• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Gufata u Mujyi wa Mushaki, ngo rwari Urugamba rukaze, bidasubirwaho Sake irazengurutswe.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasubirwaho, muriki Gitondo co kuri uyu wa Kane, tariki 07/12/2023, u Mujyi wa Mushaki, wo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, wigaruriwe n’Ingabo za ARC/M23.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

N’inyuma y’imirwano yatangiye igihe c’isaha z’ijoro saa umunani z’igitondo. Iy’i mirwano byavuzwe ko ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo, ko aribo bari bagabye ibitero ahari ibirindiro by’ingabo z’u mutwe wa M23 biherereye muri Kabati na Ruvunda, maze ingabo za M23 ziza kw’irwanaho birangira ingabo za Gen Sultan Makenga zambuye abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa u Mujyi wa Mushaki.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News imaze guhabwa numwe mu basirikare ba M23 yahamije ko u Mujyi wa Mushaki warimo indake ninshi Kandi ko kuzikuramo abarwanyi ba FDLR n’imbonerakure bitari byoroshye.

Yagize ati: “Ntabwo byari ugukina gufata u Mujyi wa Mushaki warimo indake za FDLR n’Imbonerakure z’u Burundi byari bintu bikaze. Ariko twazi bakuyemo byakunze rwose.”

Mushaki yarimo ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa ninshi, rwari Urugamba rukaze.

Tubibutsa ko umutwe wa M23 umaze kwambura ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ibice byose biri mu nkengero za Sake, nka Mushaki, Bihambwe, Rubaya, Trois Antennes nahandi.

Iy’i mirwano yongeye guhindura isura ahagana tariki 03/12/23.

Bruce Bahanda.

Tags: Bidasubirwaho Sake irazengurutsweGufata u Mujyi wa Mushaki ngo rwari Urugamba rukaze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n'Abasirikare baturiye teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Comments 2

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Courage M23 muzagere kure murenganure abantu barenganye muzagere na Minembwe

  2. Ndagiro Desire says:
    2 years ago

    Murabagabo,kandi uharanira,ukuri aratsinda

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?