC, baba baje kubera ko bafite icyizere igihugu binjiye, tuba dusaba abaturage bacu gukomeza kuvuga ibyiza bafite kugira ngo abatinya batinyuke baze dufatanye gukomeza kubaka igihugu.”

Kiriya kinyamakuru cyanatangaje kandi ko mu mpera z’u mwaka ushize mu kwezi kwa Cumi nabiri Ntibitura Jean Bosco umuyobozi wo muri ibyo bice, mu nama yagiranye n’abaturage bo mu kibaya cya Rusizi yabanenze kuba barebera abana bajya mu mitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo. Abasaba kutazongera kubemerera kugana iyo mitwe ihungabanya umutekano w’u Rwanda.

Tags: FDLRRwanda
Share46Tweet29Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, yongeye gukaza umurego.

Intambara hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za Congo, yongeye gukaza umurego.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?