• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
1
Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

General Kainarugaba Muhoozi, wo mu Gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari ubwo yigeze kw’itwa umunyarwanda.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ni Gen Kainarugaba, u muhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, uzwi ko ari n’u mujanama w’u mukuru w’igihugu cya Uganda, mu bijyanye n’ibya Gisirikare.

Yashize inyandiko ku rubuga rwe rwa x maze ahishura ko yigeze kw’itwa umunyarwanda, mu myaka y’u buto bwe, ubwo bari mu buhingiro. Gusa ntiyavuga igihugu bari barahungiyemo, usibye ko amateka avuga ko perezida wa Uganda ko yari yarahungiye mu gihugu cya Tanzania.

Yagize ati: “Mu minsi maze ndiho, na menye ko u Rwanda na Uganda kwari igihugu kimwe! Ubwo nari mu buhingiro mu myaka ya 198, njyewe n’umuryango wanjye icyo gihe twiswe ‘Abanyarwanda.’ mureke dukemure ibi bi bazo bito vuba, kandi turusheho kujya imbere hamwe twese nk’uko bihora.”

Ni mugihe kandi yari yatangaje na none akoresheje urubuga rwa x, avuga ko ingabo z’i Gihugu cye, zitakora ikosa ngo zirwanye igihugu cy’u Rwanda.

Ati: “Ingabo zanjye nzibwira ko zitagomba kuzatekereza n’umunsi umwe ku rwanya i Gihugu cy’u Rwanda.”

Muhoozi, ni umwe mubayobozi bo mu ngabo za Uganda, wagiye agaragaza ko akunda u Rwanda, by’u mw’ihariko akunze kuvuga ko akunda perezida Paul Kagame. Rimwe narimwe avuga ko perezida w’u Rwanda ari “Uncle we(ise wabo).”

Mu gitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, yafashe iphoto ya Jeannette Kagame na Janet Museveni, maze agira ati: “Umuntu wese witegereza aba bagore beza, nta wabura kwibaza ko tuvukana , Imana ihe umugisha mama Janet na mama Jeannette.”

Bruce Bahanda.

Tags: GenKainarugaba MuhooziUgandaYahishuyeYiswe umunyarwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

Comments 1

  1. Anthony Scavetta says:
    2 years ago

    We’re a group of volunteers and starting a
    new scheme in our community. Your site offered us with valuable information to work on. You have performed a formidable process and our whole group will
    be thankful to you.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?