• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Guverinoma ya Kinshasa yagize ibindi bishya itangaza ku mutwe wa M23.

minebwenews by minebwenews
October 1, 2024
in Regional Politics
1
Guverinoma ya Kinshasa yagize ibindi bishya itangaza ku mutwe wa M23.
96
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverinoma ya Kinshasa yagize ibindi bishya itangaza ku mutwe wa M23.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Byatangajwe n’umuvugizi wa Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya, aho yatangaje ko abarwanyi b’umutwe wa M23 bazasubizwa mu buzima bwa gisivile.

Mu bisobanuro uyu muvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa yatanze, yavuze ko ibyo gusubiza mu buzima busanzwe abarwanyi ba M23 bizanyura mu nzira ireba imitwe yose y’itwaje intwaro y’Abanyekongo izwi nka P-DDRCS.

Muyaya yagize ati: “Turi mu nzira ya mahoro arambye kandi P-DDRCS ni ikintu cyingenzi kizadufasha kumaraho imitwe y’itwaje imbunda yose. Na M23 izafatwa muri ubwo buryo. Ni na byo imyanzuro ya Luanda isaba.”

Umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa yanasobanuye ko mu biganiro byabereye i Luanda, hafashwe umwanzuro w’uko M23 igomba guhagarika imirwano no kujya mu nkambi ya bugenewe, nyuma abarwanyi bayo bagasubizwa mu buzima busanzwe.

Yakomeje avuga ko “ibyavugiwe mu nama bikigoye kugira ngo abyemeze ngo kuko nta tangazo rigaragaza imyanzuro yayo ryasohotse.

Uyu mutwe wa M23 kuva wubura imirwano mu mpera za 2021 wagarageje ko wagiranye ibiganiro na perezida Félix Tshisekedi bashyiraho amasezerano agamije kugarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo mu buryo burambye.

Major Willy Ngoma, umuvugizi w’igisirikare muri uyu mutwe wa M23, mu 2022 yasobanuye ko perezida Félix Tshisekedi yari yaremeye kwinjiza abarwanyi ba M23 mu gisirikare cy’igihugu, agaragaza ko kuba Tshisekedi yarisubiyeho byababaje.

Uyu mutwe wa M23, mu bihe bitandukanye usaba ubutegetsi bwa Kinshasa kuganira nawo, ariko iyo leta ntibikozwa, kuko rimwe na rimwe inavuga ko itazigera iganira n’uyu mutwe wa M23.

M23 nayo igaragaza ibibazo birimo ko Abanyekongo bo kuruhande rumwe bakorerwa ihohoterwa, cyane cyane Abatutsi, ndetse bamwe bakemeza ko ibibakorerwa bisa na genocide, kandi byose bigakorwa leta ya Kinshasa irebera.

Ikindi, kwemeza ko abarwanyi ba M23 bazasubizwa mu buzima busanzwe ni ukwemeza ko ari abenegihugu, hakibazwa impamvu Leta ya Kinshasa ikunze kubaheza aho kwicarana nabo ngo baganire ku bibazo bihangayikishije igihugu cyabo.

               MCN.
Tags: M23Patrick MuyayaUbuzima busanzwe
Share38Tweet24Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu Banyamulenge bo mu Bibogobogo ntibakigera i Baraka, menya impamvu yabyo.

Bamwe mu Banyamulenge bo mu Bibogobogo ntibakigera i Baraka, menya impamvu yabyo.

Comments 1

  1. Tinlongo says:
    2 years ago

    Ahubwo mushyire FARDC mu gisiviri mugumane M23. Abazayirwa muri ibicucu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?