• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 9, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Gen Sultan Makenga, yaheruka guhishura ukuri kwaho M23 ikura ubufasha, naho leta ya Kinshasa yatangaje ko igiye gutuza abaturage mubice M23 yambuwe.

minebwenews by minebwenews
October 23, 2023
in Uncategorized
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi mukuru w’ingabo za M23 Gen Sultan Makenga, ngoyaba yarahishuye aho ubufasha bwa M23 buva nimugihe yaherukaga kubwira itangaza Makuru ko ubufasha bwabo buva muri Guverinoma ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Aho yagize ati: “Ubufasha bwacu ntahandi buva nimuri leta ya Kinshasa. Niho dukura imbunda n’amasasu.”

Y’unzemo kandi ati: “Yewe na uniform twambara niho zivanwa. Turabarasa bagahunga bagata ibyo bafite.”

Ibi ngobyaba byagaragaye mur’iyiminsi ni mu mirwano iheruka ndetse n’iyabaye kuri uyu wa 22/10/2023, aho M23 yongeye kwisubiza ibice birimo Kibarizo , Kanyangili, Kinyandoni ndetse na Kirumba ibi bice byinshi bikaba biri muri teritware ya Rutsuru.

Amakuru dukesha isoko yacu, avuga ko M23 yambuye ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo imbunda ninshi iziremereye n’izito, drone za FARDC ndetse harimo n’imodoka zagisirikare (Convoy) zirenga 5. Ay’amakuru akomeza avuga ko muri Kinyandoni, FARDC yambuwe igifaru gikomeye bikekwa ko leta ya Kinshasa yakiguze mugihugu c’u Bushinwa.

FARDC ikaba iheruka nokwamburwa u Mujyi w’ingenzi wa Kitshanga uherereye mu bilometre 80 n’u Mujyi wa Goma.

Gusa ngo leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yanzuye ko igomba gusubiza byihuse abaturage mu bice byambuwe umutwe witwaje intwaro wa M23 muri teritwari ya Masisi na Rutshuru kugira ngo bitegure amatora nk’abandi.

Ibi bigaragara mu myanzuro y’inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo tariki ya 20/10/2023, yasohowe n’ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa 22/10/ 2023.

Muri iyi nama, Tshisekedi yahamije ko hari ibice M23 yambuwe muri izi teritwari, asaba Minisitiri w’umutekano na Minisitiri w’ingabo gukorana n’abafatanyabikorwa baba ab’imbere mu gihugu na mpuzamahanga, aba baturage bagasubira muri ibi bice.

Mu gihe abaturage baba bamaze kuhasubira, komisiyo y’amatora yasabwe kuhategurira ibikorwa by’amatora rusange ateganyijwe m’ukwezi kwa 12/2023, kandi n’inzego bireba zikayifasha kubirindira umutekano.

By Bruce Bahanda.

Tags: Gen Sultan MakengaYaheruka guhishura ukuri kwaho M23 ikura ubufasha
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Ibice M23 imaze kwigarurira habyukiye agahenge kamahoro n'aho Wazalendo batangaje ko barimo kwitegura kurwanya M23.

Comments 2

  1. Rugaruza honneur says:
    2 years ago

    Amahoro arakenewe muburasirazuba bwakongo nibyo inzirayamahoro samasasu menshi ahubwo nibiganiro byinshi hhhhhhhhhhh congo we uzakiraryari abanyekongo babone amahoro arambye

  2. Bruce Bahanda says:
    2 years ago

    Amahoro ningenzi muvandi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?