• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje iki giye gukurikiraho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zishe abasivile.

minebwenews by minebwenews
January 26, 2024
in Regional Politics
0
Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje iki giye gukurikiraho nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zishe abasivile.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yahishuye ibyo M23 igiye gukora nyuma yuko ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, bishe abasivile muri Mweso, ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni k’u wa Kane, tariki ya 25/01/2024, ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zarashe ibisasu muri Mweso, bisiga bihitanye abasivile barimo abana n’abagore ndetse n’abagabo.

Lt Col Willy Ngoma, ubwo yatangaga ikiganiro kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/01/2024, kuri channel ya Bwiza Tv, yahishuye iki giye gukurikiraho nyuma y’uko bariya basivile bishwe.

Willy Ngoma, yagize ati: “M23 igiye gukora ibishoboka byose kugira iriya mbunda yakoreshejwe mu kwica abasivile ifatwe . Nta bwo tuzihanganira abakomeza kuduhekurira abasirivile bo mu gihugu cyacu, oya.”

Lt Col Willy Ngoma, yavuze ibi, mu gihe umutwe M23 wasohoye itangazo rya magana ubwo bwicanyi bwa korewe Abasivile muri Mweso, n’itangazo ryashizwe ho umukono n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Mur’iryo tangazo bagize bati: “Nyuma y’iki gitero hagaragaye ibi babaje, aho imirambo y’impinja, iy’abagore n’abagabo, yari iri ku mabaraza. Inzu, insengero n’amashuri byasenyutse.”

Itangazo rya M23 rigaragaza n’imibare yabaguye muri icyo gitero, rivuga ko “hishwe abasivile 20, abandi 17 barakomereka ndetse n’abandi benshi bava mu byabo.”

Itangazo rya M23 rishimangira rigira riti: “Bimaze ku garagara ko ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bwa maze kunanirwa n’urugamba, bananiwe guhangana na M23, none abarwanyi babwo bahinduye ingendo bari kwica abasivile.”

Itangazo rikomeza rivuga ko M23 itahwemye kumenyesha imiryango Mpuzamahanga ubu bwicanyi bukorerwa abasivile kandi bakicwa n’ingabo za leta ya Kinshasa.

M23 ivuga ko ibi byose ari perezida Félix Tshisekedi ubiri inyuma, bityo ko akwiye kuryozwa ubu bwicanyi akorera Abaturage.

Basoje bavuga ko M23 ifite inshingano zo kurinda umutekano wa baturage ko kandi batazakomeza kurebera ibi byaha bikomeje kwisubiraho.

M23 ivuga kandi ko kiriya gitero ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zagikoze bakoresheje imbunda zirimo intwaro yo mu bwoko bwa Katiusha irasa kure ndetse n’indege zitagira abapilote zizwi nka drone.

Bruce Bahanda.

Tags: Lt Col Willy NgomaMwesoUmuvugizi wa M23 mu bya gisirikare
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .

Ibindi wa menya ku gitabo cya nditswe na Joseph Kabila Kabange, ndetse nibyo Senateri Francine Muyumba asaba ishyaka rya Udps .

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?