Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Gen. Muhoozi yasezeye gukoresha x avuga n’impamvu, ariko agira n’ibyo asezeranya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 11, 2025
in World News
0
Gen. Muhoozi yasezeye gukoresha x avuga n’impamvu, ariko agira n’ibyo asezeranya.
89
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen. Muhoozi yasezeye gukoresha x avuga n’impamvu, ariko agira n’ibyo asezeranya.

You might also like

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Gen. Muhoozi Kainarugaba, umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, akaba n’umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, yatangaje ko atazongera kugira icyo avuga ku rubuga rwa x rwahoze rwitwa Twitter, ngo kuko agiye kwita kugisirikare abareye umuyobozi.

Ubu butumwa, Muhoozi yabutanze ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 10/01/2025, abunyujije kuri konti ye ya x, mbere y’uko ayisiba, kuko kuri ubu udashobora kuyibona. Yewe ni gihe wakwandika amazina yakoreshaga ntashobora kuza.

Yaranditse ati: “Zari imbaraga zidasanzwe n’urugendo rwiza kuri iyi mihanda mu gihe cy’imyaka 10 kuva mu 2014.”

Muhoozi yasobanuye ko gusezera kwe gukoresha x, bishingiye ku kuba igihe kigeze ngo yite ku ngabo.

Ati: “Igihe kirageze ku itegeko n’umugisha w’Imana. Ndashaka kwita ku ngabo. Ingabo za Uganda.”

Ariko kandi yavuze ko kugenda kwe atari u kwa burundu, ngo kuko igihe ni gihe ashobora kugaruka.

Ati: “Mu gihe gikwiye kiri imbere ni biramuka bibaye ibikenewe maze kuzuza inshingano za Nyagasani Imana zo kuzana ituze n’amahoro ku bantu be mu gace kacu, tuzongera duhure.”

Yongeye kandi ati: “Ndabakunda rwose.”

Yamaze gutanga ubu butumwa urukuta rwe kuri x ruhita rusibama.

General Muhoozi, mu bihe bitandukanye yagiye anyuza ubutumwa butandukanye ku rubuga rwa x, harimo ubutarigeze bwakirwa neza n’ibindi bihugu by’ibituranyi n’ibyo mu mahanga.

Hari ubwo yanditse mu mwaka wa 2022, avuga ko ingabo za Uganda zifite ubushobozi bwo gutera umujyi wa Nairobi muri Kenya zikawufata mu minsi 14 gusa.

Ubu butumwa icyo gihe, ntibwakiriwe neza n’abategetsi b’i Nairobi mu buryo bwa dipolomasi kuko yahise izamo agatotsi.

Mu mwaka ushize nabwo yanditse ko Donald Trump watsinze amatora muri Leta Zunze ubumwe Z’Amerika azamufasha kwigarurira umurwa mukuru wa Sudan, Khartoum.

No mu minsi yavubaha, yanditse ko agiye kugaba ibitero ku bacanshuro muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ubutumwa bwababaje RDC na Sudan, biza kurangira abusibye kuri konti ye.

Ikindi nanone Muhoozi yakunze kugaragariza kuri x, ni urukundo akunda Abanyarwanda n’Abatutsi bose muri rusange, by’umwihariko perezida w’u Rwanda Paul Kagame, ndetse n’ingabo z’u Rwanda (RDF).

Muhoozi wakoraga ibi, yinjiye mu gisirikare cya Uganda mu 1999, agenda agira amahirwe yo kuzamuka mu ntera kugeza abaye umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu.

Tags: MuhooziUgandaX
Share36Tweet22Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b’u Rwanda ararushimira.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0

U Bubiligi bwisubiyeho ku cyemezo bwari bwafashe, umwe mu bayobozi b'u Rwanda ararushimira. U Bubiligi bwemereye ishirahamwe ry'abakinyi bisiganwa ry'amagare kwitabira shampiyona (champion) y'isi iteganyijwe kubera i Kigali...

Read moreDetails

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika.

Trump yasinye itegeko ribuza abantu bava mu bihugu birenge 10 kutazinjira muri Amerika. Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko ribuza abantu bava mu...

Read moreDetails

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy’amateka, havuzwe igihugu cya yifashije.

Igitero Ukraine iheruka kugaba mu Burusiya cy'amateka, havuzwe igihugu cya yifashije. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zirashinjwa gufasha igisirikare cya Ukraine mu gitero karahabutaka giheruka kugaba ku butaka bw'u...

Read moreDetails

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika.

Hamenyekanye ibyo umuherwe Bill Gate agiye gufasha Afrika. Umunyamerika w'umukire ku rwego rw'isi, Bill Gate, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyari 200 z'amadolari y'Amerika mu bikorwa bigamije...

Read moreDetails

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw’u Burusiya.

Ingabo za Ukraine zigambye gukora igitero karahabutaka ku butaka bw'u Burusiya. Abasirikare badasanzwe ba Ukraine bakoresha indege zitagira abapilote zizwi nka drones zikoreshwa mu ntambara bakoze igitero cy'amateka...

Read moreDetails
Next Post
Abanyamulenge baburiwe nyuma y’aho bamwe muri bo bagaragaje imvugo zidahwitse.

Abanyamulenge baburiwe nyuma y'aho bamwe muri bo bagaragaje imvugo zidahwitse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?