• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, April 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, yongeye gukaza umurego.

minebwenews by minebwenews
January 7, 2025
in Regional Politics
0
Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, yongeye gukaza umurego.
102
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Congo, yongeye gukaza umurego.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Amakuru aturuka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru aravuga ko intambara ihanganishije umutwe wa M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa yongeye kugira uburemere bwinshi.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 07/1/2025 imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC n’abambari bayo yaramukiye ahitwa i Nyange, Nyabihanga , Rudefu na Shovu. Utwo duce tukaba duherereye muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Aya makuru avuga ko iyi mirwano yari remereye cyane, ni mu gihe yumvikanyemo imbunda ziremereye n’izito.

Ahandi habereye intambara ikomeye, nk’uko aya makuru akomeza abivuga ni mu nkengero za Ngugu nayo iherereye mu duce teritware ya Masisi ihanamo umupaka na Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Iyi mirwano ije ikurikira indi yarimaze iminsi ibera mu nkengero za centre ya Masisi, ikaba yaranasize uriya mutwe wa M23 wigarurira iyo centre.

Ibi byatumye abaturage baturiye ibyo bice bongera guhunga mu buryo budasanzwe; abahunze cyane n’abaturiye Ufamandu no muri Mufunyi-Shanga.

Bamwe muri aba baguhungira mu bice bya bohojwe na M23 i Katale, no mu bindi bice bigenzurwa n’ingabo za Leta nka hitwa Lumbishi-Numbi na Minova.

Nyamara kandi mu misozi yu namiye Minova muri teritware ya Kalehe haravugwa abarwanyi ba ba M23 ibyatumye ingabo za Congo zikomeza guhungabanya umutekano wo muri ako gace.

Perezida w’ibiro bishinzwe guhuza ibikorwa by’inama nyungurana bitekerezo bya sosiyete sivile (CCTSCKalehe), Delphin Birimbi yasabye abaturage baturiye teritware ya Kalehe gutera ingabo zabo mu bitugu kugira ngo barwanye M23.

Ku rundi ruhande abandi baturage bo muri ibyo bice bishimiye kuza kwabo barwanyi, nubwo bataragira ibice bafata byo muri Kalehe muri Kivu y’Amajy’epfo.

Tags: FardcIntambaraM23Masisi
Share41Tweet26Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Izamuka ry’ibiciro mu mujyi wa Goma riravuza ubuhuha.

Izamuka ry'ibiciro mu mujyi wa Goma riravuza ubuhuha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?