• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Guverinoma ya Kinshasa yagize ibindi bishya itangaza ku mutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
October 1, 2024
in Regional Politics
1
Guverinoma ya Kinshasa yagize ibindi bishya itangaza ku mutwe wa M23.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Kinshasa yagize ibindi bishya itangaza ku mutwe wa M23.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Byatangajwe n’umuvugizi wa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, aho yatangaje ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bazasubizwa mu buzima bwa gisivile.

Mu bisobanuro uyu muvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa yatanze, yavuze ko ibyo gusubiza mu buzima busanzwe abarwanyi ba M23 bizanyura mu nzira ireba imitwe yose y’itwaje intwaro y’Abanyekongo izwi nka P-DDRCS.

Muyaya yagize ati: “Turi mu nzira ya mahoro arambye kandi P-DDRCS ni ikintu cyingenzi kizadufasha kumaraho imitwe y’itwaje imbunda yose. Na M23 izafatwa muri ubwo buryo. Ni na byo imyanzuro ya Luanda isaba.”

Umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa yanasobanuye ko mu biganiro byabereye i Luanda, hafashwe umwanzuro w’uko M23 igomba guhagarika imirwano no kujya mu nkambi ya bugenewe, nyuma abarwanyi bayo bagasubizwa mu buzima busanzwe.

Yakomeje avuga ko “ibyavugiwe mu nama bikigoye kugira ngo abyemeze ngo kuko nta tangazo rigaragaza imyanzuro yayo ryasohotse.

Uyu mutwe wa M23 kuva wubura imirwano mu mpera za 2021 wagarageje ko wagiranye ibiganiro na perezida Félix Tshisekedi bashyiraho amasezerano agamije kugarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu buryo burambye.

Major Willy Ngoma, umuvugizi w’igisirikare muri uyu mutwe wa M23, mu 2022 yasobanuye ko perezida Félix Tshisekedi yari yaremeye kwinjiza abarwanyi ba M23 mu gisirikare cy’igihugu, agaragaza ko kuba Tshisekedi yarisubiyeho byababaje.

Uyu mutwe wa M23, mu bihe bitandukanye usaba ubutegetsi bwa Kinshasa kuganira nawo, ariko iyo leta ntibikozwa, kuko rimwe na rimwe inavuga ko itazigera iganira n’uyu mutwe wa M23.

M23 nayo igaragaza ibibazo birimo ko Abanyekongo bo kuruhande rumwe bakorerwa ihohoterwa, cyane cyane Abatutsi, ndetse bamwe bakemeza ko ibibakorerwa bisa na genocide, kandi byose bigakorwa leta ya Kinshasa irebera.

Ikindi, kwemeza ko abarwanyi ba M23 bazasubizwa mu buzima busanzwe ni ukwemeza ko ari abenegihugu, hakibazwa impamvu Leta ya Kinshasa ikunze kubaheza aho kwicarana nabo ngo baganire ku bibazo bihangayikishije igihugu cyabo.

               MCN.
Tags: M23Patrick MuyayaUbuzima busanzwe
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu Banyamulenge bo mu Bibogobogo ntibakigera i Baraka, menya impamvu yabyo.

Bamwe mu Banyamulenge bo mu Bibogobogo ntibakigera i Baraka, menya impamvu yabyo.

Comments 1

  1. Tinlongo says:
    1 year ago

    Ahubwo mushyire FARDC mu gisiviri mugumane M23. Abazayirwa muri ibicucu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?