Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

General Eddy Kapend, yemeje urupfu rwa baguye mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 26, 2024
in Regional Politics
0
General Eddy Kapend, yemeje urupfu rwa baguye mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indwara ya Cholera yishe abantu ba barigwa mu i cyumi, mu kigo cy’imyitozo yagisirikare giheherereye i Mura, mu Ntara ya Haut-Katanga, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Bya vuzwe ko indwara ya Cholera, yatangiye kuvugwa mu kigo cya Mura, mu Cyumweru gishize aho kugeza ubu ihangayikishije abatari bake, baherereye muri ibyo bice ni mugihe abayirwaye bivugwa ko bakiri benshi.

Ubuyobozi bw’Ingabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Haut-Katanga, kuri uyu wa Gatanu, tariki 26/01/024, bemeje ay’amakuru banatangaza ko abamaze guhitanwa niyo ndwara ba barigwa mu i Cyumi.

Ibi n’ibyatangajwe n’umusirikare uyoboye akarere ka Gisirikare mu Ntara ya Haut-Katanga(22ème région militaire, General Eddy Kapend.

Uyu muyobozi uvuga rikijana mu Ntara ya Haut-Katanga, yanavuze ko hagiye gufatwa ingamba zikarishye kugira haboneke igisubizo kirambye ku bwahangayikoshijwe niyo ndwara, n’ubwo ikinze kwibasira muri Congo cyane.

Yagize ati: “Kuri ubu abamaze guhitanwa na Cholera, muri iki kigo cya Mura, ni abantu i Cyumi. Turimo gukora ibishoboka byose ngo haboneke igisubizo cyihuse maze duce burundu Cholera.”

Bruce Bahanda.

Tags: 10 baguye mu kigo cy'imyitozo ya Gisirikare i MuraEddy KapendMura
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje iki giye gukurikiraho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zishe abasivile.

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje iki giye gukurikiraho nyuma y'uko ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zishe abasivile.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?