Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 11, 2024
in Regional Politics
1
Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

General Kainarugaba Muhoozi, wo mu Gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari ubwo yigeze kw’itwa umunyarwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni Gen Kainarugaba, u muhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, uzwi ko ari n’u mujanama w’u mukuru w’igihugu cya Uganda, mu bijyanye n’ibya Gisirikare.

Yashize inyandiko ku rubuga rwe rwa x maze ahishura ko yigeze kw’itwa umunyarwanda, mu myaka y’u buto bwe, ubwo bari mu buhingiro. Gusa ntiyavuga igihugu bari barahungiyemo, usibye ko amateka avuga ko perezida wa Uganda ko yari yarahungiye mu gihugu cya Tanzania.

Yagize ati: “Mu minsi maze ndiho, na menye ko u Rwanda na Uganda kwari igihugu kimwe! Ubwo nari mu buhingiro mu myaka ya 198, njyewe n’umuryango wanjye icyo gihe twiswe ‘Abanyarwanda.’ mureke dukemure ibi bi bazo bito vuba, kandi turusheho kujya imbere hamwe twese nk’uko bihora.”

Ni mugihe kandi yari yatangaje na none akoresheje urubuga rwa x, avuga ko ingabo z’i Gihugu cye, zitakora ikosa ngo zirwanye igihugu cy’u Rwanda.

Ati: “Ingabo zanjye nzibwira ko zitagomba kuzatekereza n’umunsi umwe ku rwanya i Gihugu cy’u Rwanda.”

Muhoozi, ni umwe mubayobozi bo mu ngabo za Uganda, wagiye agaragaza ko akunda u Rwanda, by’u mw’ihariko akunze kuvuga ko akunda perezida Paul Kagame. Rimwe narimwe avuga ko perezida w’u Rwanda ari “Uncle we(ise wabo).”

Mu gitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, yafashe iphoto ya Jeannette Kagame na Janet Museveni, maze agira ati: “Umuntu wese witegereza aba bagore beza, nta wabura kwibaza ko tuvukana , Imana ihe umugisha mama Janet na mama Jeannette.”

Bruce Bahanda.

Tags: GenKainarugaba MuhooziUgandaYahishuyeYiswe umunyarwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

Comments 1

  1. Anthony Scavetta says:
    1 year ago

    We’re a group of volunteers and starting a
    new scheme in our community. Your site offered us with valuable information to work on. You have performed a formidable process and our whole group will
    be thankful to you.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?