Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gen.Muhoozi yatanze ubutumwa nyuma y’aho M23 yigaruriye umujyi wa Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 30, 2025
in Regional Politics
0
Gen.Muhoozi yatanze ubutumwa nyuma y’aho M23 yigaruriye umujyi wa Goma.
155
SHARES
3.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen.Muhoozi yatanze ubutumwa nyuma y’aho M23 yigaruriye umujyi wa Goma.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda, akaba n’umuhungu wa perezida Yoweli Kaguta Museveni, General Kainarugaba Muhoozi, yashimiye umutwe wa M23 nyuma y’uko ufashe umujyi wa Goma uherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ni ubutumwa uyu mugaba mukuru w’ingabo za Uganda yatanze akoresheje urubuga rwa x, aho yagize ati: “Nyuma yo gufata Goma, dushimiye uyu mutwe wa M23 wayifashe. Muri intwari.”

Yunzemo kandi ati: “Muri abavandimwe; ibi ni nabyo twari twiteze igihe kirekire. Rero, mwabikoze neza. Igihe ni niki ngo Afrika tugenzure impika.”

General Muhoozi, avuga ko n’ubundi Abazungu bari baraciye imipaka nabi, bityo ko hagomba kurebwa igikwiye. Yavuze kandi ko abaheruka gutwika ambasade ya Uganda i Kinshasa bazakurikiranwa aho bari hose bahanwe hisunzwe amategeko.

Ibyo abivuze mu gihe ku wa kabiri i Kinshasa muri RDC, habaye imyigaragambyo yari yahamagajwe na Leta y’iki gihugu, mu rwego rwo kugira ngo bamagane ifatwa rya Goma. Ku Cyumweru tariki ya 26/01/2025, ni bwo uyu mutwe winjiye mu mujyi wa Goma, ubundi ku wa mbere barawigarurira wose, nyuma y’urugamba rukomeye rwari ruyihanganishije n’ingabo za RDC.

Muri iyo myigaragambyo basenye inyubako za ambasade ya Uganda, iya Kenya, iy’u Rwanda n’iya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. RDC ishinja ibyo bihugu kuba inyuma y’umutwe wa M23.

Tags: GomaM23Muhoozi
Share62Tweet39Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u Rwanda yagaye mugenzi we wa Afrika y’Epfo.

Perezida w'u Rwanda yagaye mugenzi we wa Afrika y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?