• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, January 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Fizi mu Kangaratete, Abaturage Batangiye Guhunga Ingo Zabo Nyuma y’Imirwano Ikaze ya Wazalendo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
January 5, 2026
in Conflict & Security
0
Fizi mu Kangaratete, Abaturage Batangiye Guhunga Ingo Zabo Nyuma y’Imirwano Ikaze ya Wazalendo
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Fizi mu Kangaratete, Abaturage Batangiye Guhunga Ingo Zabo Nyuma y’Imirwano Ikaze ya Wazalendo

You might also like

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Abaturage bo mu bice bitandukanye bya teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, bahunze ingo zabo ku mugoroba wo ku cyumweru tariki ya 0401/2026, nyuma y’uko hadutse ubwoba bukabije n’umutekano muke byatewe n’imirwano ikaze yahanganishije imitwe ibiri ya Wazalendo mu gace ka Namisha, mu majyepfo ya teritware ya Fizi.

Iyo mirwano yahuje umutwe wa Wazalendo CNPSC uyobowe na William Yakutumba, wo mu bwoko bw’Ababembe, n’undi mutwe witwa Biloze Bishambuke, uyobowe na Delphin Ngoma Nzito wo mu bwoko bw’Abapfulero. Aya makimbirane bivugwa ko yaturutse ku mabariyeri atangishwamo imisoro, aho buri ruhande rushaka kuba ari rwo ruyagenzura. Ibi byatumye havuka imirwano ikaze yateje umutekano muke, bituma abaturage benshi—barimo abagore, abana n’abageze mu zabukuru—bahitamo guhunga kugira ngo barokore ubuzima bwabo.

Abaturage bahunze bavuga ko imbunda ziremereye n’izoroheje zumvikanye mu duce twinshi two muri ako gace, bituma ibikorwa by’ubuzima busanzwe bihagarara. Amasoko n’ibindi bikorwa by’ubucuruzi byafunzwe, ndetse n’ingendo zirahagarikwa mu bice byibasiwe n’iyo mirwano.

Kugeza ubu, umubare w’abahitanywe n’imirwano nturamenyekana neza, ariko amakuru atandukanye avuga ko hapfuye abantu batari bake, harimo n’abayobozi bamwe bo muri Wazalendo. Hanavugwa kandi ko amazu menshi yubakishijwe ibyatsi yatwitswe n’inkongi, agakongoka. Hari impungenge ko iyi mirwano ishobora gukomeza gukaza umurego mu minsi iri imbere.

Abaturage basaba Ingabo z’Igihugu n’inzego z’umutekano kwihutira gutabara, hagashyirwaho ingamba zihamye zo kurinda abasivili no kugarura ituze, mu rwego rwo gukumira ko teritware ya Fizi yarushaho kwinjira mu kangaratete k’umutekano muke.

Iyi mirwano yongeye kugaragaza ingaruka zikomeye z’intambara z’imitwe yitwaje intwaro ku baturage b’abasivili, ndetse ikongera gutera impungenge ku hazaza h’umutekano n’iterambere by’aka gace ko mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Tags: FiziMukangaratete
Share28Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

by Bahanda Bruce
January 9, 2026
0
RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be

RDC: Uwahoze ari Minisitiri Yashinje ANR Gushimuta no Gukorera Iyicarubozo Abana be Ku wa Kane tariki ya 08/01/2026, Marie-Ange Mushobekwa, wahoze ari Minisitiri w’Uburenganzira bwa Muntu ndetse akaba...

Read moreDetails

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro

RDC: Diongo Anenga Raporo ya Loni, Ayishinja Kuba Intwaro yo Gukomeza Intambara Aho Gushaka Amahoro Perezida w’ishyaka Mouvement Lumumbiste Progressiste (MLP), Frank Diongo, yanenze bikomeye raporo iherutse gushyirwa...

Read moreDetails

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge

Menya Uwo Ari We Lt. Col. Mak Hazukay Wagizwe Umuvugizi w’Ingabo za FARDC Nyuma yo Guhagarikwa kwa Gen. Ekenge Lieutenant-Colonel Mak Hazukay Mongba yagizwe by’agateganyo Umuyobozi wa Serivisi...

Read moreDetails

Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa

Umwarimu wa Kaminuza Yarasiwe mu Rugo rwe, Ubugizi bwa Nabi Bukomeje Kwiyongera i Kinshasa Urupfu rwa Matthieu Abata Diabar Sona, umwarimu wa Kaminuza ya Kinshasa (UNIKIN), rwateje agahinda...

Read moreDetails

RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera

by Bahanda Bruce
January 8, 2026
0
RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera

RDC: Tshisekedi Yagaragaje Gushyigikira Ibiganiro by’Amahoro na AFC/M23, Ariko Ategeka Aho Bigomba Kubera Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yatangaje ko yifuza ko ibiganiro...

Read moreDetails
Next Post
Amerika Yatangaje Ko Iyoboye Venezuela mu Gihe cy’Inzibacyuho Nyuma y’Ifatwa rya Perezida Maduro

Uburyo Amerika Ishaka Gushyira Igitutu ku Bayobozi Begereye Maduro

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?