• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yasezeranije Abaturage ko agiye gukemura ikibazo cya bagenzi nyuma y’uko imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi ifunze.

minebwenews by minebwenews
January 16, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu gihe ingaruka zo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, zageze no ku bacuruzi ba Banye-kengo, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Theo Kasi, yasezeranije Abaturage baturiye i Ntara abereye umuyobozi ko agiye kubitorera umuti.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Abanye-kongo bakoreshaga umupaka wa Ruhwa uhuza u Burundi n’u Rwanda bava muri Uvira na Bukavu, kuva leta y’u Burundi ifunze imipaka ihuza ibihugu byombi barahangayitse bidasubirwaho.

Guverinoma y’u Burundi yafunze imipaka yose itariki ya 11/01/2024, nyuma y’uko iki gihugu gishinje u Rwanda gushigikira inyeshamba za Red Tabara no kuziha icyumbi. Ibi u Rwanda rwa biteye utwatsi.

Ku wa Mbere, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yabigarutseho asezeranya Abaturage be ko vuba agiye kubishakira igisubizo kirambye mu maguru mashya.

Akaba yavuze ati: “Tugiye gukora ibishoboka byose tuvugurure umuhanda wa Bukavu, Uvira unyuze muri Ngomo.”

Yashimangiye avuga ati: “Igisubizo cyorohereza urujya n’uruza rw’Abaturage banyuze mu Rwanda bajya Uvira cyangwa bagana i Bujumbura.”

Kuri uy’u wa Mbere, itariki ya 15/01/2024, umupaka wa Kamvimvira hagaragaye imidoka zibarirwa mu magana zari zitwaye abagenzi ba Banyekongo bari bavuye i Bujumbura bagana i Bukavu. Abandi n’abo bavaga i Bukavu bagana i Bujumbura.

Gusa abenshi mu bagenzi bavuga ko batishimye aho ndetse n’ishirahamwe ridaharanira inyungu muri Uvira rya shimangiye ko uku gufunga umupaka wa Ruhwa n’indi bizagira ingaruka kuri bo kuko harigihe basanga umupaka wa Kamanyola wafunze Sacenda, bakanyura kuri Ruhwa.

Abashoferi benshi nabo bishirahamwe rya Mapasa ritwara abagenzi muri RDC bavuye i Bujumbura bemeza ko bo bakoreshaga cyane umuhanda wa Ruhwa.

Abacuruzi bo bakoreshaga umupaka wa Ruhwa banavuze ko gufunga uwo mupaka byatumye igiciro kizamuka kuko kuva Bujumbura ujya Bukavu unyuze muri Uvira, ari 60.000 fbu mugihe byari 35.000 fbu.

Bruce Bahanda.

Tags: Agiye gukemura ibibazo cya bagenziGuverineri Theo KasiImipaka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post

Umukuru w'igihugu c'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yanenzwe n'abanditsi mubyo avuga nibyo akora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?