• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.

minebwenews by minebwenews
February 11, 2024
in Regional Politics
1
Gen Kainarugaba Muhoozi, wo mu gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari igihe we, n’umuryango we, bigeze kw’itwa ab’Abanyarwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

General Kainarugaba Muhoozi, wo mu Gihugu cya Uganda, yahishuye ko hari ubwo yigeze kw’itwa umunyarwanda.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni Gen Kainarugaba, u muhungu wa Perezida Yoweli Kaguta Museveni, uzwi ko ari n’u mujanama w’u mukuru w’igihugu cya Uganda, mu bijyanye n’ibya Gisirikare.

Yashize inyandiko ku rubuga rwe rwa x maze ahishura ko yigeze kw’itwa umunyarwanda, mu myaka y’u buto bwe, ubwo bari mu buhingiro. Gusa ntiyavuga igihugu bari barahungiyemo, usibye ko amateka avuga ko perezida wa Uganda ko yari yarahungiye mu gihugu cya Tanzania.

Yagize ati: “Mu minsi maze ndiho, na menye ko u Rwanda na Uganda kwari igihugu kimwe! Ubwo nari mu buhingiro mu myaka ya 198, njyewe n’umuryango wanjye icyo gihe twiswe ‘Abanyarwanda.’ mureke dukemure ibi bi bazo bito vuba, kandi turusheho kujya imbere hamwe twese nk’uko bihora.”

Ni mugihe kandi yari yatangaje na none akoresheje urubuga rwa x, avuga ko ingabo z’i Gihugu cye, zitakora ikosa ngo zirwanye igihugu cy’u Rwanda.

Ati: “Ingabo zanjye nzibwira ko zitagomba kuzatekereza n’umunsi umwe ku rwanya i Gihugu cy’u Rwanda.”

Muhoozi, ni umwe mubayobozi bo mu ngabo za Uganda, wagiye agaragaza ko akunda u Rwanda, by’u mw’ihariko akunze kuvuga ko akunda perezida Paul Kagame. Rimwe narimwe avuga ko perezida w’u Rwanda ari “Uncle we(ise wabo).”

Mu gitondo cyo kuri uyu wo ku Cyumweru, yafashe iphoto ya Jeannette Kagame na Janet Museveni, maze agira ati: “Umuntu wese witegereza aba bagore beza, nta wabura kwibaza ko tuvukana , Imana ihe umugisha mama Janet na mama Jeannette.”

Bruce Bahanda.

Tags: GenKainarugaba MuhooziUgandaYahishuyeYiswe umunyarwanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

Mu gihe ku Cyumweru ari umunsi wogusenga Imana, ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa RDC bo, bazindutse bagaba ibitero mu baturage, i Masisi.

Comments 1

  1. Anthony Scavetta says:
    2 years ago

    We’re a group of volunteers and starting a
    new scheme in our community. Your site offered us with valuable information to work on. You have performed a formidable process and our whole group will
    be thankful to you.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?