• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
1
Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

General Kainarugaba Muhoozi, wo mu Gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari ubwo yigeze kw’itwa umunyarwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Gen Kainarugaba, u muhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, uzwi ko ari n’u mujanama w’u mukuru w’igihugu cya Uganda, mu bijyanye n’ibya Gisirikare.

Yashize inyandiko ku rubuga rwe rwa x maze ahishura ko yigeze kw’itwa umunyarwanda, mu myaka y’u buto bwe, ubwo bari mu buhingiro. Gusa ntiyavuga igihugu bari barahungiyemo, usibye ko amateka avuga ko perezida wa Uganda ko yari yarahungiye mu gihugu cya Tanzania.

Yagize ati: “Mu minsi maze ndiho, na menye ko u Rwanda na Uganda kwari igihugu kimwe! Ubwo nari mu buhingiro mu myaka ya 198, njyewe n’umuryango wanjye icyo gihe twiswe ‘Abanyarwanda.’ mureke dukemure ibi bi bazo bito vuba, kandi turusheho kujya imbere hamwe twese nk’uko bihora.”

Ni mugihe kandi yari yatangaje na none akoresheje urubuga rwa x, avuga ko ingabo z’i Gihugu cye, zitakora ikosa ngo zirwanye igihugu cy’u Rwanda.

Ati: “Ingabo zanjye nzibwira ko zitagomba kuzatekereza n’umunsi umwe ku rwanya i Gihugu cy’u Rwanda.”

Muhoozi, ni umwe mubayobozi bo mu ngabo za Uganda, wagiye agaragaza ko akunda u Rwanda, by’u mw’ihariko akunze kuvuga ko akunda perezida Paul Kagame. Rimwe narimwe avuga ko perezida w’u Rwanda ari “Uncle we(ise wabo).”

Mu gitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, yafashe iphoto ya Jeannette Kagame na Janet Museveni, maze agira ati: “Umuntu wese witegereza aba bagore beza, nta wabura kwibaza ko tuvukana , Imana ihe umugisha mama Janet na mama Jeannette.”

Bruce Bahanda.

Tags: GenKainarugaba MuhooziUgandaYahishuyeYiswe umunyarwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

Comments 1

  1. Anthony Scavetta says:
    2 years ago

    We’re a group of volunteers and starting a
    new scheme in our community. Your site offered us with valuable information to work on. You have performed a formidable process and our whole group will
    be thankful to you.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?